Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Repubulika ya Demukarasi ya Kongo n’u Rwanda byemeranyije guhagarika imirwano, "Cessez-le-feu" mu burasirazuba bwa Congo hagati y’abarwana.
Ni icyemezo cyavuye mu musaruro w’ibiganiro bimaze iminsi bibera i Luanda muri Angola, byatumijwe n’umuhiza hagati y’igihugu byombi, Perezida Lorenzo.
Itangazo ryaturutse i Luanda muri Angola ahabereye iyo nama tariki ya 30/07/2024 rivuga ko guhagarika imirwano bizatangira guhera tariki ya 04 Kanama 2024 ariko nta tariki bizarangirira.
Ayo makuru (…)
Urufaya rw’amasasu rwumvikanye mu masaha ya mbere ya saa sita z’ijoro, ku rugo rwo Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruherereye muri Komini ya Gombe.
Ni amasasu yumvikanye kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Nyakanga 2024, mu gace ka Uvira muri Komini ya Gombo.
Umujyanama w’Umugore w Joseph Kabila, Adam Shemishi ushinzwe itumanaho yavuze ko abarasaga bashakaga kwinjira aho Kabila ari.
Yagize ati: “Agatsiko ka La force du progress kashakaga kwinjira ku (…)
Abaturage bagera kuri 80 bo mu murenge wa Gakenke muri ako karere bafitwe mu nzu yigeze kujya yororerwamo inkoko (kibuti) barimo gusenga mu buryo bunyuranyijwe n’amabwiriza agena ahakorerwa amateraniro y’insengero.
Abafashwe biganjemo ab’igitsina gore n’abana, bafashwe kuri uyu wa Gatatu ahagana saa 10h30’, barasohorwa bajayanwa ku murenge bashorewe na Polisi y’u Rwanda ndetse n’urwego rwa DASSO.
Bamwe mu baturanyi baba baturage babwiye mamaurwagasabo.rw ko aba bafashwe bari basanzwe (…)
Hari abakozi b’ikigo cy’amashuri cya G.S Kivugiza, giherereye mu murenge wa Nyabirasi mu karere ka Rutsiro bataka ki bamaze amezi agera kuri atandatu badahembwa umushahara wabo.
Mu mezi agera ku munani aba bakozi ngo bari batarahembwa, nibura mu cyumweru gishize babashije kubahemba amezi abiri, bityo hakaba hasigaye andi amezi 6 y’ibirarane.
Abafite kino kibazo ni abakorera kino kigo imirimo itandukanye barimo abateka, abakora isuku ndetse n’abashinzwe umutekano.
Abo twaganiriye muri (…)
Hari abaturage bo mu karere ka Rusizi bamaze iminsi bafite icyoba n’icyikango ku Ibarura ririmo gukorwa, bamwe bakarihuza n’icyorezo cy’ubushita cyemejwe ko cyageze mu Rwanda.
Ni ubugenzuzi (ibarura) bwatangiye kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Nyakanga 2024, ahari gusurwa insengero harebwa niba zuzuje ibisabwa bizemerera gukorera mu karere ka Rusizi.
Umwe mu bayobozi b’insengero waganiriye n’ikinyamakuru mamaurwagasabo, utifuje ko amazina ye atangazwa yavuze ko ubu bugenzuzi buri (…)
Abaturage bo mu karere ka Gakenke baravuga ko batazi amaherezo y’inyubako iri mu murenge wa Cyabingo, mu kagari ka Muhororo (mu cyahoze ari Bugarura), yagombaga kuba ibiro by’Akarere ka Gakenke ariko ikaba igiye kumara imyaka irenga 20 ubuyobozi butagira ikindi bwayibyazamo umusaruro.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Cyabingo, ahari iyo nyubako, aho yasanze imirimo yo kubaka iyo nyubako yaragarukiye ku kumenya sima hejuru none (…)
Mu butumwa bw’akababaro yahuye nako, Louise Mushikiwabo, yashenguwe n’akababaro ko kubura umuvandimwe we, musaza we Kayiranga Wellars, wari uzwi nka Karateka.
Ubutumwa yashyize ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko Nyakwigendera yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024.
Yagize ati: “Muri iki gitondo twabuze musaza wacu dukunda cyane, Wellars Kayiranga “karatéka”.
Mushikiwabo yatangaje ko Nyakwigendera yarwaye igihe gito ariko aza koroherwa amera neza.
Nyuma yo (…)
Umugabo watereraga abandi amakorasi bari guhimbariza Imana ahitwa mu Kinyamerika mu Murenge wa Kinyinya yamanutse aryama hasi, bamuhaye Fanta basanga ntagihumeka!
Bivugwa ko yari yazanye n’abandi bavuye mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi baje gusengera mu Murenge wa Kinyinya muri Gasabo.
Iby’urupfu rwe byavuzwe kuri uyu wa Mbere ubwo abantu bahururira baje kureba icyari cyabereye ahantu hari hashungerewe na benshi.
Ku rubuga rwa X rwa Flash FM hariho amashusho y’abaturage (…)
Umugabo n’umugore bari mu kigero cy’imyaka 30 banduye indwara y’ubushita bw’inkende bita mPox cyangwa monkey pox bagaragaye mu Rwanda.
Byatangajwe na Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC.
Abo bantu byagaragaye ko bari basanzwe bava cyangwa bajya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aho iyo ndwara yari imaze iminsi igaragara.
RBC ivuga ko iriya ndwara yandurira mu gukora ku matembabuzi y’uwayanduye, mu mibonano mpuzabitsina, mu gusomana, (…)
Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Rubavu, mu karere ka Rubavu, by’umwihariko abashumba b’inka, bavuga ko bibasiwe bikomeye n’uwitwa Mafari ubambura akanabatema bikomeye.
Uyu uvugwa azwi gusa ku izina rya Mafari, ari naryo zina rye ryo nyine twabashije kumenya, ngo yahoze nawe ari umushumba w’inka, aho yaragiriraga umuporisi. Nibura ngo muri iki cyumweru twahawemo ayo makuru yari amaze gutema abantu babiri, mu gihe habarurwa abo amaze gutema bagera kuri barindwi mu gihe kitarenze (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















