Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu banyamuryango bagize koperative yitwa COAIPO ikusanya umusaruro w’ibirayi ikorera mu karere ka Nyabihu, umurenge wa karago barasaba ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) kwinjira byihutirwa mu kibazo ku inyerezwa ry’umutungo wabo w’amafaranga asaga miliyoni 15 Rwf bakaba basigaranye 1000 gusa.
Abanyamuryango bafite icyo kibazo biganjemo abagenzuzi, babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu kagari ka (…)
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Anthoine Tshisekedi yatangaje ko ubu nta mugambi wo gutera u Rwanda agifite, ahubwo ko ashyize imbere inzira z’ibiganiro, mu guhosha intambara imaze iminsi ihanganishije igisirikare cya RDC hamwe n’abari kugifasha mu kurandura n’umutwe w’inyeshyamba wa M23.
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane, Tshisekedi yabaye nk’uwisubiraho ku mvugo yaherukaga gukoresha, yo kuba yatera u Rwanda, ahora ashinja gushyigikira umutwe wa M23, ariko u (…)
Abagore bibumbiye mu miryango iharanira amahoro, "Women Peace and Security Synerg", bakoze imyigaragambyo mu mujyi wa Goma, basaba Perezida Tshisekedi kwihutisha umugambi wo kwirukana umutwe wa M23 mu bice wafashe.
Iyi myigaragambyo yabaye kuri uyu wa Gatatu, ku itariki 21.02.2024, aho aba bayikoraga bayikoreye mu mihanda yo mu mujyi wa Goma, ndetse banajya ku cyicaro cy’intara ya Kivu ya Ruguru, kibarizwamo uyu mujyi.
Baboneye ho kandi guha ubutumwa Major General Peter Cirimwami, (…)
Abatuye mu murenge wa Matyazo ho mu karere ka Ngororero baravuga ko basubiye kuvoma amazi y’ibiroha, hasi mu bishanga nyuma yuko imigezi y’amazi meza bahawe bavomyeho ibyumweru bibiri gusa imyaka ikaba ibaye itatu.
Abafite iki kibazo cyane ni abatuye hafi y’iyi migezi ya Rubagabaga na Mukungwa, bavuga ko amazi meza bayaheruka mu muhango wo gutaha ibikorwa remezo byayo.
Aba baturage bavuga ko bakomeje kwibasirwa n’indwara z’inzoka zo munda bitewe n’aya mazi bakoresha.
Kwizera Jean piere (…)
Guverinoma y’u Rwanda yasubuje Ubufaransa bwifatanyije na Congo buyisginja gutera inkunga umutwe wa M23.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nibwo Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’ubufaransa yanshyize inyandiko ku rubuga rwayo, igaragaza ko ishinja u Rwanda gutera inkunga M23 ntetse irusaba guhagarika ibyo bikorwa kuko bibangamira umutekano mu karere.
Ntibyafashe umwanya munini ngo u Rwanda rusuhize nkuko rwasubije Amerika ubwo nayo yari imaze gusaba ko u Rwanda rwakura ingabo zarwo muri (…)
Mu karere ka Muhanga hari abana bataye ishuri abandi n’abo bariga inshuro nke kubera kubura amafaranga y’ishuri, azwi nka Minerval.
Aho umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yasanze iki kibazo ni mu murenge wa Nyabinoni, impamvu bavuga ngo ni abayobozi b’ibigo by’amashuri bananiza ababyeyi, babasaba kwishyura amafaranga arenze ayatangajwe nk’ay’ifunguro ry’abanyeshuri.
Iyo ugeze mu dusantere tumwe na tumwe two mu murenge wa Nyabinoni usanga abana batembera nk’abandi bantu bakuru, batari mu (…)
Perezida wa Guinea Conakry, Col Mamady Doumbouya yasheshe Guverinoma, ni ukuvuga abaminisitiri, avuga ko baza gushyiraho indi nshya.
Byatangajwe na Perezidansi y’iki gihugu.
Umunyamabanga Mukuru muri Perezidansi ya Guinea Conakry, Amara Camara, ejo kuwa Mbere yatangaje mu buryo butunguranye ko Guverinoma yasheshwe, ariko ntiyavuga impamvu y’iryo seswa.
Mu mashusho yanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezidanse ya Guinea, Amara yavuze ko abayobozi barimo abanyamabanga bakuru ba Leta (…)
Intamwe ya kabiri ari nayo ya nyuma yaburaga ngo gahunda Ubwongereza bufitanye n’u Rwanda ishyirwe mu bikorwa iragerwaho vuba.
Mu minsi ishize Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yavugaga ko atewe impungenge n’itora rizakorwa n’icyiciro cya nyuma cy’Inteko Ishinga Amategeko kuri gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, ikaba ari nayo ntambwe ya nyuma.
Minisitiri mu Bwongereza ufite mu nshingano abinjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, Michael Tomlinson yavuze ko uyu (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, mu bice bitandukanye mu mujyi wa Goma, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakozwe imyigaragambyo, batwika idarapo rya Leta zunze ubumwe za America.
Ni imyigaragambyo yari yiganjemo urubyiruko, bagendaga mu bice bitandukanye by’umujyi wa Goma, umubare munini muri bo bari kundera kuri za moto, banavuza amahoni menshi, ibyapa biriho amagambo atanga Ubutumwa butandukanye ko Isi itari guha amaso ibibera mu burasirazuba bwa Congo.
Aba bigaragambya (…)
Mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Mukamira hari abaturage bavuga ko batewe impungenge n’ikigega cy’amazi cyamaze gusaza ntigisanwe none kirenda gusandara Kandi ubuyobozi bubizi.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Mukamira ,ahubatse iki kigega, ni icy’umuyoboro w’amazi cyubatse ku muhanda Munini-Nyabihu-Rubavu.
Umwe muri aba baturage witwa Ndagijimana Faustin yagize ati: "Imbogamizi dufite ni iki kigega, murabona ko gishaje ku buryo (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















