Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Perezida Kagame Paul yagaragaje uko icyorezo cya COVID-19 cyahungabanyije ubukungu bw’abatuye isi by’umwihariko ku Rwanda, asobanurira isi uko igihugu ayoboye cyabyifasemo mu kwita ku batishoboye barimo abagore n’urubyiruko.
Yabitangaje mu butumwa yatanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Mutarama 202, ubwo hafungurwaga inama yiswe "Davos Agenda 2021" yateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu, WEF yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga.
Iyi nama yitabiriwe n’abahanga mu bya siyansi, (…)
Perezida w’u Burundi Gen. Evariste Ndayishimiye yatangaje ko nubwo umubano w’igihugu cye n’u Rwanda urimo agatotsi hari byinshi birimo gukorwa kugira ngo wongere ubashe kumera neza, agaragaza ko afite ikizero ko mu minsi ya vuba ibibazo biwubangamiye bizaba bimaze kuvanwa mu nzira.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru Tariki 24 Mutarama 2021 ubwo hatorwaga Umunyamabanga Mukuru wamusimbuye mu ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD.
Perezida Ndayishimiye yavuze ko umubano w’u Burundi n’ibihugu (…)
Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko kugeza ubu u Rwanda rufite ubushibozi bwo kwakira no kwita ku ndembe za COVID-19 zikeneye kwitabwaho byihariye hakurikijwe ibitanda bihari mu bitaro n’ibigo byagenewe kwakira abarembejwe nayo.
Minisitiri yabitanagaje mu kiganiro cyaciye kuri radio na television by’igihugu, kuri iki cyumweru tariki ya 24 Mutarama 2021hagarukwa ku buryo ingamba zo kwirinda covid-19 ziri kubahirizwa cyane muri iyi minsi umujyi wa Kigali (…)
Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yaganiriye n’abakinnyi b’Amavubi bari muri Cameroun kuri uyu wa Gatanu, abagezaho ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bubifuriza intsinzi.
Ikipe y’Igihugu ifite umukino wa kabiri wo mu Itsinda C rya CHAN 2020, kuri uyu wa Gatanu, aho ikina na Maroc guhera saa Kumi n’Ebyiri.
Hifashishijwe ikoranabuhanga ry’amashusho, Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yaganiriye n’abakinnyi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, abagezaho ubutumwa bwa (…)
U Rwanda rwatumije inkingo miliyoni 1 za COVID-19 zizahabwa ikiciro cya mbere cy’abakozi bakora akazi nk’ako kwa muganga no mu nzego z’umutekano, kabashyira mu byago byo kwandura byihuse n’abari mu za bukuru hejuru y’imyaka 65 y’amavuko kimwe n’abafite indwara zikomeye zigabanya ubudahangarwa bw’umubiri.
Byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo k’Igihugu cy’Ubuzima RBC, Dr. Nsanziman Sabin, asobanura na gahunda igihugu giteganya mu gukingira abaturarwanda.
Ni inkingo zo mu kiciro (…)
Ubutegetsi bw’Ubushinwa bwafatiye ibihano abategetsi bahoze muri leta ya Trump, nyuma y’umwuka utari mwiza waranze impande zombi kuva Trump wabaye Perezida wa 45 w’Amerika akimara kwinjira mu Ngoro ya Perezida White House.
Ibihano Ubushinwa bwafatiye abahoze mu butegetsi bwa Trumpa ibihano byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu, Wang Yi, nyuma y’iminota mike Joe Biden arahiriye kuba perezida wa 46 w’Amerika ku mugoroba wo ku wa 20 Mutarama 2021.
Mu baza imbere ni (…)
Perezida Félix Tshisekedi yakiriye mu biro bye [Palais de la Nation] Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, mu Mujyi wa Kinshasa, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Kagame.
Minisitiri Dr Biruta ari mu ruzinduko rw’akazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarutangiye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Mutarama 2021.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri RDC byatangaje ku rukuta rwa Twitter ko “Umuyobozi wa dipolomasi y’u Rwanda yatwaye ubutumwa (…)
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iraburira Abanyarwanda kwitwararika ku cyorezo cya COVID-19 byagaragaye ko cyandura mu buryo butandukanye burimo n’umwuka.
Ni mu gihe uburyo bwakunze kuvugwa ko iki cyorezo cyanduramo ari amatembabuzi y’ukirwaye yanduza utakirwaye igihe baganiriye cyane cyane nta bwirinzi bw’agapfukamunwa.
Umuvugizi w’ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima (RBC) Julien Mahoro Niyingabira mu kiganiro yagiranye na Radio y’Igihugu tariki ya 20 Mutarama 2021 yavuze ko ubushakashatsi (…)
Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE, yatangaje ko yakiriye umuti witwa "Favipiravir" worohereza abazahajwe n’icyorezo cya COVID-19 umaze ibyumeru bitageze kuri bitatu wemejwe ko ufasha mu kwita ku barembejwe n’iki cyorezo.
Iby’uyu muti byaherukaga gutangazwa na Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel, ku wa mbere tariki ya 18 Mutarama 2021 ko u Rwanda rwawutumije ukaba ugiye gutangira guhabwa abarembejwe na covid-19.
Dr Hirwa Innocent, Umwalimu muri Kaminuza y’u Rwanda nawe yemeza ko uyu (…)
Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku iterambere rya Afurika yahurije hamwe abanyeshuri, abarimu, n’abandi bakozi bo muri Kaminuza ya Harvard, mu Ishami ry’Ubukungu.
Iyi nama yateguwe na Kaminuza ya Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yiswe ‘Africa Rising Seminar’. Yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga ry’amashusho rizwi nka ‘Video Conference’, kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Mutarama 2021.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro byatangaje ku rukuta rwa Twitter ko (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















