Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu baturage batishoboye bo mu karere ka Ngororero, mu mirenge ya Matyazo na Ngororero baravuga ko bakibanza gusabwa ikiziriko n’abayobozi mu nzego z’ibanze mbere yo guhabwa inka yo muri gahunda ya Girinka.
Ababibwiye munyamakuru wa mamaurwagasabo ni abo yasanze mu murenge wa Ngororero, aho batunga agatoki abayobozi mu nzego z’ibanze kubakandamiza mu guhabwa girinka ngo kuko babanza kubasaba amafaranga yiswe ikiziriko, utayafite ntashyirwe ku rutonde rw’abagomba guhabwa inka.
Uyu (…)
Ubuyobozi bw’Ishuri rya Nyarutovu mu murenge wa Bushenge, mu karere ka Nyamasheke bwasezereye abanyeshuri ko ntabyo kurya bikirangwa ku ishuri, abana basubira kurya mu ngo z’ababyeyi.
Ni icyemezo Ubuyobozi bw’iri shuri rubanza buvuga ko bwafashe nyuma yo kubona ko muri sitoke y’ikigo ntabyo kurya bisigayemo ndetse n’amafaranga ava mu ruhare rw’ababyeyi yashize, cyane ko nayo yishyuye na bake mu bana barenga 900 bagombaga kuyishyirirwa.
Icyumweru kirashize abanyeshuri batangiye kujya (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Busogo baravuga ikibaya cya Mugogo gikomeje kubateza igihombo bitewe nuko bahingamo imyaka ikarengerwa n’amazi, bagasaba ko hashakwa igisubizo kirambye.
Hashize imyaka ine iki kibaya gifite ubuso bungana na Ha 79 gitunganyijwe ndetse cyashowemo asaga miliyoni 300 gusa iyo urebye uburyo amazi akomeje kucyuzura ubona nta gisubizo kiraboneka.
Abahinzi baganiye na Mamaurwagasabo bavuze ko bakomeje guhombywa n’iki kibaya kandi aricyo (…)
Mu gihe hadasiba kumvikana inkuru z’abanyamuryango ba za koperative zitandukanye bataka igihombo batezwa n’abaziyoboye, ubu Leta y’u Rwanda iravuga ko igisubizo cyo gukumira iyo mikorere kizava mu itegeko rishya igiye gushyiraho.
Ni kenshi kandi abanyamuryango bategereje igisubizo ku mategeko agenga amakoperative yagiye ashyirwaho, ibintu ushobora kwibaza icyo uri rushya rije kurangiza cyari icyuho abarya iby’amakoperative agezeho banyuramo.
Itegeko risanzwe ni itegeko naryo ritaramara (…)
Mu gihe Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yicinyaga icyara ko habura intambwe ya nyuma ngo atsinde igitego cyo gushyira mu bikorwa umushinga Guverinoma ye ifitanye n’iy’u Rwanda, wo kohereza abimukira n’impunzi, abasenateri bawitambitse.
Kuri uyu wa Mbere tariki 4 Werurwe 2024, abagize icyiciro gikuru mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza wagereranya na Sena, batoye amavugurura abangamira gahunda ya Guverinoma yo kohereza abimukira mu Rwanda.
Ikinyamakuru The Guardian cyatangaje ko (…)
Byubakwa, ibitaro by’akarere ka Nyarugenge byari bigenewe kujya byifashishwa mu gutabara vuba abarwayi bafashwe n’ibyorezo, gusa Abasebateri mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda basanze uko byubatswe nabyo bishobora guteza icyorezo.
Ni bimwe mu byagaragaye mu ruzinduko rw’akazi itsinda ry’Abasenateri bagize Komisiyo y’Iminbereho y’abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, ryagiriye ku bitaro bya Nyarugenge, kuri uyu wa mbere, tariki ya 04 Werurwe 2024, hagamijwe kugenzura ibikorwa mu buvuzi (…)
Urupfu rw’Umusivile rwatumye abaturage birara mu muhanda bahangana n’abashinzwe umutekano mu gace ka Mugunga bafunga umuhanda ujya Sake Uba Goma.
Iyi myigaragambyo yasembuwe n’iyicwa ry’umusivili wishwe n’abagabo bambaye imyenda y’igisirikare cya RD Congo ahagana saa mbiri z’ijoro ryo ku wa 4 Werurwe 2024.
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Werurwe abaturage n’abahunze imirwano ya M23 na FARDC bo mu nkambi ya CBCA nabo bazindukiye mu myigaragambyo ikaze.
Abo baturage (…)
Kuri uyu wa mbere hari hateganyijwe guterana kw’Akanama k’Afurika gashinzwe Amahoro n’Umutekano k’Umuryango w’Afurika Yunze Ubunmwe (AU), kiga ku gushyigikira gahunda y’Umuryango w’Afurika y’Amajyepfo mu butumwa bwayo bwo muri Congo, SAMIDRC, no kuyishakira ubufasha imbere no hanze y’umugabane.
Ni Akanama kateranye abagize uruhande rw’u Rwanda rutarimo, kuko rugifatwa nk’ururi inyuma y’ibibera muri Congo, hakurikijwe ibirego bya Perezida Tshisekedi bishinja u Rwanda gutera inkunga umutwe (…)
Impunzi z’abanyekongo bahungiye mu Rwanda bari mu nkambi zitandukanye, zabyukiye mu myigaragambyo y’amahoro yamagana ubwicanyi bukomeje gukorerwa Abatutsi bavuga ikinyarwanda batuye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.
Mu mvugo zuje uburakari bavugaga ko barimo kwamagana Jenoside irimo gukorwa na leta ya Congo, ikomeje gukorerwa mu bice bitandukanye, birimo nord Kivu, Sud Kivu ndetse na Ituri basaba ko bwahagarara nabo bagasubira mu byabo.
Bamwe mu bitabiriye iyi (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Muhanga na Ngororero baravuga ko bakomeje kuba mu bwigunge bitewe n’ikiraro cyo kuri Nyabarango cyahuzaga utu turere twombi kitakiriho.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho abaturage bambukiraga, hahoze ikiraro, asanga kubera amaburakindi bifashisha ubwato bwa gakondo rimwe na rimwe ngo burabahitana, bakifuza ikiraro cyo kujya bambukiraho.
Umwe muri aba baturage witwa Uwanahoro Jeanete, utuye mudugudu wa Kanombe (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















