Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Mu muhango wo gusezeraho bwa nyuma Colonel (Rtd) Dr. Karemera Joseph umaze iminsi mike yitabye Imana, Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yavuze uburyo yanze gukoreshwa mu kugambanira igihugu cye.
Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, mu Ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo gusezera kuri Colonel (Rtd) Dr. Karemera wabereye mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko.
Colonel (Rtd) Dr. Karemera yitabye Imana tariki ya 11 (…)
Mu karere ka Burera hari abaturage bataka ikibazo cy’abangavu bajya mu gihugu gituranyi cya Uganda gushaka ubuzima, bakisanga bari mu ngeso mbi bagahindukira bakaba umutwaro ku babyeyi babo.
Aba bangavu nabo bavuga ko bahitamo kujya muri Uganda kubera gusharirirwa n’ubuzima, bavuga ko nta kazi bafite bityo bakajya gushakirayo akazi, bakisanga bakora ako mu tubari, bakisanga mu ngeso mbi zirimo n’uburaya.
Ibi bamwe muri abo babyeyi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo (…)
Abatuye mu Kagari ka Kabuga mu Murenge wa Mukura ho mu Karere ka Rutsiro barasaba kongera gufungurirwa ivuriro bifashishaga mu kwivuza, rimaze amezi agera kuri atandatu rifunze, bakaruhuka gukora urugendo rurerure bajya kwivuriza mu Karere ka Karongi.
Nibura aba baturage kugira ngo bagere ku bitaro bibegereye bya Kibara hari ubwo bibasaba gukora urugendo rugera ku masaha ane n’amaguru. Abashaka kujya ahabegereye bakajya i Rubengera mu karere ka Karongi, naho kandi bisaba gukora urugendo (…)
Ikibazo cy’umutekano muke n’intambara mu Burasirazuba bwa Congo gisa n’icyabaye agatereranzamba kamwe na nyina wa Nzamba, Inama ziraterana, amasezerano agasinywa ariko urwishe ya nka rugakomeza kuyibamo. Gusa nubwo bimeze bityo uRwanda hari icyo tubona cyarangiza ibintu byose umutekano ukagaruka mu gace.
Mu kiganiro yahaye Television y’igihugu, RBA, Ambassador w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe Jean Patrick, yavuze ko kugeza ubu basanga guverinoma ya (…)
Umuvugizi wa Guverinoma ya DRCONGO, Patrick Muyaya yatangaje ko Leta avugira yiteguye kwinjira mu rugamba rwo kurandura FDLR ariko mu gihe bemeranyije gukora icyarimwe ibikorwa bibiri bikubiye mu byo bemeranywaho.
Hari ingingo ebyiri z’ingenzi zigize amasezerano y’amahoro ya Luanda kugeza ubu akirimo kuganirwaho mu nama za ba Minisitiri b’Ububanyi n’amahanga, uw’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, uwa DRCongo, Thereze Kayikwamba Wagner, n’uw’igihugu cy’umuhuza cya Angola, Tete Antonio. (…)
Mu rugo rw’umugore usanzwe uzwiho gukora uburaya, mu murenge wa Kimonyi ho mu karere ka Musanze hasanzwe umurambo w’umugabo bikekwa ko ariwe wamwishe.
Iyo nsanganya yamenyekange mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere mu murenge wa Kimonyi mu Kagari ka Buramira, Umudugudu wa Kabaya.
Ni umurambo w’umugabo witwa Sebuyuki uri mu kigero cy’imyaka 22, bikekwa ko yishwe n’indaya yiriwe asangira nayo.
Umugore witwa Petronille Nyirabagenzi, wakwtswe, bivugwa ko biriwe basangira ejo ku cyumweru (…)
Mu Mirenge imwe yo mu karere ka Burera hari abaturage bakirwaye amavunja ndetse ugasanga kugira ngo batandukanye nayo biri kure kubera umwanda.
Abo umunyamakuru wa MAMAURWAGASABO yahuye nabo ni abo mu kagari ka Gafumba mu murenge wa Rugarama, abaturanyi b’umwe mu bayarwaye bavuga ko ikibazo cy’amavunja agiterwa n’umwanda none yabaye nk’akarande.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu rugo rw’umuturage witwa Ntibarikure Augustin w’imyaka 63 warwaye amavunja mu birenge byose (…)
Nyuma yaho Umunyamabanga Nshingwabikorwa, w’Umurenge wa Nyakiliba mu karere ka Rubavu, Uwimana Vedaste, agaragaye ari gusenya urukuta rw’igipangu cy’umuturage bigateza akavuyo, kuri ubu yanditse ibaruwa isaba gusezera akazi.
Gitifu yasenyaga ibyubatse avuga ko yabyubatse binyuranyije n’amategeko, ndetse abaturage bagiye kumukubita kubera kutabyumva kimwe nawe.
Mu ibaruwa yandikiye umukoresha we, ariwe akarere ka Rubavu, yanditse ibaruwa asezera mu gihe kitazwi ku nshingano (…)
Ubwo yatangizaga Inama ya Kabiri yiga ku bucuruzi mu bihugu byo ku mugabane wa Afurica, Biashara Africa, Perezida Kagame yavuze ko ibihugu byawo byifitemo ubushobozi bwo kwishyira hamwe bigakemura ibibazo biwugarije ubwabyo.
Iyi nama y’iminsi itatu igamije guteza imbere ubucuruzi n’ubuhahirane hagati y’ibihugu bya Afurika binyuze mu Isoko Rusange rya Afurika (AFCFTA).
Ni inama yitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo Mahamadou Issoufou wabaye Perezida wa Niger, Umuyobozi (…)
Bamwe mu baturage bo mu bice by’umujyi wa Musanze no mu byaro baravuga ko hakiri tumwe mu duce tugaragaramo ikibazo cyo kubura ihuzanzira rya telephone ngendanwa (Mobile Network) ahandi ikaboneka icikagurika, ndetse bamwe bikabasaba kurira ibiti n’imisozi kugira ngo bashake uko bavugana n’abandi.
Sosiyete z’itumanaho ya MTN Rwanda na Airtel-Tigo nizo zitanga itumanaho rya telephone mu Rwanda, abatuye mu byaro bya Musanze bazitunga agatoki ko zabasize mu bwigunge ndetse ngo hari uduce tumwe (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















