Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Minisiteri y’Ubuzima yasoje Umushinga witwa ’Rwanda Integrated Health system Activity’, (RIHSA), wari ugamije guteza imbere urwego rw’ubuzima aho byagaragajwe ko usize impinduka nyinshi mu buvuzi.
Kuri uyu wa Kane i Kigali ubwo hasozwaga ku mugaragaro uwo mushinga umaze imyaka 3, Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yashimye cyane itsinda ry’abakoze uwo mushinga hamwe na USAID yawuteye inkunga ukaba usize hari byinshi ufashije ibitaro mu mikorere yabyo mu kunoza serivisi biha (…)
Yamditswe na Ndayambaje Jean Claude
Iyo ugeze Ku Rwunge rw’Amashuri rwa Ntarama, mu karere ka Musanze mu Murenge wa Gashaki mu kagari ka Mbwe, ikintu cya mbere wumva ni umunuko ukabije uva mu bwiherero bw’iri shuri.
Ni ikibazo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yiboneye akigera kuri iki kigo.
Umuyobozi w’Iki kigo, Birikunzira Daniel yumvikanisha ko ntacyo bitwaye, gusa agasobanura ko impamvu ibitera ubu bwiherero bwubatswe kera bukaba bushaje.
Ati: "Ubwiherero bwo muri kino gipande cyo (…)
Ku mugorona ushyira kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 6/6/2023 Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yahinduye bamwe mu bayobozi b’igisirikare agira Mr Juvenal Marizamunda Minisitiri w’Ingabo.
Lt Gen Mubarakh Muganga yahise agirwa Umugaba Mukuru w’Ingabo.
Marizamunda asimbuye Maj Gen Albert Murasira wari kuri uwo mwanya kuva mu Ukwakira 2018. Yari asanzwe ari Komiseri Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS), umwanya yagiyeho mu 2021 avuye muri Polisi y’u (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu myaka igera kuri 13 koperative yo guteza imbere ubucuruzi bw’ibikoresho by’ubwubatsi mu Rwanda (COPCOM) imaze ikora, umwanzuro umwe komite nyobozi yayo yigeze gufata yirengagije kugisha inama Ikigo gishinzwe Amakoperative mu Rwanda (RCA) ushobora kuzasiga amateka atari meza kuri yo n’abanyamuryango bayo.
Kimwe n’izindi koperative ziri mu Rwanda, COPCOM nayo ifite uburenganzira bwo gukorana n’ibigo by’imari cyangwa amabanki igafata inguzanyo yishyurwa, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyeshuri biga mu ishuri rikuru ry’ubumenyingiro INES Ruhengeri, basabwe kwitandukanya n’amacakubiri yagejeje u Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Babisabwe ubwo bibukaga ku nshuro ya 29, Jenoside yakorewe Abatutsi, bishwe bazira uko baremwe.
Igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 cyateguwe na Ines Ruhengeri bafatanyije n’ubuyobozi bw’Akarereka Musanze, kiba buri mwaka hagamijwe kwibuka abazize Jenoside yakorewe mu 1994.
Ubuyobozi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu babyeyi batuye mu karere ka Burera mu mirenge ikora ku mipaka baravuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’abana babo by’umwihariko abakobwa babacika bakambuka umupaka bakajya gushaka abagabo babaruta muri Uganda.
Aba babayeyi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Cyanika, Rugarama na Kinoni, barasaba ko ubuyobozi n’izindi nzego bakomeza gukora ubukangurambaga buhozaho kuri iki kibazo.
Umwe mu baturage (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu karere ka Musanze barashimira umuryango wa RPF Inkotanyi ukomeje kubaba hafi mu mibereho ya buri munsi.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 03 Kamena 2023 ubwo Urugaga rw’abagore n’Urugaga rw’urubyiruko rushamikiye ku muryango wa RPF Inkotanyi mu ntara y’Amajyaruguru bibukaga abagore n’abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Muri uyu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Rwaza, mu kagari ka Bumara baravuga ko bagicana agatodowa kandi Urugomero rw’amashanyarazi rwa Mukungwa ya 2 ruri iwabo mu rugo.
Ibi babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge bamubwira ko babona iterambere Igihugu cy’u Rwanda kigezeho bari bakwiye kugendana naryo ariko ngo hari aho basigaye.
Abaganiye n’umunyamakuru bose bahuriza ku kuba bari mu icuraburindi ndetse (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu rwego rwo gukomeza gufata mu mugongo abagizweho ingaruka n’ibiza mu karere ka Rubavu, abantu b’ingeri zitandukanye bakomeje ibikorwa byo kuremera imiryango yasizwe iheruheru n’ibiza.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Gicurasi 2023 abakozi b’uruganda rukora ikinyobwa cy’umwenya (HORA Group LT) bifatanyije n’abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza babajyanira ibyo kurya bigizwe n’umuceri, Akawunga, isabune n’ibindi bitandukanye birimo imyambaro n’inkweto (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyeshuri biga mu bigo bitandukanye byo mu karere ka Burera birimo Kinoni na Maya II baravuga ko babangamiwe n’uburyo bicara nabi mu ishuri bitewe no kutagira intebe zibafasha kwisanzura bigatuma bataha imigongo ibarya.
Babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Rugarama na Kinoni aho yasanze bicaye bagerekeranye.
Urugero ni aho mu ishuri twabashije kwinjiramo abana bateye hejuru ngo "Imigongo irimo kuturya."
Mu kiganiro (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















