Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

RUSIZI: ABIVURIZA NYABITIMBO BABANGAMIWE N'IBURA RYA AMBULANCE
RUSIZI: ABIVURIZA NYABITIMBO BABANGAMIWE N’IBURA RYA AMBULANCE

Yanditswe na Ntakirutimana Alfred
Abagana ikigo nderabuzima cya Nyabitimbo cyo mu Karere ka Rusizi bavuga ko bagorwa no kubona Imbangukiragutabara (Ambulance) ku buryo bamwe babyarira mu nzira abandi bakaba bahasiga Ubuzima. Babwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko bikunze kuba iyo boherejwe ku bitaro by’akarere bya Mibilizi.
Ni ikibazo bavuga ko kigiye kumara amezi arenga arindwi, kikabangamira cyane abagore batwite, abarwaje abana kimwe n’abandi baturage iyo boherejwe ku bitaro (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abacukuraga Zahabu bitazwi bahawe umuburo
Musanze: Abacukuraga Zahabu bitazwi bahawe umuburo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Gacaca n’abandi bajyaga bakora ubucukuzi bwa Zahabu mu kirombe kitemewe bahawe umuburo wo kuzibukira babwirwa ko rimwe imvura y’amahindu izabanyagira bakumirwa.
Ibi babibwiwe kuwa Gatandatu tariki ya 27 Gicurasi 2023 ubwo bari basoje umuganda ngaruka kwezi mu Kagari ka Cyabararika, mu Murenge wa Muhoza ahitegeye mu kibaya cya Gatare cy’Akarere ka Musanze, ari naho hakorerwaga ubucukuzi bwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igenagaciro ry'imitungo itimukanwa rigiye kwifashisha ikorabuhanga rigezweho
Igenagaciro ry’imitungo itimukanwa rigiye kwifashisha ikorabuhanga rigezweho

Samuel Mutungirehe
Abahanga mu bijyanye n’igenagaciro ry’imitungo itimukanwa muri Afurika y’Iburasirazuba bateraniye mu Rwanda, mu nama igamije kunoza imikoranire no gusangizanya ubunararibonye.
Ku rwego rw’u Rwanda, abahanga mu bijyanye n’igenagaciro ry’imitungo itimukanwa bahuriye mu Ihuriro, Real Property Valuers (IRPV), ryashinzwe mu 2010, aho rikora nk’urwego rugenzura abari muri uyu mwuga.
Mukamana Esperance, Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubutaka mu Rwanda, avuga ko iyi nama (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Bamaze imyaka irenga 10 batishyurwa ingurane, ubuyobozi bukabashinja kutamenya kureba kuri Konte zabo
Musanze: Bamaze imyaka irenga 10 batishyurwa ingurane, ubuyobozi bukabashinja kutamenya kureba kuri Konte zabo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nta minsi myinshi Umugenzuzi w’Imari ya Leta abwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko Leta itajya yambura abantu bakoze cyangwa abo isabwa kwishyura amafaranga bitewe n’ibikorwa remezo bikenewe cyangwa isoko ryatanzwe bigakorwa, agashimangira ko igishoboka cyaba gutinda kwishyurwa.
Gusa siko abaturaye mu karere ka Musanze mu murenge wa Rwaza, mu kagari ka Bumara babibona.
Baravuga ko bamaze imyaka irenga 10 mu gihirahiro, batishyurwa ingurane (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Barifuza gukurwa mu kajagari
Musanze: Barifuza gukurwa mu kajagari

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bakoresha umuhanda Musanze-Rubavu baravuga ko bifuza kubakorwa gare muri santere ya Byangabo bagaca ukubiri n’akajagari kakihagaragara.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka gasantere gaherereye murenge wa Busogo, aho ugisanga urujya n’uruza rw’abantu bateze imodoka bava cyangwa bajya mu karere ka Rubavu na Nyabihu.
Tuyambaze Jean de Dieu, yavuze ko bagorwa cyane no gutegera muri iyi santere bitewe nuko (…)

424 Shares 4 Comments
"Ntabwo kiliziya yakemera ubutinganyi”-Mgr. Sinayobye
"Ntabwo kiliziya yakemera ubutinganyi”-Mgr. Sinayobye

Yanditswe na Ntakirutimana Alfred
Musenyeri wa Diyoseze Gaturika ya Cyangugu Edward Sinayobye avuga ko kiliziya idashobora kwemera ubutinganyi kuko butari mubyo Imana yateganyirije abantu agashimangira ko uwo muco ari umwe mu byonnyi biri kototera umuryango.
Yabigarutseho kuri uyu wa mbere ubwo yashyikirizaga abapadiri ndetse n’abakirisitu bahagarariye abandi ibaruwa igaragaza ibikibangamiye umuryango.
Muri iyi baruwa uyu mushumba wa diyoseze ya cyangugu yanditse agaragaza ko mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ku nshuro ya mbere abana b'u Rwanda bagiye guhatana mu gishinwa
Ku nshuro ya mbere abana b’u Rwanda bagiye guhatana mu gishinwa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ishuri rya Wisdom Schools riherereye mu karere ka Musanze rigiye guhatana n’ibigo bikomeye mu marushanwa y’ururimi rw’Igishinwa.
Biteganijwe ko amajonjora y’ibanze azaba tariki ya 28 Gicurasi 2023 mu mujyi wa Kigali.
Kuva ishuri rya Wisdom Schools ryatangira kwigisha igishinwa muri 2019, rigiye kwitabira amarushanwa yateguwe ku rwego rw’Igihugu azaba arimo amashuri atandukanye arimo ibindi bigo bikomeye nka Green Hills Academy, Akagera (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Hari abanywesha inzoga imiti ya SIDA
Musanze: Hari abanywesha inzoga imiti ya SIDA

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera Sida bo mu karere ka Musanze baravuga ko bahangayikishijwe na bagenzi babo bafata iyo miti bakayivanga n’inzoga batariye bikabatera kuzahara bikabije.
Umwe mu bemeye kuduha aya makuru,tumuhaye amazina ya Kamaliza kubera ko yanze ko dutangaza amazina ye mu nkuru, avuga ko kuba bavanga imiti igabanya ubukana bwa Virusi itera Sida n’inzoga ngo babiterwa n’ubukene bukabije.
Aragira ati: "Iyi miti (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusizi:Abaje gushungera mwarimu wishe umupolisi batashye bimyiza imoso
Rusizi:Abaje gushungera mwarimu wishe umupolisi batashye bimyiza imoso

Yanditswe na Alfred Ntakirutimana
Mu minsi ishize mu kagari ka karenge mu murenge wa Rwimbogo,haherutse kugaragra umurambo w’umupolisi wishwe ateraguwe ibyuma mu iperereza ry’ibanze ubugenza cyaha bwatangaje ko bwafashe abantu 3 bakekwaho kugira uruhare murupfu rwe.
Kuri uyu wagatanu tariki ya 19/5/2023 abaturage bari bahamagawe ku biro by’uyu murenge wa Rwimbogo mu nteko y’abaturage batangarizwa ko RIB iribuze kubereka aba bakekwaho kwica “PC Sibomana Simeon”
Abari baje mu nama (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Ubworo bw'amata bukura abana mu ishuri
Rubavu: Ubworo bw’amata bukura abana mu ishuri

Yanditswe na Samuel M
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu, umurenge wa Rubavu, baravuga ko kubera ubukene abana bamwe bajya gushaka aho bakura amata bigatuma batajya ku ishuri.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge, mu kagari ka Murambi, aho usanga abana bato benshi buzuye mu dusantere batagiye ku ishuri, bamwe usanga baragiye inka mu gihe bakabaye bari ku ishuri.
Umwe mu baturage twaganiye witwa Ndahayo Jean Marie Vianney yavuze ko kuba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru