Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Butaro, mu karere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe n’ibagiro ribagira inyama hasi, mu mwanda ukabije ndetse ngo bishobora no kuzabateza indwara zitandukanye.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Butaro aho yasanze muri iri bagiro riri muri santere ya Rusumo rifite umwanda ukabije ndetse haba hari umunuko ukabije.
Umwe muri bo witwa H. Patrick ati: "Urabona ibi bizi biretse hano, amasazi, umunuko (…)
Perezida Paul Kagame yeruye ko imvugo za mugenzi we wa Congo, Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tchilombo zo gutera u Rwanda atazazirebera ngo yumve ko ntacyo zivuze, kuko nta mukuru w’igihugu uvuga ikintu gikomeye nk’icyo adafite impamvu akivuze.
Yabitangaje mu kiganiro cyihariye yahaye umunyamakuru wa Jeune Afrique, akaba n’Umwanditsi Mukuru wacyo, Francois Soudan, bagaruka ku ngingo zitandukanye zerekeye umubano w’u rwanda na Congo, u Burundi ndetse n’umuryango w’Afurika (…)
Kuru uyu wa Gatanu, ku itari 22 Werurwe 2024, u Rwanda rwifatanyije n’Isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara y’igituntu, ku rwego rw’igihugu uyu munsi wizihirijwe mu karere ka Rubavu.
Mu kwizihiza uyu munsi kandi hashimiwe abajyanama b’ubuzima babaye indashyikirwa mu kugira uruhare mu kurwanya iyi ndwara, aho bahembwe amagare.
Indwara y’igituntu n’imwe mu ndwara zihitana abantu benshi, bityo uyirwaye akagirwa inama yo kujya kuyivuza hakiri kare, itaraba igikatu, (…)
Abacuruzi b’inka bo mu karere karere ka Burera, by’umwihariko abarema isoko ry’amatungo ryo mu murenge wa Butaro barashinja kompanyi ya Ngali kubishyuza imisoro itagira inyemezabwishyu, icyo bakeka nk’amanyanga.
Aba bacuruzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho igiterane cy’inka kiri, asanga bishyura amafaranga mu ntoki badahabwa gitanse igaragaza ko bishyuye n’icyo bishyuriye.
Bavuga ko ndetse hari igihe bagera mu nzira babura inyemezabwishyu bakishyuzwa andi (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngororero, mu Mirenge ya Matyazo na Ngororero baravuga ko baheze mu bwigunge bwo kutagira umuhanda ubahuza n’akarere ka Muhanga bityo kugira ngo bajye gushaka serivisi ku biro by’Akarere babanza kuzenguruka.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iyi mirenge isa nikiri inyuma mu bikorwa remezo, aho basaba ko bakubakirwa umuhanda ubahuza na Muhanga ndetse n’undi bajya bakoresha ubageza ku biro by’Akarere ka Ngororero. (…)
Nyuma yo kubura serivisi zinogeye abaturage zijyanye no kubaga abarwayi bikaba ngombwa ko boherezwa i Kigali n’ahandi, kuri ubu ibitaro bya Ruhengeri biherera mu karere ka Musanze byungutse inyubako nshya n’ibikoresho bishya byose byatwaye asaga miliyoni 400 y’u Rwanda.
Iyi serivisi yo kubaga abarwayi benshi mu gihe gito ije kuziba icyuho cyari kiri muri ibi bitaro bya Ruhengeri, bitewe nuko babagaga abarwayi batandatu ku munsi ariko kuri ubu ngo bagiye kujya bahereza serivisi zo kubaga (…)
Ibibazo birimo ibyo kutabona serivisi z’ubuvuzi zinoze, iz’uburezi, kubona aho kuba ndetse n’ibibazo by’ubukene ni byo byatumye abadepite mu nteko ishinga amategeko bafata umwanzuro wo gusaba Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, Dr. Bizimana Jean Damascene, kubishakira umuti mu mezi 6 ari imbere.
Ni ibyavuye mu biganiro Minisitiri yagiranye n’abagize inteko ishinga amategeko kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20 Werurwe 2024, ubwo yatangaga ibisobanuro kuri (…)
Inyubako yagenewe amashuri yo kwigiramo, amashuri agendanye n’ubumenyi ngiro, iherereye mu mu mudugu wa Rambo, akagari ka Kiraga, mu murenge wa Nyamyumba, imaze imyaka igera kuri 13 ituzura.
Nkuko bamwe mu baturage baturiye hafi yayo babivuga, ngo uyu mushinga wo kubaka aya mushuri watangijwe n’uruganda rwa BRALIRWA, nyuma ruza guhagarika imirimo utarangiye.
Iyo wegeeye izi nyubako, bigaragara ko zadidindiye kandi n’imirimo yo kuzubaka nayo bigaragara ko yahagaze, dore ko zatangiye (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze , bakorera n’abarema isoko ryitwa mu rya Kadigi baravuga ko iri soko ririmo gupfa ubusa ngo bitewe nuko nta bantu basigaye barigana ,usigaye usanga ibisima byambaye ubusa.
Aba baturage mbarwa umunyamakuru wa mamaurwagasabo yasanze muri iri soko batangaje ko mbere ryuzuraga ariko ngo ntabwo abantu bakirizamo, aho basaba ko ubuyobozi bwatekereza ikindi bushobora gukoreramo rikabyazwa umusaruro.
Umwe muri aba baturage (…)
Bamwe mu baturage bakoraga isuku mu muhanda bo mu Murenge wa Cyabingo, mu karere ka Gakenke bakomeje kurira ayo kwarika nyuma yaho birukanwe badahawe amafaranga bakoreye.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Cyabingo aho yasanze aba baturage biganjemo abakecuru bakuze binubira kuba barirukanwe mu kazi bakoraga batarahembwa amezi abiri y’umwenda baberewemo.
Umwe muri aba baturage witwa Mukarukundo yagize ati: "Twebwe twarambuwe twarakoraga (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















