Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Urwego rw’igihugu rushinzwe kwihutisha iterambere RDB, rwemereye hoteli, utubari, restaurants n’utubyiniro gukora kugeza mu gitondo, kuva kuwa 5 nijoro kugeza ku cyumweru abantu bishimira iminsi mikuru.
Itangazo rya RDB ryemerera aba bashoramari kandi gukora kuva Saa Munani zo mu rukerera, kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Kane, hanyuma kuva ku wa Gatanu kugera ku Cyumweru, bikaba byakora bigakesha.
Mu itangazo RDB yashyize hanze, yavuze ko iki cyemezo gitangira gukurikizwa kuva kuri uyu wa (…)
Mu mpera z’icyumweru gishize, intambara ikomeje guhanganisha Igisirikare cya DRC, FARDC, n’abari kuyifasha guhangana n’umutwe wa M23 yarakomeje, mu masaha y’igitondo kuwa Gatandatu muri Teritwari ya Nyiragongo habaye imirwano hagati y’inyeshyamba za za FDRL ziri ku ruhande rwa FARDC hamwe n’umutwe w’inyeshyamba wa M23.
Iyi mirwano yatangiye mu ma saa tatu n’igice za mu gitondo, imara isaha n’iminota mike. Yumvikanyemo Mrintwaro nyota hamwe n’inini, hano umutwe wsa FDRL ngo waba waraguye (…)
Abanyeshuri 152 basoje amasomo muri kaminuza ya Muhabura Integrated Polytechnic college (MIPC) basabwe uruhare rwabo mu guhangana n’ibibazo byugarije intara y’amajyaruguru birimo imirire mibi mu bana itera Igwingira, ubusinzi bukabije, umwanda, amakimbirane mu miryango n’ibindi.
Ibi babisabwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Ukuboza 2024, Ubwo hatangwaga impamyabumenyi ku banyeshuri basoje amasomo mu mashami atandukanye arimo, Amahoteri n’Ubukerarugendo (Tourism andi Hospitality ) Ubwubatsi (…)
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, (RIB) rurasaba abayobozi bo mu nzego z’ibanze ko badakwiye guhishyira ibyaha by’Ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana.
Ibi byagarutsweho ku wa 4 Ukuboza 2024 Mu Murenge wa Shyira w’Akarere ka Nyabihu, ubwo abayobozi bari mu bukangurambaga bugamije kwibutsa uruhare rwabo mu kurwanya ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana.
Bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze baganiye na Mamaurwagasabo.rw bemeza ko ihohotera (…)
Nyuma yuko hari gushakwa uko Guverinoma y’u Rwanda n’iy’Ubwongereza baganira ku gusesa amasezerano yo kwakira abimukira bajyayo, ubu noneho hari gushakwa uko rwakakira abaturutse muri Leta Zunze Ubumwe za America (USA).
Amakuru aturuka kuri umwe mu bantu ba hafi ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America USA, Donald Trump aravuga ko namara kurahirira kwinjira mu biro azategura uko abashaka kwinjira muri America binyuranyije n’amategeko bazajya babanza kunyuzwa mu bindi bihugu birimo n’u (…)
Ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru bwatangaje ko bwahagurukiye bamwe mu baturage bo mu turere tugize iyi ntara bakora inzoga zitemewe mu rwihisho, ko bagiye gushakishwa.
Ni kibazo cyabajijwe mu kiganiro n’abanyamakuru cyahuje iyi ntara n’abanyamakuru, bagaragaza ko hari ingo zo muri iyi ntara zahindutse nk’inganda zikorerwamo inzoga zitujuje ubuziranenge ndetse ngo zimwe ziba zikingiwe ikibaba na bamwe mu bayobozi.
Mu gusubiza iki kibazo Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Mugabowagahunde (…)
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mukamira, Akarere ka Nyabihu baravuga ko barembejwe n’abajura, bagashyira mu majwi abashumba ko aribo bahengera bwije bakitwaza imihoro n’inkoni bakabambura utwabo.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo TV ubwo yagerega muri uyu murenge wa Mukamira mu kagari ka Rugeshi.
Mutabazi Theoneste yagize ati: "Bumara kugoroba umuntu yaba arimo kugenda akumva bamufashe, bakamwambura amafaranga na telefone, hari umugabo baherutse gutangira saa (…)
Perezida Paul Kagame yashyize mu myanya Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Madamu Domitilla Mukantaganzwa na Visi Perezida warwo, Bwana Alphonse Hitiyaremye.
Ni impinduka zaturutse mu itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 3 Ukuboza 2024.
Aba bayobozi Perezida Kagame yabashyize mu myanya hagendewe ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, ingingo yaryo ya 154.
Mukantaganzwa Domitilla asimbuye ku mwanya wa Perezida w’Urukiko (…)
Mu gihe byari itegeko ku mugenzi wi mu mugi wa Kigali ugiye gutega imodoka rusange kwishyura amafaranga y’urugendo rw’umuhanda wose yerekejemo, (ligne), kuri uyu wa Gatatu haratangira igeragezwa ryo kwishyuza umugenzi igiciro kijyanye n’urugendo yakoze.
Ni icyemezo cyatangajwe n’urwego ngenzuramikorere RURA, ko umugenzi muri Kigali ku modoka rusange azajya yishyuzwa hakurikijwe urugendo yakoze.
Iyi nkuru ishobora kuza kumvikana neza mu matwi ya bamwe mu bakoresha imodoka rusange mu Mujyi (…)
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yahamagariye abizera bose gukubita ibipfukamiro hasi bagasengera igihugu cyabo, kikabasha kwigobotora umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukomeje kwigwizaho ubutaka muri Kivu ya Ruguru.
Ku wa 02 Ukuboza 2024, ubwo yari Isiro mu Ntara ya Haut-Uele, nibwo yasabye ko hategurwa amasengesho mu gihugu hose hagamijwe kubona igitangaza, kugira ngo babashe gutsinda umutwe w’inyeshyamba wa M23.
Mu burakari bwinshi, yagaragaje ko hari (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















