Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Musanze: Mu isoko rya Nyirambundi batewe impungenge n'umwanda wo mu bwiherero
Musanze: Mu isoko rya Nyirambundi batewe impungenge n’umwanda wo mu bwiherero

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Abakorera n’abatuye hafi y’isoko rya Nyirambundi rihereye mu kagali ka cyogo mu murenge wa Muko ni mu karere ka Musanze bavuga ko batewe impungenge n’umwanda uterwa no kutagira ubwiherero nyuma yaho ubwo bari bafite bwasenwe n’ibiza.
Bamwe mu baturage bakorera n’abatuye hafi y’iri soko babwiye Mamaurwagasabo ko mu gihe hatagize igikorwa ngo haboneke ubwiherero bwiza bashobora kwisanga mu kaga kuko urigukenera ubwiherero ntabubone ari kujya ku nsina (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abiga Kaminuza basabwe kwimakaza ubupfura birinda ibiyobyabwenge
Abiga Kaminuza basabwe kwimakaza ubupfura birinda ibiyobyabwenge

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Urubyiruko rw’abanyeshuri bo muri za kaminuza bari gutorezwa i Nkumba mu karere ka Burera basabwe kwimakaza ubupfura birinda inzoga n’ibindi biyobyabwenge bibicira ejo hazaza.
Ibi babisabwe na Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya Valentine, kuri uyu wa Mbere ubwo yatangizaga Itorero Intagamburuzwa icyiciro cya IV, mu kigo cy’ubutore cya Nkumba.
Yabibukije ko badakwiye kwishora mu byabangiriza ubuzima, birimo inzoga n’itabi.
Ati: "Mwirinde (…)

424 Shares 4 Comments
Abiga ubumenyingiro basanga intumbero yakabaye kwihangira imirimo
Abiga ubumenyingiro basanga intumbero yakabaye kwihangira imirimo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abiga muri IPRC Musanze basanga intumbero y’urubyiruko yakabaye gushyira mu bikorwa ibyo bize bakihangira imirimo aho gutegereza gushaka akazi.
Babitangaje ubwo iri shuri ryakoraga ibirori byo kwishimiraga ibyo rimaze kugeraho mu myaka 8 rimaze ritanga ubumenyi kuko ryafunguye imiryango muri 2015.
Bamwe mu baganiye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo bavuga umunyeshuri urangije muri iyi kaminuza atagakwiye kwirirwa asaba akazi ngo ahubwo we abafite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Baratabariza umuturage ugituye muri Nyakatsi Gitifu akabihakana
Rubavu: Baratabariza umuturage ugituye muri Nyakatsi Gitifu akabihakana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Rubavu, hari umuryango wa Setayirima Silas w’imyaja 78 utabarizwa n’abaturanyi be kubera nyakatsi bagituyemo.
Atuye mu murenge wa Mudende mu kagari ka Nyundo, umudugudu wa Mutura.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga mu mudugudu wa Mutura Setayirima atuyemo, abaturage bumvikanye bamusabira ko yakubakirwa aho gukinga umusaya akava mu byatsi. Urukuta rw’inzu ya Setayirima/FOTO Ndayambaje JC
Uwitwa Manishimwe yagize ati:" Iyi nzu (…)

424 Shares 4 Comments
Gakenke: Abarema isoko rya Bazira barifuza aho bikinga imvura n'izuba
Gakenke: Abarema isoko rya Bazira barifuza aho bikinga imvura n’izuba

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke, by’umwihariko abakunze kurema isoko rya Bazira, barifuza kubakirwa isoko rizima bakabona aho bajya bikinga izuba n’imvura, bakabona n’uburyo bajya batandika ibicuruzwa byabo neza.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iri soko agasanga abacuruzi bashyira ibicuruzwa byabo hasi bakaba ariho bahera basaba ko bakubakirwa isoko ryiza rijyanye n’icyerekezo.
Umwe muri aba bacuruzi witwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Bamenye igitera abana kugwingira
Musanze: Bamenye igitera abana kugwingira

Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Musanze baravuga ko amakimbirane aterwa n’ubusinzi ariyo ntandaro nyamukuru itera abana kugwingira.
Ibi babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo mu murenge wa Kinigi muri aka karere hatangizwaga icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana, mu nsanganyamatsiko igira iti "Umwana utagwingiye ni ishema ry’ababyeyi".
Umwe mu babyeyi witwa Ndayisaba Jean Claude aragira ati: "Kenshi hari igihe umugore ajya kunywa inzoga nanjye nanyoye inzoga (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Ishuri rikuru ILPD ryibutse Abatutsi bishwe babeshywa ko bari buhabwe ubutabera ariko ntibabubone
Musanze: Ishuri rikuru ILPD ryibutse Abatutsi bishwe babeshywa ko bari buhabwe ubutabera ariko ntibabubone

Yanditswe Umugiraneza Alice
Ishuri ryigisha abanyamategeko ILPD ryibutse Abatutsi bishwe muri Jenocide yakorewe Abatutsi mu 1994 ubwo bari bahungiye mu cyahoze ari urukiko rw’ubujurire (cour d’appel), babeshywa ko bahabwa ubutabera ariko ntibabubone.
Banenze umugambi mubisha wateguwe na Leta yariho urwego rw’ubutabera rukawufasha gushyirwa mu bikorwa.
Dr. Sezirahiga Yves, Umuyobozi wa ILPD w’umusigire, yihanganishije imiryango ifite ababo baruhukiye mu Rwibitso rw’akarere ka Musanze, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kwirinda gushakira amafaranga mu nzira y'ubusamo
Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kwirinda gushakira amafaranga mu nzira y’ubusamo

Madamu Jeannette Kagame yaganirije urubyiruko rusaga 1000 rwitabiriye Ihuriro ry’urubyiruko “Igihango cy’urungano “ mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka Gisagara arugira inama yo kugera ku butunzi bakoreye.
Yabibukihe kwirinda inzira z’ubusamo mu gushaka gukira batavunitse, abasaba gukomera ku budaheranwa.y
Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Kamena 2023, mu huriro ryahurijwe hamwe no Kwibuka ku nshuro ya 29 urubyiruko rwishwe muri Jenoside yakorewe ndetse no kwizihiza imyaka (…)

424 Shares 4 Comments
Urubyiruko rwibukijwe ko 'gukora icyo ushaka atari ukwangiza ubuzima'
Urubyiruko rwibukijwe ko ’gukora icyo ushaka atari ukwangiza ubuzima’

Mu bukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko bwatangijwe na Minisiteri y’Ubuzima, bibukijwe ko gukora icyo ushaka atari ukwangiza ubuzima.
Ni ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge bwatangijwe n’urugendo rwo kwamagana ikoreshwa ryabyo mu rubyiruko rwo mu karere ka Nyarugenge rwiganjemo abanyshuri biga mu bigo bitandukanye mu gice kirimo Ikigo cy’urubyiruko rwa Club Rafiki i Nyamirambo.
Uru rugendo rwitabiriwe n’Umunyamabanga wa Leta Dr. Yvan Butera, abayobozi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru