Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Kuva mu rukerera rwo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere muri Teritwari ya Lubero hari kuvugwa imirwano ikomeye hagati y’abari kurwana ku ruhande rwa FARDC mu ntambara ikomeje guhanganamo n’umutwe w’inyeshyamba wa M23.
Iyi mirwano yabereye mu bice bitandukanye muri Lubero, nka Hamandi, Hutwe, Kamatobe, Kikuvo, Ngekene, Kikubo, na Kasghe, Kasinga.
Iyi mirwano ikomeye yo kuri uyu wa Mbere ngo yabimburiwe, n’igitero cy’ibisasu FARDC, yarashe ku birindiro bya M23 k’umugoroba wo kuri iki (…)
Mu rugamba rwo kurandura virusi nshya ya HIV itera Sida, Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yatangaje ko abantu badakwiye gukerensa iyi ndwara kuko imibare igaragaza ko abantu 9 bandura iki cyorezo mu gihe mu bantu 100 bapfa ku munsi 7 bahitanwa na Sida.
Yabitangarije mu karere ka Rubavu, kuri iki cyumweru tariki ya Mbere Ukuboza ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA.
Dr Nsanzimana avuga ko buri munsi mu Rwanda havuka abana 1000, gusa (…)
Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe wa Sena, Dr Kalinda François Xavier yasabye abaturage bo mu karere ka Musanze kwirinda Ingengabitekerezo ya Jenoside, ikomeje kugaragara hirya no hino muri ako karere.
Ibi yabisabye abaturage nyuma y’igikorwa cy’Umuganda Rusange ku rwego rw’akarere ka Musanze cyabereye mu Murenge wa Gacaca ahatewe ibiti bigera ku bihumbi 8.000 kuri 10km.
Perezida wa Sena Dr Kalinda François Xavier yavuze ko mu myaka yashyize Ingengabitekerezo yari yaganutse (…)
Abafite aho bahuriye no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abakobwa n’abagore batibagiwe n’irikorerwa abagabo bavuga ko ntawari ukwiye guhishira ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ko uwarikorewe cyangwa uwamenye urikorerwa akwiye kwihutira gutanga amakuru ku nzego zibishinzwe rigakumirwa ritaragira ingaruka zirenze izirimo no kuhasiga ubuzima.
Aba babitangarije mu kiganiro cy’ako kanya (live) bagiranye na television Mamaurwagasabo, kigaruka ku kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa, (…)
Mu kagari ka Rugeshi mu Murenge wa Mukamira w’Akarere ka Nyabihu hari umwana w’umukobwa wafashwe n’uburwayi bwo gutonyoka umubiri wose kuva ubwo yari afite amezi atatu none ubu amaranye imyaka 10 ubwo burwayi.
Umubyeyi w’uyu mwana avuga ko ahora ajya Ku kigonderabuzima bakamuha Deburikari n’utunini tw’umuriro ngo azakira.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yagerega mu mudugudu wa Cyimikenke, mu murenge wa Mukamira aho yasanze uyu mwana yabonye akomeje kurembera mu rugo.
Nyirabizimana (…)
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko guhera muri Mutarama umwana utaha (2024), impunzi zose ziri ku butaka bw’u Rwanda zigiye kujya zivuza zikoresheje ubwisungane mu kwivuza bwa Mituweli bumenyerewe n’abanyarwanda badafite ubundi buryo bwo kwivuza.
Ni gahunda Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi MINEMA, ifite mu nshingano impunzi, ivuga ko ku ikubitiro yatangiye gushyirwa mu bikorwa, mu igerageza, aho impunzi ziba mu mujyi n’abanyeshuri b’impunzi biga bacumbikirwa bahabwa bivuriza kuri ubwo (…)
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yagaragaje ko amagambo y’ubushotoranyi ya Minisitiri w’Ubutera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba yatumye rugumishaho ingamba z’ubwirinzi ku mipaka yarwo.
Izi ngamba zitarasobanuka mu itangazamakuru, ni ikibazo gikomereye ubutegetsi bwa Congo, kuko iyo bageze mu biganiro bibera i Luanda muri Angola, iki gihugu kidahwema kuvuga ko kibangamiwe nazo ndetse kigashaka ko zakurirwaho rimwe n’icyo u Rwanda rusaba Congo (…)
Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Rugerero na Rubavu, mu Karere ka Rubavu, bafite impungenge zuko ibiza byakongera kubahekura muri kino gihe k’imvura, nyuma yaho ubu hari amazi ari kwinjira mu mazu yabo, biturutse ko nta hantu habugenewe yayoborewe ngo areke kubangiriza.
Umwe muri bano baturage watubwiye ko yitwa Ndayisaba, utuye mu Mudugudu wa Ruhengeri, mu Kagari ka Basa, mu Murenge wa Rugerero, agaragaza ko kino kibazo gishobora gutuma hari n’inzu zisenyuka.
Yagize ati" inzu ifite (…)
Hari bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, by’umwihariko mu murenge wa Shingiro bavuga ko hari bagenzi babo bagitinya kugaragaza ihohoterwa bakorerwa mu muryango, banga kwiha rubanda.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Shingiro, ahatangirijwe Ubukangurambaga bw’Iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina, mu nsanganyamatsiko igira iti "Umuryango uzira Ihohotera".
Uwamariya Claudine ni umwe mu batanga ubwo buhamya ku (…)
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bifatanyije na Tito Rutaremera n’umuryango we mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 80 amaze avutse.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, ku rubuga rwayo rwa X, byatangaje aya makuru, byandika bigira biti: "Kuri uyu mugoroba i Kigali, Perezida Kagame na Madamu Jeanette Kagame, bifatanyije na Tito Rutaremera n’umuryango we mu kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 80 amaze avutse".
Uyu mukambwe w’inararibonye mu mateka (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















