Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Umukandida Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank yibukije abaturage ba Nyabihu na Rubavu ko badakwiye kujya bafata umusaruro wose bejeje ngo bawujyane ku isoko bibagirwe abana babyaye, bisange mu igwingira.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 2 Nyakanga 2024 nibwo kandida Perezida Dr Frank Habineza n’abakandida Depite ba Green party bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Nyabihu na Rubavu, Ku munsi wa 11, aho bongeye kwibutsa abaturage ko babishaka (…)
Abaturage bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke bamazwe impungenge ko nibaramuka batoye Umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza ibigo bifungirwamo abantu by’igihe gito, by’inzererezi bizakurwaho.
Uyu mukandida wiyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganijwe tariki ya 15 Nyakanga 2024, yabitangarije muri Rusizi na Nyamasheke aho yari yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza ageza imigabo n’imigambi ku barwanashyaka ba Green Party. (…)
Ubwo yari ageze mu murenge wa Mukura mu karere ka Huye, Kandida Perezida Dr Habineza Frank yijeje abaturage ko nibatera igikumwe cyabo ku kirango cya Kagoma akaba perezida abanyarwanda bazajya barya gatatu ku munsi.
Hari kuri iki cyumweru tariki ya 30 Kamena 2024 ubwo umukandida Dr Frank Habineza wiyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’abakandida Depite batanzwe n’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije bageraga mu karere ka Huye.
Ni ibikorwa byo kwiyamamaza (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa kabaya ,Akarere ka Ngororero baravuga ko banyuzwe n’imigabo n’imigambi y’umukandida watanzwe n’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party) kugira ngo arihagararire mu matora y’umukuru w’Igihugu azaba akomatanyije n’ayabadepite ateganyijwe taliki ya 15 Nyakanga 2024.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Kamena 2024 nibwo kandida Perezida wa Green party, Hon Dr Frank Habineza n’abakandida Depite b’ishyaka bakomereje ibikorwa byo (…)
Urubyiruko rufite inyota mu guhanga udushya mu ikoranabuhanga rurasaba gushyigikirwa, ibihangano biva mu bitekerezo byabo bikababyarira inyungu zikagera no ku bandi ndetse bikagura amasoko mu guhanga udushya tugamije gukemura ibibazo abantu bafite.
Hari kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kamena 2024, ubwo urubyiruko rw’abanyeshuri biga mu mashuri yigisha ikoranabuhanga muri gahunda ya ICP Rwanda yigisha ikoranabuhanga rya blockchain basozaga amarushanwa ya gushaka udushya mu mishinga (…)
Dr Frank Habineza yasezeranyije abaturage ba Gisagara na Ruhango kuzateza imbere ubuhinzi n’ubworozi
Ku munsi wa karindwi w’ibikorwa byo kwiyamamaza umukandida Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party, Dr Frank Habineza yasezeranyije abaturage bo mu ntara y’Amajyepfo mu turere twa Gisagara na Ruhango ko nibamutora azaharanira guteza imbere ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kamena 2024 ahagana ku isaha ya saa 13h00 z’amanywa nibwo Dr. Frank Habineza yarasesekaye mu murenge wa Musha mu karere ka Gisagara aho yakiriwe (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa bweyeye batunguwe n’umusore wabengeye umukobwa mu biro by’umurenge wa Bweyeye aho bari nagiye gusezerana kubana nk’umugore n’umugabo.
Nkuko bisanzwe kuwa Kane mu gihugu ku biro by’umurenge haba hari hahunda rusange yo gusezeranya abifuza kubana mu buryo bwemewe n’amategeko.
Ku biro by’umurenge wa Bweyeye naho kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Kamena 2024 hari hateganyijwe umuhango wo gusezeranya bateganya kurushinga aho abakobwa n’abasore bari babukereye. (…)
Ku munsi wa Gatandatu wo kwegera abaturage n’abanyamuryango, umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party of Rwanda), yahize ko abaturage nibaramuka bamugiriye icyizere bakabatora umushahara wa muganga uzazamuka.
Byatangajwe kuri uyu wa kane tariki ya 27 kamena 2024 ubwo umukandida Perezida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, yageraga mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza, intara y’Amajyepfo.
Umunyamabanga (…)
Ku munsi wa Gatanu Ishyaka Green Party riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryakomereje ibikorwa byo kwiyamamariza mu ntara y’Iburasirazuba mu turere twa Nyagatare na Gatsibo, abaturage bizezwa ko ibibazo by’ingutu bibugarije bizashakirwa ibisubizo mu gihe bazaba bagiriye icyizere iri shyaka ngo kuko ibyo biyemeje bishyirwa mu bikorwa.
Dr Frank Habineza umukandida wiyamamariza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ndetse n’imyanya mu nteko Ishinga amategeko, Ishyaka riharanira (…)
Ku munsi wa kane hamamazwa umukandida ku mwanya wa Perezida Repubulika y’u Rwanda n’abakandida Depite bo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party ryasezeranyije abaturage bo mu karere ka kirehe ko nibaramuka babatoye ikibazo cy’amazi kizaba amateka.
Bamwe mu baturage bo mu karere ka kirehe baganiriye na Mamaurwagasabo.rw basabye ko iri shyaka rya Green Party ryazabakemurira ikibazo cy’amazi meza yabuze muri aka karere ngo kuko bakivoma ibirohwa.
Umwe muri (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















