Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Eric Nkuba, umwe mubari kuburanishwa mu rubanza rwatangiye uyu munsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko iminsi yose we nabagenzi be bagize ihuriro AFC/M23 babaga mu macumbi y’umuhungu wa Museveni, Général Muhoozi Kenerugaba.
Ni urubanza karundura ruri kumvirwa mu rukiko rukuru rwa Gisirikare rwa Kinshasa i Gombe ruregwamo umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) Corneille Nangaa. Uyu yahoze akuriye komisiyo y’igihugu y’igenga y’amatora muri iki gihugu (…)
Mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga hateganyijwe ibganiro byo ku rwego rwo hejuru, bizahuza Perezida w’u Rwanda Paul Kagame n’uwa DRCongo Felix Anthoine Tshisekedi Chilombo ku ngingo yuko hagaruka umutekano mu karere.
Nta gihindutse biteganijwe ko ibiganiro bizahuza abategetsi ba RDC n’ab’u Rwandabizaba ku matariki asoza uku kwezi kwa Karindwi uy’u mwaka; bahurire i Luanda mu gihugu cya Angola aho bazaganira ku birebana n’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. (…)
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Bwana Niyomwungeri Hildebrand yemereye mamaurwagasabo.rw ko imihanda bakoze igitaraganya ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yabasursga nyuma bakayicumbikira aho izacumbukurwa mu cyumweru gitaha.
Ubwo Perezida Paul Kagame yasozaga kwiyamamaza mu karere ka Nyamagabe, nk’umukandida wa FPR Inkotanyi, abayobozi baraye bakora imihanda hutihuti mu rwego rwo kwikuraho kwirwanaho, cyokoze yamaze kugenda bahagarika ibikorwa byo gukomeza kuyikora, none (…)
Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.
Itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Intebe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nyakanga 2024, rivuga ku iyirukanwa rya Mujawamariya wabaye Minisitiri w’Ibidukikije mbere yo kugirwa uw’Umurimo.
ikigairo kirambuye: https://youtu.be/ALxTi0bT-uA?si=PzB5Z3B88kxb4Gvg
Amakuru ava mu nzego z’ubugenzacyaha avuga ko ibyo (…)
Abataramenyekana bishe umukobwa w’imyaka 27 wacuruzaga urwagwa mu Karere ka Rusizi.
ku isaha ya saa munani z’urukerera (2h00) rwo kuri uyu wa kabiri zishyira kuwa wa Gatatu tariki ya 24 Nyakanga 2024 mu Mudugudu wa kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe, nibwo Niyonsenga Dianne bivugwa ko akomoka mu karere ka Huye yaraye yiciwe.
Ikinyamakuru Mamaurwagasabo cyamenye ibyaya makuru mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu aho ngo irondo ry’umwuga ryatabaye ryumvise umuntu atakira kuri (…)
Jean Bosco Bahala Lusheke ukuriye porogaramu ya leta ya DR Congo yo kwambura intwaro no gusubiza mu buzima busanzwe abari ingabo n’inyeshyamba yakuwe ku mirimo ye, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa pereriza.
Mu butumwa bugufi bwashyizwe ku rubuga X na Tina Salama, umuvugizi wa Perezida Felix Tshisekedi ntiyasobonuye impamvu yo kwirukanwa kwa Bahala Lusheke.
Mu mpera z’icyumweru gishize byavuzwe ku mbuga nkoranyambaga ko Bahala akuriye itsinda ryoherejwe na leta ya Kinshasa i Kampala mu (…)
Bamwe mu baturage barema isoko ricururizwamo ibicuruzwa bitandukanye harimo n’ibiribwa rya Gisiza riherereye mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro barasaba ko rya kubakwa rigatunganywa, bakabasha kwirinda ingaruka mbi zituruka kuba ritubakiye.
Nyiransabimana ni umwe mubo baturage, twasanze muri iri soko rya Gisiza azanye ibicuruzwa, nawe agaragaza impungenge zo gucururiza mu isoko rimeze gutya, by’umwihariko ibiribwa.
Yagize ati: "Ikibazo cy’isoko kiri hano ni ukuba ritubatse, kandi (…)
Nyuma yaho urubyiruko rutangiye kwigaragambya kuri gahunda rwahaye Perezida Museveni rumusaba gukemura ikibazo cya Ruswa ivugwa mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, umwe mu badepite yanze kuripfana yerura ko nihadafatwa ingamba kuri icyo kibazo baza kujya kwifatanya n’abaturage mu mihanda.
Inkundura yo kwigaragambya igeze Uganda arinako imaze ukwezi ica ibintu muri Kenya, aho urubyiruko ruri gusaba ko perezida William Ruto nawe agenda, nubwo yemeye ko atazatambutsa itegeko rizamura (…)
Urubyiruko rw’abasore rwabyutse rwirara mu mihanda yo mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, rusaba ubutegetsi bwa Museveni ko rurambiwe ruswa igomba guhagarara.
Ni gahunda yari ipanze ku rubyiruko ruvuga ko rurambiwe ruswa iri mu gihugu cya Uganda cyane cyane mu Nteko ishinga amategeko, ifatwa nk’inzu y’ubuvugizi bwa rubanda kuri leta. Mu majwi y’abazindukiye mu myigaraagmbyo, barumvikana bavuga ko ’Nooo, Corruption must stop’ ( ’ruswa igomba guhagarara’).
Kuva batangira guteguza Museveni ko (…)
Bamwe mu baturage bo mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyamagabe baravuga ko ntabikorwa remezo birabageraho by’umwihariko abo mu murenge wa Mbazi, Kaduha na kibumbwe.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu karere ka Nyamagabe bamubwiye ko babona barasigaye inyuma mu iterambere.
Nkusi Athanase atuye mu murenge wa Cyanika yagize ati:"Mu kagari ka Ngoma turacyavoma ibirohwa twasigaye inyuma mu iterambere, ibikorwaremezo biguma hano mu mujyi gusa, umuhanda (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















