Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, ku itariki 19 Kamena 2024, mu kagari ka Rubona mu murenge wa Nyamyumba, hasanzwe umurambo w’umusore mu muhanda, ugeretseho igare.
Umurambo wuyu musore witwaga Nshimiyimana Jackson, wasanzwe ahantu n’ubundi ngo hasanzwe habera ibikorwa by’urugomo bitandukanye. Ibi byatumye abaturage batwkereza ko n’uyu musore yishwe, nkuko byemezwa n’umuturage witwa Ahimanishakiye Mathias, nawe utuye muri uno murenge.
Yagize ati: "Basanga umurambo uraho gusa n’igare, (…)
Mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bo mu midugudu itatu bavuga ko umuriro w’amashanyarazi bahawe aho kubabera igisubizo wabateje umwiryane, nta gikozwe bamwe bashobora kuzarwana na bagenzi babo bapfa ayo mashanyarazi.
Ni abaturage bo mu Midugudu ya Bugungu, Kameyenga na Bagiramenyo yo mu Kagari ka Gasheke mu Murenge wa Bushenge.
Abo mu Mudugudu wa Bugungu utuwe n’ingo 113 babwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko bari bemerewe umuriro w’amashanyarazi, ababishinzwe bapima n’ahazajya (…)
Abaturage bo mu karere ka Burera baravuga ko bishimiye ibiro bishya bubakiwe na Perezida Kagame ndetse ngo biteze kujya bahabwa serivisi nziza zitandukanye nizo bahabwaga mu nyubako itari ijyanye n’igihe.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo batahaga ku mugaragaro ibiro bishya by’akare byuzuye mu murenge wa Rusarabuye, byatwaye amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari ebyiri na miliyoni magana cyenda zirenga (2.9Bnfrw).
Ntamaherezo Agnes ni umwe mu baturage (…)
Kuri uyu wa Mbere ku itariki 17 Kamena 2024, abaturage bari barafungiwe amazu y’ubucuruzi kubera ibiza, bo mu karere ka Rubavu, bogenye gukomoregwa nyuma y’igihe kirenga umwaka.
Aba baturage biganjemo abo mu mirenge ya Rugerero na Kanama, by’umwihariko abafite amazu yari yarafunzwe mu isanteri ya Mahoko na Kabirizi.
N’igikorwa cyari cyiyobowe na Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Major General retired Albert Murasira, warikumwe n’abandi bayobozi bo mu ntara y’Iburengerazuba. (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko mu gihe abakandida Perezida bagiye gutangira kwiyamamaza kuyobora igihugu, buri umwe afite ibyo ashingiraho yerekana icyo azakorera abaturage ashaka kuyobora, avuga ko we amahirwe afite ari uko afite ibyo ashingiraho.
Yabitangaje mu kiganiro cyihariye yagiranye n’igitangazamakuru cy’Igihugu, RBA, kuri uyu wa Mbere, ikiganiro cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo n’ibijyanye n’amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite (…)
Uwimbabazi Liliane w’imyaka 24, utuye mu murenge wa Nkotsi mu karere ka Musanze atwara imizigo n’abantu ku igare (umunyonzi) yashimiye Perezida Kagame washyizeho ihame ry’uburinganire, umugore n’umukobwa bakongera kugira ijambo.
Yabitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yari amaze kwegukana irushanwa ryiswe "Visit Musanze Tournament 2024" ryateguwe na Koperative y’abatwara imizigo n’abantu ku igare bazwi ku izina ry’abanyonzi (CVM).
Uwimbabazi Liliane wahatanye muri iri (…)
Ambasaderi w’Igihugu cy’ubushinwa mu Rwanda Wang Xuekun n’itsinda ayoboye bijeje ishuri mpuzamahanga rya Wisdom Schools ubufatanye mu guteza imbere ururimi rw’igishinwa n’uburezi muri rusange.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu taliki ya 12 Kamena 2024 ubwo yagiriraga uruzinduko mu ishuri rya Wisdom Schools rifite icyicaro gikuru mu karere ka Musanze.
Abanyeshuri bagiranye ikiganiro na Mamaurwagasabo.rw bo kuri Wisdom School bavuga ko kumenya ururimi rw’igishinwa ari intambwe nziza yo (…)
Perezida Kagame yasimbuje ba Minisitiri bamwe abandi, Amb. Nduhungirehe agaruka muri Guverinoma aba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane MINAFET, umwanya yasimbuyeho Dr. Vincent Biruta.
Izi mpinduka kuri minisiteri zimwe zikozwe nubundi mu gihe hategerejwe amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite, amatora azasiga Guverinoma isheshwe hakazajyaho indi izagenwa na Minisiteri w’Intebe uzashyirwaho n’uzegukana umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora.
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Burera mu Murenge wa Cyanika baravuga ko bakigorwa no kubona ubwiherero ku biro by’umurenge wabo no ku tugari, ngo henshi usanga hahora hafunze, n’ahafunguye hakoreshwa n’abayobozi gusa.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga ku biro by’akagari ka Kamanyana mu murenge wa Cyanika, asanga abaje gusaba serivisi bifuza ko ubwiherero bwo ku biro by’utugari bwajya buhora bufunguye kugira ngo ubukeneye wese abubone atabanje (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Karongi, bimuwe kubera ibiza, bagaragaza ko bakeneye ubufasha, bavuga ko baheze mu gihirahiro, cyane ko ngo ubuyobozi bubasaba kwigurira ibibanza, kugira ngo bubakirwe kandi bo nta bushobozi bafite.
Aba baturage bavuga ko batishoboye biganjemo abakomoka mu miryango 48 yimuwe mu butaka bwibasiwe n’ibiza, aho ubutaka bwabo bwiyashije bugatangira kugenda.
Ni abaturage bo mu mudugudu wa Bigugu, akagari ka Nyarugenge, mu murenge wa Rubengera.
Umusaza Gahutu (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















