Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
"Saint Valentin, umunsi ufatwa nk’uwabakundana"
Amateka ya Saint Valentin bivugwa ko waturutse ku mupadiri w’i Roma wasezeranyaga abasore n’inkumi rwihishwa kuko bitari byemewe, ndetse nyuma byamenyekana akaza kubizira, kwicwa (Guhorwa Imana).
Uwo munsi ufatwa nk’uwabakundana, bahereye kuri icyo gikorwa cya Mutagatifu Valentin, ariko usanga utavugwaho rumwe, ku buryo hagaragara indimi nyinshi zitawuhurizaho.
Uyu mutagatifu ngo usanga abantu bamuvugaho byinshi, ariko usanga byuzuyemo (…)
Abibumbiye mu ishyirahamwe ry’Abanyarwanda barwara igicuri ryitwa Rwanda, Association for Epilepsy, baravuga ko bafite ikibazo cyo gukurikirana imibereho y’abandi banyarwanda bafite icyo kibazo kuko batarabona ibyangombwa bibaha ubuzima gatozi bwo gukorera mu gihugu bisanzuye.
Mu byo aba banyarwanda bavuga bitera iki kibazo ni uko urwo ruhushya rutangwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rufite mu nshingano kwandika no guha ubuzima gatozi imiryango mpuzamahanga n’imiryango itari iya Leta (…)
Guverinoma y’u Rwanda yanzuye ko mu bihe bya vuba amafaranga azwi nak nkunganire Leta yahaga abakora mu gutwara abantu n’ibintu azahagarikwa, abagenzi mu modoka rusange batangire kwiyishyurira igiciro cyuzuye kiu ngendo.
Ni inkunga yatangiye gutangwa ubwo abanyarwanda bari bavuye mu bihe by’icyorezo cya covid-19 bagaragaza ko ubushobozi bwagiye bugabanuka kubera igihe bamwe bamaze badakora abandi bagatakaza imirimo, ndetse n’urwego rw’umurimo rukagira ibibazo muri rusange leta igafata (…)
Urubanza rw’abahoze ari abayobozi b’amagereza yabaye igororero, CSP Kayumba Innocent yaburanye ku busabe bw’ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni zirindwi mu gihe mugenzi we yasabiwe gufungwa burundu.
Ubwo yahabwaga umwanya ngo agire icyo avuga ku gihano ubushinjacyaha bumusabira aramutse ahamwe n’ibyo aregwa, CSP Kayumba Innocent yabwiye urukiko kwitondera ibyaha aregwa, yibutsa ko atigeze araswa mu mutwe ngo abe yaribagiwe ibyo yakoze.
Kayumba ushinjwa (…)
Nyuma yaho Inteko Ishinga amategeko y’Ubwongereza itoye yemeza ku bwiganze ko u Rwanda rufite umutekano byabaye ikimenyetso ntakuka ko gahunda y’u Rwanda n’iki gihugu yo kwakira abimukira n’impunzi bashaka kubayo bajya babanza gusuzumirwa dosiye zabo bari ku butaka bw’u Rwanda.
Iryo tora ryabaye ryari icyiciro cya mbere [ni nk’umutwe w’abadepite], abashingamategeko bashyigikira Sunak ku bwiganze bw’amajwi.
Ibyo ntibyari bihagije ngo bucye indege itwaye abo bimukira yongere yake ihaguruke (…)
Abaturage bo mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze baravuga ko umuhanda ugera ku Kigo Nderabuzima cya Karwasa wabaye ibinogo bibagora kugezayo umurwayi no kujya kuhashakira serivisi z’ubuzima.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Cyuve ahari uyu muhanda ukoreshwa cyane n’abajya ku kigo nderabuzima ndetse n’imodoka nini ziba zerekeje ku bigega by’ifumbire (Yara) by’Akarere ka Musanze.
Umwe muri aba baturage witwa Munyembanza Germie yagize ati: " Uyu (…)
kuri uyu wa Mbere ku itariki 12.02.2024, CSP Kayumba Innocent na Bagenzi be baregwa ibyaha byo guhohotera imfungwa mu igororero rya Rubavu, basabiwe ibihano n’ubushinjacyaha.
Uko baregwa bongeye kugera mu rukiko rukuru rwa Rubavu mu mpuzankano y’abagororwa bafunze by’abateganyo.
Kayumba Innocent wayoboye iri gororero rya Rubavu, wari mu rukiko uyu munsi ubushinjacyaha bwasanze hari urupfu rw’imfungwa afitemo uruhare bumusabira igihano cy’imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 7 y’amafaranga y’u (…)
Perezida w’Ikipe y’Umupira w’Amaguru, Gasogi United, ntiyishimiye ubutumwa bwatanzwe n’umukinnyi wa Rayon Sport akaba n’umukongomani, Hertier Nzinga Luvumbu wifatanyije n’abandi benegihugu be kumbwira Isi ko u Rwanda ruri Inyuma ya M23 irimo kurwana na Congo.
Ni ubutumwa buri gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, aho abanyapolitiki n’abandi batandukanye muri Congo bifata ku munwa n’ikiganza kimwe bakitunga intoki ku mutwe nk’umuntu uri kuraswa, mu rwego rwo kubwira Isi ko Congo (…)
Bamwe mu baturage bakorera muri santere ya Mukamira mu karere ka Nyabihu baravuga ko batewe umutekano muke ugirwamo uruhare n’ikizu gishaje cyihishamo amabandi.
Bavuga ko icyo kizu cyahindutse ikimoteri n’indiri y’amabandi, bakifuza ko cyasenywa.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iyi santere rwagati aho iki kizu kiri ku muhanda munini Mukamira-Rubavu.
Umwe muri bo witwa Ntawizera Domithira yagize ati: "Iki kizu gikorerwano urugomo ba (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Gashyantare 2024 imirwano hagati y’Umutwe wa M23 na Leta ya Congo n’abayifasha yaramutse yumvikanira mu misozi ya Teritwari ya Masisi na Nyiragongo.
Ku munsi w’ejo imbunda ziremereye n’amasasu mato byumvikaniraga mu gice cya Teritwari ya Nyiragongo, FARDC ishinze ibirindiro muri Kanyamahoro, nubu igihari, ikarasa yerekeza ku dusozi two ku mabere y’inkumi n’utundi turi inyuma aho babonaga ko M23 yari iri.
Abanyamakuru bacu bari hafi y’aho (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















