Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
U Rwanda rwanyomoje Ishami ry’umuryango w’Abibimbye ryita ku mpunzi UNHCR, rikomeje kubeshya rirushinja guhonyora uburenganzira bw’impunzi n’abimukira nyamara rigakomeza gukorana narwo mu kwakira izo mu bihugu binyuranye byo muri Afurika.
Ni ibyatangajwe mu itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma byasohoye, nyuma yo kubona ibyo UNHCR yavuze ku kuba u Rwanda tugiye kwakira abimukira b’Ubwongereza mu minsi iri imbere.
HCR yabwiye Urukiko Rukuru rw’Ubwongereza igaragaza ko u (…)
Bamwe mu bagize imboni z’umutekano, bakorera mu karere ka Burera bafasha mu gukumira iyinjizwa ry’ibiyobyabwenge na magendu mu gihugu baravuga ko bagikomwa mu nkokora no kutagira ibikoresho bihagije bibagasha mu kazi kabo.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Cyanika, hafi n’umupaka ubuza u Rwanda na Uganda, asanga bifuza ko bajya bahabwa imwe mu myambaro n’inkweto byabugenewe, bibafasha gukora akazi neza mu rwego rwo kugira ngo ntihazajye hagira umuntu (…)
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryabwiye abacamanza b’Urukiko rukuru rw’Ubwongereza ko riri kwegeranya ibimenyetso bishya byo muri uyu mwaka wa 2024 bigaragaza ko u Rwanda rwashyize mu kaga abasaba ubuhungiro.
Ni indi nshuro iri shami ry’Umuryango w’Abibumbye ritangaje ibi mu rwego rwo kubangamira ko umugambi Ubwongereza buhuriyeho n’u Rwanda wo kurwoherezamo abimukira ushyirwa mu bikorwa.
Abo muri iri shami barashaka ko iyoherezwa ry’abimukira ba mbere (…)
Abasirikare kabuhariwe, "Special Forces" zizwi nka Hiboux (ibihunyira) b’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) bamaze gusiga ubuzima mu rugamba rutoroshye igihugu gihanganyemo n’umutwe w’inyeshyamba za M23 zisaba leta kwirukana imitwe ihungabanya amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bw’igihugu.
Mu mwaka urenga uru rugamba ruturutse Bunagana, M23 imaze kwigarurira ibice bizungurutse umujyi wa Goma, ubu Imirwano ikomeye igeze muri Kanyabayonga.
Iyi mirwano itoroheye (…)
Nyuma yaho mu karere ka Rubavu hagiye havugwa ibikorwa byiganjemo urugomo bikorerwa abaturage bikozwe na bamwe mu bashumba b’inka bakorera muri kano karere, Ubuyobozi buvuga ko bwafashe ingamba zikomeye mu guca intege icyo kibazo.
Zimwe mu ngamba zafashwe hari uguha amakarita aranga aba bashumba, hanyuma kandi, umushumba nawe uhawe akazi ko kuragira inka akaba agomba kuba afite indangamuntu.
Ibi kandi, abashumba nabo ku rundi ruhande, ngo bizanabafasha kuko ngo hari bagenzi babo (…)
Abagize Sendika y’Abashoferi batwara imodoka nini zambukiranya imipaka y’u Rwanda (ACPLRWA) biyemeze guhangana n’abagifite ingenda bitekerezo ya Jenoside
Ni igihango bagiranye n’igihugu kuri uyu wa Gatandatu ku itariki 08 Kamena 2024, ubwo baasuraga urwibutso rwa Kigali ruri ku Gisozi, rubumbatiye amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Usibye gusura uru rwibutso kandi, banasobanuriwe, uburyo Jenoside yari yateguwe kugeza ishyizwe mu bikorwa mu mwaka 1994.
CPLRWA yanubakiye umwe mu (…)
Bamwe mu bangavu bo mu karere ka Nyabihu bakunze kubyarira iwabo imburagihe baratungwa agatoki kuba banyirabayazana mu kwiyongera kungwingira kw’abana.
Ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana cyateguwe na Minisiteri y’ubuzima (RBC) ababyeyi bamwe bo muri Nyabihu bagaragaje ko hari abakobwa bamara kubyarira imburagihe barangiza bakjya kwishakira akazi mu ngo no mu tubare bityo bagasigira abana ba nyirakuru ntibabiteho uko bikwiye.
Uwimbabazii Joseline yagize (…)
Abantu 652 basoje amahugurwa bamaze kubona ubumenyi bwisumbuye mu mirimo ijyanye n’amazi, aho abagera kuri 102 muri bo babonye akazi gahoraho abandi bihangira imirimo.
Ni amahugurwa yakozwe imyaka ibiri, ahuza abakozi n’abari batarabona akazi gahoraho mu mirimo ijyanye n’amazi ariyo kubaka imiyoboro y’amazi, kubara amazi yakoreshejwe, kwita kuri machine zizamura amazi na moteri zayo, kubarura fagitire z’amazi n’ibindi.
Aya mahugurwa yatanzwe na Ayateke star company ltd ifatanyije na GIZ (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze baravuga ko ikiraro cyo mu Kamihigo gihuza Imirenge ya Nkotsi na Rwaza gikomeje kuba inzitizi mu kugeza umusaruro ku isoko ndeste giteje n’impungenge abaturage.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga muri iyi mirenge aho basaba ubuyobozi ko bwabakorera ikiraro cya Kamihigo, kinyura hejuru y’umugezi wa Mukungwa.
Umwe muri aba baturage witwa Tuyambaze Theophile yagize ati: "Iki kiraro cyo ku Kamihigo (…)
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abemerewe kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Perezida wa Repubulika, abujuje ibisabwa ni Perezida Paul Kagame w’Umuryango FPR Inkotanyi, Philippe Mpayimana, Umukandida wigenga na Frank Habineza w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda.
Abandi bakandida ku mwanya wa Perezida bisanze ku rutonde rw’abatujuje ibisabwa ni Manirareba Herman, Barafinda Sekikubo Fred, Habimana Thomas, Rwigara Diane, Mbanda Jean na (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















