Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Umunyamategeko w'Umujyi wa Kigali mu maboko ya RIB
Umunyamategeko w’Umujyi wa Kigali mu maboko ya RIB

Umunyamategeko akaba n’Umukozi w’Umujyi wa Kigali, Rwagasore Theoneste, yafashwe yakira ruswa yatse umuturage wamugejejeho akarengane ari guhura nako mu mbibi z’ubutaka n’umuturanyi we.
Urwego rw’ihihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko, akurikiranyweho icyaha cyo gusaba no kwakira indonke y’amafaranga kugira ngo akemure ikibazo cy’umuturage.
RIB ivuga ko kuri ubu afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Rwezamenyo, mu gihe dosiye ye irimo gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha. (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Batewe impungenge n'umwanda uva mu bwiherero bwo muri santere
Rubavu: Batewe impungenge n’umwanda uva mu bwiherero bwo muri santere

Bamwe mu baturage batuye ndetse n’abakorera muri santeri y’ubhcuruzi ya Bisizi, mu murenge wa Cyanzarwe mu karere ka Rubavu, bafite impungenge z’umwanda uterwa n’ubwiherero bwubatse muri iyi santeri butagikoreshwa.
Ubu bwiherere bwubatswe n’abafanyabikorwa b’akarere ka Rubavu, ariko aza kubuta ku buryo butakitabwaho uko bikwiye ngo bukorerwe isuku, ibi bikaba intandaro y’umwanda butera ababwegereye.
Umwe mu bakorera hafi y’ubu bwiherero, Nakure Mediatrice, yagaragaje impungenge bubateye. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abafite ubumuga barishimira intambwe bamaze gutera mu ikoranabuhanga
Musanze: Abafite ubumuga barishimira intambwe bamaze gutera mu ikoranabuhanga

Bamwe mu bafite ubumuga bo mu karere ka Musanze baravuga ko hari intambwe bamaze gutera mu ikoranabuhanga cyane kuri mudasobwa.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo basozaga amahugurwa y’ikoranabuhanga bari bamazemo igihe kingana n’ukwezi,bari bateguriwe n’umushinga Feed the Future Hanga Akazi.
Dusabimana Agnes ni umwe mu bafite ubumuga bitabiriye aya mahugurwa, yagize ati: "Aya mahugurwa icyo agiye kudufasha nk’abantu bafite ubumuga ni uguhindura imibereho yacu, ikindi (…)

424 Shares 4 Comments
Muhanga: Yarekuwe n'urukiko Gitifu ntiyanyurwa amwohereza mu Nzererezi
Muhanga: Yarekuwe n’urukiko Gitifu ntiyanyurwa amwohereza mu Nzererezi

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye mu karere ka Muhanga rwarekuye umuturage ubuyobozi bw’inzego z’ibanze ntibwanyurwa buhita bumwohereza mu kigo cy’Inzererezi.
Tariki ya 26 Gashyantare 2024 nibwo uru rukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rwafashe iki cyemezo cyo kurekura Minani Evariste nyuma yo gusanga ‘Nta mpamvu zikomeye zihari zatuma akekwaho gukoresha undi imibonano mpuzabitsina, ubujura bufite impamvu nkomezacyaha, kwanga kwitaba ubugenzacyaha kandi nta mpamvu zihari zatuma akurikiranywa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kwaka EBM byagenewe ishimwe, bikaba akarusho kurega utayiguhaye
Kwaka EBM byagenewe ishimwe, bikaba akarusho kurega utayiguhaye

Minisiteri y’Imari n’igenamigambi yashyize hanze amateka 3 ajyanye n’imisoreshereze mu Rwanda, aho umukiliya wagize igicuruzwa akaka inyemezabuguzi (facture) ya EMB azajya agenerwa 10% ku gaciro k’umusoro winjiye mu isanduku ya Leta.
Ni amateka Minisitiri w’Imari n’igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana avuga ko aje gutuma abantu bibwiriza kwaka facture ya EBM kuko bazaba babifitemo inyungu.
Rimwe muri aya mateka ni irigena ishimwe rishingiye ku mosoro nyongeragaciro.
Iri teka rigena ko (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Abahinga mu gishanga cya Mukinga bahombejwe n'ubutubuzi bwa Treeseed
Amajyaruguru: Abahinga mu gishanga cya Mukinga bahombejwe n’ubutubuzi bwa Treeseed

Hashize amezi make tubagejejeho inkuru y’abahinzi bo mu gishanga cya Mukinga, gihuza uturere twa Musanze na Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru, bavuga ko batewe impungenge n’igihombo bashobora guhura nacyo giturutse kuri kompanyi y’uburubuzi bw’imbuto ya TreeSeed company yabakoreyeho ubutubuzi nyamara bo bari mu buhinzi bubyara inyungu.
Aba bahinzi bavugaga ko bahawe imbuto y’ibigori n’umufatanyabikorwa TreeSeed Company inyuze muri Koperative zabo.
Ibigori byageze igihe cyo gushyiramo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abigisha kuri GS Kamisave baravirwa
Musanze: Abigisha kuri GS Kamisave baravirwa

Yanditswe na Jean Claude Ndayambaje
Bamwe mu barezi bigisha ku kigo cy’amashuri cya GS Kamisave giherereye mu karere ka Musanze, mu murenge wa Remera baravuga ko batewe impungenge n’ubuzima bw’abana bigisha kimwe n’ubwabo kubera igisenge cy’amashuri bigiramo cyashaje bikarushaho kuba bibi mu bihe by’imvura kuko kiva bigakoma mu nkokora imyigishirize.
Aba barimu babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri ayo mashuri ari muri metero 300 uvuye ku muhanda munini wa (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Amashyuza yivanze n'Ikivu abaturage barahahombera
Rubavu: Amashyuza yivanze n’Ikivu abaturage barahahombera

Bamwe mu baturage bakundaga kubyaza umusaruro amazi ashyushye ava mu nda y’Isi azwi nk’Amashyuza yo ku murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu, baravuga ko yatangiye kugabanya umwimerere kuko yivanze n’ay’Ikivu
Baba abatanga serivisi zo kunonora imitsi muri aya mashyuza cyangwa abazikenera bavuga ko ayahuye n’iki kibazo ari ayajyaga afasha abafite amikoro make, ngo kuko ayandi ahari yo bisaba kwishyura kugira ngo uyaruhukiremo.
Aya yangiritse, yinjiwemo n’ikiyaga cya Kivu bityo asa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igitero cya Red-Tabara cyegetswe ku Rwanda
Igitero cya Red-Tabara cyegetswe ku Rwanda

Nyuma gato y’inkuru y’igitero cyagabwe ku ngaho z’u Burundi gikozwe n’Umutwe w’inyeshyamba wa Red-Tabara, icyo gihugu cyatangaje ko u Rwanda ari rwo nyirabayazana wacyo.
Ni igitero cyatumye u Burundi bwongera gushyira u Rwanda mu majwi ni icyagabwe ku Cyumweru tariki 25 Gashyantare mu 2024, mu gace ka Buringa muri Komine Gihanga mu Ntara ya Bubanza.
Iki gitero cyigambwe n’Umutwe wa RED Tabara ukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyahitanye abantu icyenda abandi batanu (…)

424 Shares 4 Comments
NYABIHU: Kuri Konte ya Koperative hasigayeho 1000, abanyamuryango baratabaza RCA
NYABIHU: Kuri Konte ya Koperative hasigayeho 1000, abanyamuryango baratabaza RCA

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu banyamuryango bagize koperative yitwa COAIPO ikusanya umusaruro w’ibirayi ikorera mu karere ka Nyabihu, umurenge wa karago barasaba ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) kwinjira byihutirwa mu kibazo ku inyerezwa ry’umutungo wabo w’amafaranga asaga miliyoni 15 Rwf bakaba basigaranye 1000 gusa.
Abanyamuryango bafite icyo kibazo biganjemo abagenzuzi, babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu kagari ka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru