Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Murenge wa Kigarama ho mu karere ka Kicukiro baratangaza ko ibyo bagejejweho n’Umukandida wabo Paul Kagame n’umuryango FPR Inkotanyi byiyongeraho ibyo ateganya kubakorera bizatuma bamutora 100%.
Ku rwego rw’umurenge wa Kigarama, kwamamaza Umukandida Paul Kagame n’umuryango FPR Inkotanyi byabereye ku mbuga ya Gikondo hafi n’icyicaro cya Kaminuza y’u Rwanda i Gikondo.
Ibyagezweho n’Umukandida Paul Kagame wa FPR Inkotanyi byatangajwe na Rutsinga Jaques, (…)
Ku munsi wa 14 umukandida ku mwanya w’Umukuru w’igihugu Hon Dr Frank Habineza ari kumwe n’abakandida Depite bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe mu ntara y’Amajyepfo, aho mu Murenge wa Kibeho bizeza abashomeri kubona akazi.
Kuri iki cy’umweru tariki ya 7 Nyakanga 2024 umukandida ku mwanya w’Umukur w’igihugu Hon Dr Frank Habineza yerekeje mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe aho yagejeje imigabo n’imigambi ku barwanashyaka ba Green Party
Muri santere (…)
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu karere ka Kicukiro baratangaza ko gutora umukandida wabo Paul Kagame ari uguharanira ko iterambere ry’igihugu rikomeza mu myaka itanu iri imbere.
Yariyo ntero ikaba n’inyikirizo mu kwamamaza umukandida Paul Kagame w’Umuryango FPR Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite, ateganyijwe vuba tariki ya 15 Nyakanga 2024.
Ibikorwa byo Kwamamaza muri Kicukiro byakomereje mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, ku wa (…)
Akimara gusinyirwa kwinjira mu ntebe ya Minisitiri w’Intebe mushya w’Ubwongereza, Sir Keir Starmer yatangaje ko ahagaritse gahunda yo kohereza abinjira mu gihugu cye mu buryo butemewe n’amategeko bari kujya boherezwa mu Rwanda.
Sir Keir Starmer, atangaje iki cyemezo nyuma y’umunsi umwe Umwami Charles III w’u Bwongereza amushyikirije inshingano yo kuba Minisitiri w’Intebe.
Uyu munyapolitiki wabonye wabonye izuba tariki 2 Nzeri 1962 yamye arwanya iyi gahunda ya Rishi Sunak asimbuye, avuga (…)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya Kane Nyakanga 2024 nibwo hari hitezwe ifirimbi ya nyuma isobanura niba Guverinoma nshya y’Ubwongereza igiye gukomeza kuyoborwa na Rish Sunak akabona guhagurutsa indege itwaye abimukira n’abashaka ubuhungiro mu bwongereza bagezeyo mu buryo butemewe n’amategeko.
Ubwongereza n’u Rwanda bamaze igihe bashyize umukono ku masezerano agena ko abinjira mu buryo butemewe n’amategeko muri icyo gihugu gikize ku mugabane w’Uburayi bazajya babanza kujyanwa mu (…)
Mu bikorwa bikomeje byo kwamama umukandida wa FPR Inkotanyi akaba na Chairman w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame hirya no hino mu mirenge y’akarere ka Rusizi hakomeje ibikorwa byo kwamamaza aho kuri uyu wa gatatu tarikiya 3 Nyakanga 2024 ibi bikorwa byari byakomereje mu murenge wa Giheke.
Abaturage barishimira ibyo bagezeho cyane bagashima umuryango FPR Inkotanyi ko yo n’umukandida wayo imvugo ariyo ngiro.
Mukangango Dina wo mu kagari ka Cyendajuru ko muri uyu murenge wa Giheke mu (…)
Niyomugabo Jean Bosco na Mukabihoyiki Odetta bavuga ko kuva imyaka irenga 19 banana nk’umugore n’umugabo biberagaho mu makimbirane kugeza ubwo uyu mwaka babonye agahenge.
Ikinyamakuru mamaurwagasabo cyasuye umuryango wa Niyomugabo Jean Bosco,uherereye mu murenge wa Bugarama mu kagari ka Ryankana n’umugore we, bavuga ko bafite abana 5, imfura yabo ifite imyaka 18 y’amavuko ariko ngo kuva babana uyu mwaka nibwo basa nababonye agahenge dore ko bahoraga barwana.
Niyomugabo Jean Bosco yavuze (…)
Perezida Kagame yasobanuye ko hatangira urugamba rwo kubohora igihugu hari hagamijwe kubaka igihugu giha agaciro buri munyarwanda.
Yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 04 Nyakanga 2024 ubwo u Rwanda rwizihizaga ku nshuro ya 30 umunsi wo Kwibohora.
Ni umuhango wabere kuri sitade Amahoro imaze iminsi mike itashywe ku mugaragaro nyuma yo kuvugururwa igashyirwa ku rwego rwo kwakira abantu ibihumbi 45 bivuye kuri 25.
Ni umunsi w’ibirori byaranzwe n’akarasisi ka gisirikare gasigaye kaba buri (…)
Abaturage bo mu turere twa Rutsiro na Karongi bijejwe ko nibatora Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party)bazubakirwa inganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi muri buri murenge bitewe n’umusaruro uhaboneka.
Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki bya 3 Nyakanga 2024 aho umukandida ku mwanya w’Umukuru w’igihugu Dr Frank Habineza ari kumwe n’abakandida Depite bari bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza.
Uyu mukandida w’ishyaka rya Green Party (…)
Ubutegetsi bubi ntawashidikanya ko aribwo bwahejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Ibi Perezida Kagame yabisobanuye neza ubwo yari ageze mu karere ka Kirehe aho yahahuriye n’abaturage baho ndetse n’abo mu karere ka Ngoma mu kwiyamamariza kongera kuyobora igihugu muri Manda y’imyaka 5 iri imbere, 2024-2029.
Paul Kagame, akaba na Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi ndetse akaba n’Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, yagaragarije abaturage bo mu Karere ka (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















