Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu, mu mirenge ya Rambura, Mukamira na Jenda baravuga ko bahangayikishijwe n’ibura ry’umuriro riterwa n’abajura bitwikira ijoro bakiba insinga z’amashanyarazi.
Umwe muri aba baturage wirwa Sibomana Innocent, utuye mu kagari ka Jaba umudugudu wa Hesha, yagize ati: "Ikibazo cy’abajura kiraduhangayikishije, baraza bakiba insinga z’amashanyarazi tugasigara mu icuraburindi; ni ikibazo kitubangamiye cyane kuko mbere bari baje hariho insinga ebyiri none (…)
Kazungu Denis, uri gukurikiranwaho ibyaha bitandukanye bigera ku 10 yageze mu rukiko yemera ibyaha byose aregwa.
Uyu mugabo benshi batarasobanukirwa n’inkomoko ye n’uburyo yakozemo ibyaha yemera, yageze mu rukiko akimara gusomerwa ibyo aregwa n’ubushinjacyaha abyemera atazuyaje, ati " Ati mubyo bandeze ntacyo nongeraho byose narabikoze."
Ni iburanisha mu mizi ryatangiriye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 09/02/2024 mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwa Kazungu ukurikiranyweho ibyaha (…)
Mu minsi ishize abaturage bo mu karere ka Burera mu mirenge ya Cyanika na Kagogo binubiye ko hari abayobozi bakomeje kubarandurira igihingwa cy’amasaka ndetse bagacibwa n’amande.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu karere ka Burera yasanze hari bamwe mu baturage bari kurira ayo kwarika bitewe nuko bahinze amasaka abayobozi mu nzego z’ibanze bafatanyije na Dasso bakaza kuyarandura ndetse bagacibwa n’amande.
Umwe muribo ni uwitwa Mukeshimana, yagize ati: "Mudugudu yaje ari (…)
Nyuma yuko Abarwanyi b’Umutwe wa M23 bigaruriye ibice binini bya Kivu y’Amajyaruguru bakahota inzira zose zishyira Umujyi wa Goma, Leta ya Congo yashese igiciro icyo ari cyo cyose cyakoreshwa mu kurinda ko wafatwa.
Umujyi wa Goma ifatwa nk’umutima w’Ubucuruzi na politiki mu Burasirazuba bwa Congo bitewe n’imirimo inyuranye iwukorerwamo akenshi ifite aho ihuriye n’abafite izindi nyungu ku butaka bw’iki gihugu zirimo n’iziva mu mitungo kamere gikungahayeho, hagafatwa nk’inzira ibigeza kuri (…)
Abaturage bafite ubutaka buhana imbibi na Pariki y’Igihugu y’Ibirunga baravuga ko baheze mu rungabangabo, nyuma yuko babwiwe ko bazimurwa ahazagururwa parike y’Ibirunga ariko ntibemererwe kugira icyo bakoresha ubutaka bwabo, ni mu gihe RDB ivuga ko bushobora gufata imyaka myinshi kuko bikiri mu nyigo.
Bavuga ko bamaze imyaka itatu bategereje RDB ngo ibahe ingurane z’amasambu yabo azagurirwaho Pariki ariko babuze uwo babibaza.
Bavuga ko bategereje kuzishyurwa amaso ahera mu kirere nyamara (…)
Nyuma yaho Minisiteri w’ibikorwa remezo Dr Jimmy Gasore ategetse abakoraga ibikorwa byo kwinura imicanga mu migezi ya Giciye na Nyamutera babanza kujya kuzibura umugezi wa Rubagabaga, biravugwa ko bamwe batagiyeyo ahubwo bakomeje gukora ku manywa na n’ijoro, bikavugwamo akaboko ka Visi meya, Habanabakize.
Mu nkuru twabagejejeho mbere yavugaga ko abaturage bajaburaga umucanga bakomeje gutaka ubukene bitewe nuko boherejwe kubanza kuzibura ikiraro cya Rubagabaga, ibintu bavugaga ko (…)
Umukuru wa Guverinoma y’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kunamira no guha icyubahiro Intwari z’u Rwanda zirimo n’izabohoye igihugu.
Ni umuhango usanzwe Uba ku munsi mukuru w’Intwari z’u Rwanda, buri taliki Mbere Gashyantare.
Umushyitsi mukuru asanzwe ari Umukuru w’Igihugu ariko kuri iyi nshuro Perezida Kagame akaba yitabiriye Inama ikomeye ya Rwanda Day, ihuza Perezida n’abanyarwanda baba muri Diyasipora, kuri ubu yabereye i Washington muri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bahoze mu buzunguzayi mu muhanda bakaza basigaye bakorera mu isoko rito ryo mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, baravuga ko bakomeje guhohoterwa n’abashaka ko bava aho bashyizwe ariko bigakorwa ku ngufu z’abandi bantu.
Ni igikorwa bavuga ko kirimo kwitirirwa kuhimura bakajya kwihuza na bagenzi babo bo bakabona hari undi mugambi wo kubatwara iseta bari batoranyirijwe.
Aba bashabitsi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo (…)
Kuri uyu wa Gatatu CSP Kayumba na bagenzi be baregwa ibyaha byo guhohotera imfungwa mu igororero rya Rubavu, zimwe muri zo bikaziviramo imfu, bongeye kugera mu rukiko rukuru rwa Rubavu.
Kayumba niwe watangiye yiregura kubyaha ashinjwa, mu kwiregura uyu munsi Kayumba yavuze ko nkuko itegeko rya RCS ribiteganya, umurambo wa JMV umwe mu bo ashinjwa, wajyanye ku bitaro bya Gisenyi, hanyuma muganga akemeza ko yishwe n’umusonga, gusa yanavuze ko uwo JMV atamuzi, kandi atibuka ukuntu urupfu rwe (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu baravuga batikibona serivisi ku biro by’Akagari ka Kanyove bitewe nuko bikora rimwe na rimwe biturutse ku kirere.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mudugudu wa Kabere ahubatse ibiro by’aka kagari, bakifuza ko bajya babona abayobozi bakabafasha muri serivisi cyagwa se ngo baba badahari bakajya babibamenyesha ntibirirwe bajya kuhashakira serivisi.
Umwe muri aba baturage witwa (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















