Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Kicukiro: Kigarama-Kagame na FPR yabijeje ibikorwa by'iterambere muri manda itaha
Kicukiro: Kigarama-Kagame na FPR yabijeje ibikorwa by’iterambere muri manda itaha

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Murenge wa Kigarama ho mu karere ka Kicukiro baratangaza ko ibyo bagejejweho n’Umukandida wabo Paul Kagame n’umuryango FPR Inkotanyi byiyongeraho ibyo ateganya kubakorera bizatuma bamutora 100%.
Ku rwego rw’umurenge wa Kigarama, kwamamaza Umukandida Paul Kagame n’umuryango FPR Inkotanyi byabereye ku mbuga ya Gikondo hafi n’icyicaro cya Kaminuza y’u Rwanda i Gikondo.
Ibyagezweho n’Umukandida Paul Kagame wa FPR Inkotanyi byatangajwe na Rutsinga Jaques, (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyepfo: Umukandida Perezida Dr Habineza yakoresheje iturufu yo gukemura ubushomeri mu rubyiruko
Amajyepfo: Umukandida Perezida Dr Habineza yakoresheje iturufu yo gukemura ubushomeri mu rubyiruko

Ku munsi wa 14 umukandida ku mwanya w’Umukuru w’igihugu Hon Dr Frank Habineza ari kumwe n’abakandida Depite bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe mu ntara y’Amajyepfo, aho mu Murenge wa Kibeho bizeza abashomeri kubona akazi.
Kuri iki cy’umweru tariki ya 7 Nyakanga 2024 umukandida ku mwanya w’Umukur w’igihugu Hon Dr Frank Habineza yerekeje mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe aho yagejeje imigabo n’imigambi ku barwanashyaka ba Green Party
Muri santere (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kicukiro: Gutora Kagame ni ugukomeza iterambere
Kicukiro: Gutora Kagame ni ugukomeza iterambere

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu karere ka Kicukiro baratangaza ko gutora umukandida wabo Paul Kagame ari uguharanira ko iterambere ry’igihugu rikomeza mu myaka itanu iri imbere.
Yariyo ntero ikaba n’inyikirizo mu kwamamaza umukandida Paul Kagame w’Umuryango FPR Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite, ateganyijwe vuba tariki ya 15 Nyakanga 2024.
Ibikorwa byo Kwamamaza muri Kicukiro byakomereje mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, ku wa (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri w'Intebe mushya yahagaritse gahunda yabimukira b'Ubwongereza n'u Rwanda
Minisitiri w’Intebe mushya yahagaritse gahunda yabimukira b’Ubwongereza n’u Rwanda

Akimara gusinyirwa kwinjira mu ntebe ya Minisitiri w’Intebe mushya w’Ubwongereza, Sir Keir Starmer yatangaje ko ahagaritse gahunda yo kohereza abinjira mu gihugu cye mu buryo butemewe n’amategeko bari kujya boherezwa mu Rwanda.
Sir Keir Starmer, atangaje iki cyemezo nyuma y’umunsi umwe Umwami Charles III w’u Bwongereza amushyikirije inshingano yo kuba Minisitiri w’Intebe.
Uyu munyapolitiki wabonye wabonye izuba tariki 2 Nzeri 1962 yamye arwanya iyi gahunda ya Rishi Sunak asimbuye, avuga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Intsinzwi ya Rishi Sunak ishobora gushyira iherezo ku kohereza abimukira mu Rwanda
Intsinzwi ya Rishi Sunak ishobora gushyira iherezo ku kohereza abimukira mu Rwanda

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya Kane Nyakanga 2024 nibwo hari hitezwe ifirimbi ya nyuma isobanura niba Guverinoma nshya y’Ubwongereza igiye gukomeza kuyoborwa na Rish Sunak akabona guhagurutsa indege itwaye abimukira n’abashaka ubuhungiro mu bwongereza bagezeyo mu buryo butemewe n’amategeko.
Ubwongereza n’u Rwanda bamaze igihe bashyize umukono ku masezerano agena ko abinjira mu buryo butemewe n’amategeko muri icyo gihugu gikize ku mugabane w’Uburayi bazajya babanza kujyanwa mu (…)

424 Shares 4 Comments
Rusizi/Giheke: Ibyo FPR INKOTANYI yabasezeranyije byose barabibonye
Rusizi/Giheke: Ibyo FPR INKOTANYI yabasezeranyije byose barabibonye

Mu bikorwa bikomeje byo kwamama umukandida wa FPR Inkotanyi akaba na Chairman w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame hirya no hino mu mirenge y’akarere ka Rusizi hakomeje ibikorwa byo kwamamaza aho kuri uyu wa gatatu tarikiya 3 Nyakanga 2024 ibi bikorwa byari byakomereje mu murenge wa Giheke.
Abaturage barishimira ibyo bagezeho cyane bagashima umuryango FPR Inkotanyi ko yo n’umukandida wayo imvugo ariyo ngiro.
Mukangango Dina wo mu kagari ka Cyendajuru ko muri uyu murenge wa Giheke mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusizi-Bugarama: Imiryango yahoraga mu makimbirane yahawe inkwavu nyuma yo kugaragaza ko batangiye inzira yo guhinduka.
Rusizi-Bugarama: Imiryango yahoraga mu makimbirane yahawe inkwavu nyuma yo kugaragaza ko batangiye inzira yo guhinduka.

Niyomugabo Jean Bosco na Mukabihoyiki Odetta bavuga ko kuva imyaka irenga 19 banana nk’umugore n’umugabo biberagaho mu makimbirane kugeza ubwo uyu mwaka babonye agahenge.
Ikinyamakuru mamaurwagasabo cyasuye umuryango wa Niyomugabo Jean Bosco,uherereye mu murenge wa Bugarama mu kagari ka Ryankana n’umugore we, bavuga ko bafite abana 5, imfura yabo ifite imyaka 18 y’amavuko ariko ngo kuva babana uyu mwaka nibwo basa nababonye agahenge dore ko bahoraga barwana.
Niyomugabo Jean Bosco yavuze (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yavuze intego y'urugamba rwo Kwibohora
Perezida Kagame yavuze intego y’urugamba rwo Kwibohora

Perezida Kagame yasobanuye ko hatangira urugamba rwo kubohora igihugu hari hagamijwe kubaka igihugu giha agaciro buri munyarwanda.
Yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 04 Nyakanga 2024 ubwo u Rwanda rwizihizaga ku nshuro ya 30 umunsi wo Kwibohora.
Ni umuhango wabere kuri sitade Amahoro imaze iminsi mike itashywe ku mugaragaro nyuma yo kuvugururwa igashyirwa ku rwego rwo kwakira abantu ibihumbi 45 bivuye kuri 25.
Ni umunsi w’ibirori byaranzwe n’akarasisi ka gisirikare gasigaye kaba buri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro na Karongi bijejwe kubakirwa nibura uruganda rumwe muri buri murenge
Rutsiro na Karongi bijejwe kubakirwa nibura uruganda rumwe muri buri murenge

Abaturage bo mu turere twa Rutsiro na Karongi bijejwe ko nibatora Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party)bazubakirwa inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi muri buri murenge bitewe n’umusaruro uhaboneka.
Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki bya 3 Nyakanga 2024 aho umukandida ku mwanya w’Umukuru w’igihugu Dr Frank Habineza ari kumwe n’abakandida Depite bari bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza.
Uyu mukandida w’ishyaka rya Green Party (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yavuze imvano y'ibyago u Rwanda rwagize
Perezida Kagame yavuze imvano y’ibyago u Rwanda rwagize

Ubutegetsi bubi ntawashidikanya ko aribwo bwahejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Ibi Perezida Kagame yabisobanuye neza ubwo yari ageze mu karere ka Kirehe aho yahahuriye n’abaturage baho ndetse n’abo mu karere ka Ngoma mu kwiyamamariza kongera kuyobora igihugu muri Manda y’imyaka 5 iri imbere, 2024-2029.
Paul Kagame, akaba na Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi ndetse akaba n’Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, yagaragarije abaturage bo mu Karere ka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru