Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Burera baravuga ko amafaranga yitwa ’ingoboka’ ahabwa abangavu babyariye iwabo batayakoresha uko bikwiye, aho ngo bamara kuyafata bakayijyanira mu kabare aho kuyaguriramo abana icyo kurya cyo kurwanya imirire mibi.
Aba babyeyi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere, aho bavuga ko hari abamara gufata aya mafaranga bahabwa buri gihembwe barangiza bakajya kuyisengereramo inzoga.
Uwamariya Berancillah yagize ati: "Aba (…)
Imirwano yubuye muri Teritwari ya Nyiragongo mu Burasirazuba bwa Congo, aho Ingabo za Leta FARDC nabyutse zirwana n’iza M23 mu misozi ya Kibumba, humvikana intwaro ngo n’iziremereye.
Kugeza ku Masaya ya kumanywa, imirwano yasaga nkaho yabaye ihagaze, nyuma y’imirwano ikomeye yaramutse iba muri iyi teritwari ya Nyiragongo, yakurikiye iyindi yabaye kuri uyu wa Gatatu n’ijoro.
Iyi mirwano yobanze mu bice nka Kanyabuki, Kayamahoro, Mu Mabere y’Inkumi, kwa Mama Olive.
Uruhande rwa FARDC ngo (…)
Bamwe mu baturage bo mu Mudugu wa Mukumya, mu Kagari ka Basa, mu Murenge wa Rugerero, barasaba ko nabo bahabwa umuriro w’Amashanyarazi, kimwe nk’abandi Banyarwanda, bagatandukana no guhurira ku meza n’imbeba.
Aba baturage bagaragaza ko bagerageje kugeza kino kibazo ku nzego z’ibishinzwe, ariko ngo ntabwo zari zagikemura, bavuga ko banasabwe kwandika basaba umuriro hanyuma bandikira Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, mu mwaka ushize wa 2023, ndetse ubwabo bageze naho bishakira amapoto, ariko (…)
Abakuru b’ibihugu by’ibikomerezwa ku Isi bamwe batangiye kwifuriza Donald Trump ishya n’ihirwe ku ntebe iruta izindi muri Leta Zunze Ubumwe za America, nka Perezida bigaragara ko yatowe.
Ni nyuma y’imibare ijya kuba yose igaragaza ko umukandida Donald Trump yahigitse Kamala Harris bahataniraga umwanya w’umukuru w’igihugu cya USA.
Ku ikubitiro, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yashimiye Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yavuze ko yiteguye gukorana na we (…)
Mu muhango wo Gushimira abasora bo mu ntara y’Amajyaruguru basabwe kongera imbaraga mu gutanga umusoro n’amahoro kuko ariwo musingi Igihugu cyubakiyeho Iterambere ryacyo.
Nubwo Intara y’Amajyaruguru iza ku isonga mu misoro y’ubutegetsi bwite bwa Leta ku kigero cya 91.9% angana na Miliyari 44.73 rwf, iyi ntara ivuga ko yari yihaye intego yo kwinjiza miliyari 48.67 Frw ariko ngo umusoro weguriwe uturere iyi ntara yinjije wabaye miliyari 6.7 mu gihe yari yihaye intego yo gukusanya agera kuri (…)
Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yavuze ko basanze umuntu wakize icyorezo cya Marburg aba afite ubushobozi bwo kuyanduza undi muntu, bakaba ariho bahera basaba uwagikoze kwitwararika kugeza ku nama za nyuma za muganga zemeza ko cyashize mu mubiri wose.
Yabitangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2024, mu kiganiro nk’abanyamakuru n’abandi bo mu bigo bya leta n’imiryango itari iya leta itandukanye.
Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana yavuze ko abarwayi bose bari bafite ba (…)
Kuri uyu wa Gatandatu, ku itariki 02 Ugushyingo 2024, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru biganjemo abakorere mu Ntara y’Iburengerezabuha, aho muri kino kiganiro cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo n’iya Miss Muheto uherutse gutabwa muri yombi n’uri rwego.
By’umwihariko, Umuvugizi wa Polisi yavuze ko Miss Muheto Divine uherutse gufungwa, byatewe n’impamvu zitandukanye cyane iyo kuba nta ruhushya rwo gutwara imodoka yari afite, (…)
Hari bamwe mu baturage bo mu tugari dutandukanye mu Murenge wa Kimonyi, w’Akarere ka Musanze bavuga ko bagiye kumara imyaka irenga itatu babaruriwe ingurane z’ahanyujijwe umuyoboro w’amashanyarazi ariko kugeza magingo amaso yaheze mu kirere.
Aba baturage bagaragaje iki kibazo ubwo Umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Uwanyirigira Clarisse n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye zirimo n’iz’umutekano bari basuye abaturage, bumva ibibazo by’ingutu (…)
Perezida Félix Anthoine Tshisekedi wa DRCongo, yageze Entebbe muri Uganda aho yagiye guhura na mugenzi we Museveni, mu ruzinduko rw’akazi mu masaha make.
Biteganyijwe ko abakuru b’ibihugu bombi baza kuganira ku bijyanye n’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo. Uruzinduko rwa Tshisekedi ruteganyijwe kumara amasaha atageze ku munsi i Kampala muri Uganda Amafoto ya Perezidanse ya DRCONGO yaherekeje ubutumwa bwayo, agaragaza abakuru b’ibihugu byombi baganira mu biro bya Museveni, nyuma yo (…)
Nyuma y’ukukwabu wo gufunga insengero zitujuje ibyasabwaga n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ngo zibone gukorerwamo amateraniro, kuri ubu rwatangaje ko insengero 44 zimaze gufungurirwa mu nsengero 9,800 zari zarafunzwe.
RGB yavuze ko uko insengero zizajya zuzuza ibisabwa zizakomeza gufungurirwa.
Dr. Doris Uwicyeza Picard, Umuyobozi Mukuru wa RGB, ku wa Kabiri tariki 29 Ukwakira 2024, ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko raporo y’ibikorwa by’umwaka wa 2023/2024 n’ibizakorwa mu (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















