Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyeshuri 61 b’incuke biga mu ishuri rya Wisdom Schools barimo n’abanyamahanga basoje icyiciro cy’incuke (Nursery top class) bahabwa n’impamyabumenyi zibemerera kujya mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza (Primary).
Ni ibirori byabereye ku cyicaro gikuru cy’ishuri rya Wisdom Schools riherereye mu murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze aho ababyeyi n’abana babo bari bitabiriye uyu munsi mukuru ukunze kuba buri mwaka.
Bamwe mu babyeyi baganiriye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Muko hari Umuturage witwa Gasore Sylivestre, uzwi ku izina rya "Sultan Makenga," wenga inzoga zitemewe hagati mu ngo z’abaturage, bamwe bavuga ko bibabangamiye.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa muko mu gitondo cya kare ahagana saa 6h00’ za mu gitondo, yahuye n’abantu benshi batandukanye bari guturuka mu rusisiro bikoreye ibijerekani byuzuye inzoga z’inzagwa, akomeje kwigira imbere aba ageze ku (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze mu murenge wa Musanze, Akagari ka Cyabagarura hadutse abagore bari guheka abana b’impinja barangiza bakajya kurara biba mu ngo z’abaturage.
Urugero ni ibyabaye mu ijoro rishyira itariki ya 07 Nyakanga 2023, aho mu rukerera ahagana saa 3h50’ umugore uzwi nka "Fonse" wari uhetse umwana ufite hagati y’amezi 6-8 yafatiwe mu mudugudu wa Bukane , nyuma yaho yari yikoreye bimwe mu bikoresho byo mu nzu, amasafuriya, amabase n’ibindi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gicumbi, by’umwihariko abakorera mu isoko ry’umugi baravuga ikimoteri kiri mu marembo y’isoko batinda kukividura kigateza umwanda ukabije bityo bakaba basaba ko bacyimurira ahandi.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu isoko rya kijyambere rya Gicumbi, aho ukinjira mu marembo ubona ikimoteri gishyirwamo imyanda nyamara ngo hari igihe batinda kuza kukividura kikanuka ndetse ngo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu, Umurenge wa Karago baravuga ko bishimira kuba begerejwe amazi meza, bahawe ku bufatanye n’Uruganda rw’icyayi cya Nyabihu (Nyabihu Mountain Tea) nyuma y’imyaka myinshi bavoma ibiroha byo mu kiyaga cya Karago.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Karago, bavuga ko bishimira ibyo umukuru w’Igihugu Paul Kagame amaze kubagezaho.
Umwe muri aba baturage witwa Akimana Violet (…)
Ababyeyi, abarimu n’abarezi barasabwa kurinda abana kwangizwa n’ibyo babona, basoma cyangwa bumva binyuze mu iterambere rya murandasi n’ikoranabuhanga, cyane cyane igihe bakora imyitozo cyangwa umukoro wo mu rugo bakoresheje Telefone z’ababarera.
Ubu butumwa bwatanzwe n’abayobozi batandukanye i Kigali ku wa Gatanu, tariki ya 30 Kamena 2023, ubwo Umuryango uharanira iterambere rya interineti mu Rwanda (Internet Society Rwanda Chapter) waganiraga n’abafatanyabikorwa batandukanye mu gihugu mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacuruza n’Abarema isoko rya kijyambere rya Gicumbi mu karere ka Gicumbi baravuga ko bahangayikishijwe n’uburyo banyagirwa kubera imireko y’iri soko yashaje ntisimbuzwe.
Aba umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu isoko riri rwagati mu mujyi wa Gicumbi, yumvise abarirema basaba ko ubuyobozi bwabubakira iri soko kugira ngo bajye bacuruza bafite umutuzo.
Bamwe mu bacuruzi twaganiye banze ko dutangaza amazina yabo, umwe tumuhaye izina rya Eric (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Urubyiruko rwo mu karere ka Musanze rwibumbiye mu muryango wa "Itezimbere nawe initiative" bafatanyije na Tembera250 baremeye imiryango isaga 80 ituye mu birwa bya Ruhondo, mu murenge wa Gashaki, Akagari ka Kigabiro, Umudugudu wa Birwa.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Kamena 2023, aho abaremewe batangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko bishimiye kuba hari abantu babatekerezaho ku buryo baje no kubafasha.
Nzakuzwanimana (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo bari mu imurikabikorwa ryateguwe ku bufatanye bw’Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Gicumbi, umuyobozi w’aka karere Nzabonimpa Emmanuel yagaragaje ko ababishoboye bashora imari mu kubaka amahoteli afite inyenyeri zirenze ebyiri.
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo, Meya Nzabonimpa yavuze ko akarere ka Gicumbi gafite amahirwe menshi mu ishoramari ahanini rishingiye ku bukerarugendo.
Yagize ati: "Uwaza mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bagana ibiro bw’Akagari ka Gafumba, mu murenge wa Rugarama, Akarere ka Burera baravuga ko umwanda ukabije ugaragara mu biro ubateje inkeke, bagasaba ko bakwikosora bakajya batangira serivisi ahantu heza.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga ku biro by’Akagari ka Gafumba yarungurutse muri bimwe mu byumba by’ako kagari abona ntaho hatandukaniye no mu kiraro cy’amatungo.
Kurebamo biroroshye, cyane ko ibirahire by’inzugi byashizemo (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















