Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Urugaga rw’Abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba, rwateguye imurikagurisha riteganyijwe ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu, rizamurikirwamo ibicuruzwa bitandukanye birimo n’imodoka.
Iri murikagurisha, biteganyijwe ko ritangira kuri uyu wa Gatatu, ku itariki 18 kugeza 29 Ukuboza 2024. Byitezwe ko rizitabirwa n’abakorera mu Rwanda ndetse no hanze yarwo. Imyiteguro irarimbanyije
Umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba Ernest Nkurunziza, yatangaje ko muri iri murikagurisha (…)
Abayobozi mu nzego z’ibanze n’abandi baturage bo mu byiciro bitandukanye bo mu ntara y’amajyaruguru basabwe kudafata ingengabitekerezo ya Jenoside ngo bayungire mu gikari.
Byagarutsweho kuri uyu wa mbere, tariki ya 16 Ukuboza 2024 mu nama nyunguranabitekerezo yahuje ubuyobozi bw’intara y’Amajyaruguru, Abayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye, aho bibukijwe ko ingengabitekerezo ya Jenoside atari icyaha cyo guhishyirwa n’uwo ariwe wese.
Rugumira Aloys, ni (…)
Mu murenge wa Ngororero w’Akarere ka Ngororero hari bamwe mu baturage bavuga ko bagiye kumara umwaka urenga basiragira ku ngurane y’imitungo yabo yangirijwe mu ikorwa ry’umuyoboro w’amashanyarazi mu kagari ka Gaseke.
Ibi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yagerega muri uyu murenge, aho bifuza ko bakwishyurwa ingurane z’ibyabo byangirijwe, ndetse bavuga ko amafaranga babariwe mbere yongeye kugabanywa, ibintu bikomeje kubahangayikisha.
Umwe muri aba baturage bafite iki (…)
Umutwe wa M23 urwana n’ubutegetsi bwa DRC, wafashe agace ka Matembe, gaherereye mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu mirwano yatangiye mu gitondo kuri iki Cyumweru, aho Radio Okapi, yatangaje ko uyu mutwe ariwo wateye ibirindiro byabo ku ruhande rwa FARDC, ukoresheje intwaro zirimo iziremereye.
Ku rundi ruhande ariko FARDC yigambye kurasa indege itagira abapilote ( drone) ya M23, kuri uyu wa Gatandatu.
Hari amakuru agera kuri Mama Urwagasabo ko kuri (…)
Kuri iki cyumweru nibwo hari hateganyijwe Inama y’abakuru b’ibihugu by’u Rwanda, DRComgo na Angola nk’umuhuza mu biganiro byo kugarura umubano hagati y’igihugu byombi gusa uruhande rw’u Rwanda ntirwitabiriye.
Kuwa gatandatu tariki ya 14 Ukuboza nibwo Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe Jean Patrick yageze i Luanda mu kwitegura iyo nama ikomeye.
Byageze no ku cyumweru Perezida wa DRCONGO, Felix Tshisekedi nawe amanuka i Luanda mu ndege (…)
Mu Murenge wa Matyazo w’Akarere ka Ngororero hari bamwe mu bagabo bavuga ko hari abagore bumvise nabi ihame ry’uburinganire n’ubwuzizanye none basigaye babakubita bajya kurega ntibumvwe n’inzego z’ubuyobozi, bikitwa ko ari amarira y’abagabo.
Ibi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo tv ubwo yageraga mu murenge wa Matyazo, bataka ko inkoni z’abagore zibarembeje.
Ntaganda phocus yagize ati" Iyo Umugore n’umugabo bagiranye Amakimbirane inzego z’ubuyobozi zumva uruhande rw’abagore (…)
Abayobozi mu nzego zose z’ibanze mu karere ka Rutsiro bakanguriwe kwirinda guhishira abakora ihohoterwa rishingiye ku gutsina.
Ubu ni bumwe mu butumwa bukubiye mu mahugurwa yasojwe kuri uyu wa Kane, yagenewe abayobozi mu nzego z’ibanze ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB.
Aya mahugurwa yari afite insanganyamatsiko igira iti: "Uruhare rw’Abayobozi b’inzego z’ibanze mu kurwanya ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana".
Muri aya mahugurwa yakorewe (…)
Umuturage witwa Uwitonze Emmanuellia wo mu Murenge wa Bwishyura, Akagari ka Nyarusazi, mu mudugudu wa Birembo ho mu karere ka Karongi arasaba ubufasha bwo kubakirwa inzu akava mu bukode ari kwirukanwamo na nyirayo kubera kutagira aho arambika umusaya.
Uwo mubyeyi avuga ko abana n’umugabo ufite ubumuga bw’ijisho bakaba batanishoboye, avuga ko bagorwa no kubona imibereho, byakiyongeraho n’ubukode basabwa buri kwezi bikababera imbogamizi. Akomeza avuga ko bamaze kunanirwa kubwishyura, (…)
Perezida Kagame yatangaje ko ubutabera bugomba gukora akazi kabwo bugahararika ubwicanyi buri gukorerwa abarokotse Jenoside bumaze iminsi bukorwa hirya no hino, ateguza ko amategeko nadakora akazi kayo hazakorwa ibindi.
Yabitangaje kuri uyu wa Kane ubwo yakoraga indahiro ya Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla n’iya Visi Perezida warwo, Hitiyaremye Alphonse.
Mu mbwirwaruhame y’Umukuru w’igihugu yamaze iminota igera kuri 12, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda (…)
Hari bamwe mu baturage bacururiza hanze bo mu Murenge wa Mukamira, Akarere ka Nyabihu basaba kubakirwa isoko ngo kubera ko imvura iyo iguye banyagirwa.
Aba bacuruzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yagerega muri uyu murenge wa Mukamira, aho aba bacuruzi bakorera mu nkengero z’umuhanda Nyabihu-Rubavu.
Umwe muri aba bacuruzi witwa Mukeshimana yagize ati: "Dukeneye isoko hano kubera ko iyo imvura iguye inyagira ibicuruzwa byacu tugahombo, aka masoko bari bubatse nabaye (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















