Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuturage witwa Mukeshimana Marie Claire wo mu murenge wa Rugerero, mu karere ka Rubavu yasenyewe urugo inshuro zirenga ebyiri akaba ari kwibaza impamvu mu gihe agaragaza ibyangombwa bimwemerera kurwubaka.
Ni uruzitiro rw’urugo rw’inzu ye iri ku Kagari ka Gisa.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga aho ibi byabereye yasanze umuturage Mukeshimana arimo kurira, huzuye abantu benshinbarimo n’abayobozi n’abandi bo mu nzego z’umutekano, Polisi (…)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko hasheshwe Inama Njyanama y’akarere ka Rutsiro, Mulindwa Prosper agirwa Umuyobizi w’akarere by’agateganyo.
Ni icyemezo cyafashwe mu izina rya Perezida wa Repubulika Paul Kagame hashingiwe ku biteganywa n’itegeko rigenga akarere.
Akarere ka Rutsiro kayoborwaga na Madamu Triphose Murekatete.
Mulindwa Prosper wahawe inshingano zo kuyobora Rutsiro by’agateganyo yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru Ushinzwe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, umurenge wa Nyange haravugwa inkuru y’urupfu rw’umuturage witwa Bazirake Laurent w’imyaka 75, wahitanywe na Gerenadeubwo ahinga mu murima.
Aya makuru yamenyekanye ku gica musi cyo kuwa kabiri tariki 27 Kamena 2023, aho uwo muturage yarimo guhingira umuturage witwa Bizimana, hanyuma iyo gerenade ihita imuturikana, imukomeretsa bikomeye amaguru n’amaboko, ajyanwa kwa muganga gusa byarangiye yitabye Imana kuko yari (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo umwaka w’amashuri wa 2022-2023 urangire, hari bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri mu karere ka Musanze bari mu ihurizo rikomeye bibaza uburyo bazishyura amadeni babereyemo ba rwiyemezamirimo bagiye babagemurura ibiryo ku mashuri.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga ku kigo cy’amashuri abanza cya Migeshi giherereye mu Murenge wa Cyuve, yatunguwe no guhura n’abana saa 11h30’ bagenda bataka inzara, ko (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu murenge wa Muhoza ni mu karere ka Musanze akagali ka Kigombe hibutse ku nshuro ya 29 Jenocide yakorewe Abatutsi mu 1994, hanagaragazwa ikigiye gukorwa mu kwigisha urubyiruko amateka, hagamijwe kurandura Burundi ingengabitekerezo ya Jenoside.
Hibukwaga Abatutsi biciwe mu cyahoze ari court d’apel ya Ruhengeri, aho hafashwe ingamba zo gushaka abantu basobanukiwe amateka nyakuri ya jenocide yakorewe abatutsi 1994 agasobanuritwa urubyiruko hagamijwe kubaka u (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yo kwibaruka abana batatu Nyiranzabonimpa Jullienne w’imyaka 28 utuye mu karere ka Musanze, umurenge wa Cyuve, akagari ka Kabeza, umudugudu wa Karinzi yijejwe n’ubuyobozi bw’Akarere ndetse n’abandi bafatanyabikorwa ko bazakomeza kumuba hafi.
Uyu mubyeyi wakoraga akazi kubuzunguzayi asanzwe atuye mu kagari ka Kabeza umudugudu wa Karinzi.
Ku Gicamusi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 22 Kamena 2023 ababyeyi bagize itorero Fatherhood Sanctuary bari (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, by’umwihariko abivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Gasiza baravuga ko bahangayikishijwe no kuryama kuri matera zashaje ntizisimbuzwe.
Babibwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga ku kigo nderabuzima cya Gasiza giherereye mu Murenge wa Cyuve aho yasanze matera zarabaye ’ubushwambagara’ bakifuza ko leta yagira icyo ikora.
Banze gutangaza amazina yabo ariko mu majwi yabo baragira bati: "Ahubwo aho (…)
Pasiteri Niyonshuti Théogène wamenyekanye ku izina ry’inzahuke yitabye Imana mu ijoro ryo kuwa Kane rishyira kuwa Gatanu azize impanuka ikomeye y’imidoka yabereye i Kampala muri uganda.
Ni impanuka yabereye mu Karere ka Kabale mu Majyepfo ya Uganda ahagana saa tanu z’ijoro (23h00).
Muri iyi mpanuka kandi yaguyemo n’umuhanzi Donath.
Muri ayo masaha y’ijoro nibwo aba banyarwanda bakoreye impanuka mu muhanda Kampala ubwo berekezaga i Kigali .
Biravugwa ko Pasiteri Théogène yari (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu, baherutse gusenyerwa n’amazi y’umugezi wa Sebeya baravuga ko badashaka gukomeza gusembera bahunga uwo mugezi ahubwo bazemera bawupfiremo.
Ni abari batuye mu murenge wa Nyundo, Akagari ka Nyundo umudugudu wa Kiziguro bahuye n’ibiza inzu zabo zigashegeshwa n’ibiza bagasabwa kutongera gusubira gutura muri ako gace. Umugezi wa Sebeya
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu banyeshuri bateraniye mu Rwanda baturutse hirya no hino muri Afurika bavuga ko abakobwa bakwiye gutinyuka bakiga amasomo y’ubumenyi cyane nk’imibare, bagashimangira ko uwayize imugirira akamaro.
Babitangaje ubwo bahuriraga i Musanze mu ishuri rikuru rya Ines Ruhengeri, mu nama y’inzobere mu mibare baturutse ku mugabane wa Afurika (African Mathematical School- conference) barimo kurebera hamwe uruhare rw’abagore mu mibare.
Ni ishuri (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















