Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu babyeyi barerera ku kigo cy’amashuri cyo ku Mubano wa Kane, giherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, baranenga icyemezo cy’iki kigo cyo kwirukana abana babaziza ko baje ku ishuri bambaye inkweto za bodaboda batanafite amasahani y’icyuma. Mu gihe abandi biga ku kigo kimwe, bari bakomeje amasomo nkuko bisanzwe, abanyeshuri batandau bo mu muryango umwe bo bisa nkaho bitaboroheye ngo babashe gukurikirana amasomo yabo kuri uyu wa Mbere, kuko bahise basubizwa mu rugo (…)
Hari bamwe mu baturage batishoboye batuye mu mudugudu wa Cyivugiza, mu kagari ka Rubaya mu murenge wa Mukamira w’akarere ka Nyabihu bavuga ko Leta yabatuje mu nzu zituzuye. Mu kiganiro bagiranye na Mama Uwagasabo TV, bavuze ko bafite impungenge ko ibikuta byo muri izi nzu bizabagwaho kubera ko bitubatse neza. Niyizamurera Olive yagize ati”Tumaze imyaka itatu badutuje muri izi nzu zituzuye urabona ko badusakariye ariko ibikuta Ntabwo bizamuye ku buryo cyanaguhirimaho, ikindi urabona ko (…)
Mu itangazo ryashyinzwe ahagaragara n’ibiro by’umukuru w’igihugu Village Urugwiro, kuri uyu wa Gatanu, rivuga ko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagiye I Doha muri Quatar, aho yitabiriye inama imuhuza na Amiri wa Qatar, Tamim bin Hamad bin Khalifa Al Thani.
U Rwanda na Qatar bisanzwe bikorana, haba mu bukungu, umutekano, ubusabe bwa visa ndetse n’ibindi.
Mu bijyanye n’ubukungu Qatar itanga inkunga mu kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera, kimwe mu bibuga by’indege bikomeye (…)
Akarere ka Nyaruguru ni kamwe mu turere dukungahaye kubuhinzi bw’icyayi Mu Rwanda aho usanga hegitari zirenga 8,000 zihinzeho icyayi ariko kugeza ubu hari bamwe mu bakora mu buhinzi bw’icyayi bagaragaza ko bageze kuri byinshi bakesha icyayi. Aba bahinzi bavuga ko uruganda rwa Kibeho tea factory ari igisubizo ku bibazo bahuraga nabyo. Dushimirimana Simon umwe mu bahinzi w’icyayi yagize ati “Nidukora neza nkuko twabisabwe tukubahiriza igihe cya sizoni tukoresha ifumbere nkuko byagenwe (…)
Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubushinjacyaha Dr Murangira Thierry, yavuze ko ataringombwa ko RIB ibona ibintu kimwe n’ubucamanza kuko byaba ari ishyano, kuko byose ikitarusange ari ineza ya Rubanda.
Mu kiganiro cyagarukaga ku mitangire n’imigendekere y’ubutabera mu Rwanda cyatambutse kuri Mama Urwagasabo Tv kuri uyu wakane tariki ya 11 Nzeri 2025, Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha Dr Murangira Thierry, ubwo yasobaniraga zimwe mu inshingano uru rwego rufite harimo no kuba (…)
Munyaneza Bosco, utuye mu Murenge wa Cyanzarwe, agaragaza ko yakeneshejwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, nyuma yaho bamwamburiye amafaranga hafi Frw 4 000 000, ku mirimo yo kubakira abatishoboye amazu mu mwaka 2021.
Avuga ko kandi kubera kwamburwa muri kino gikorwa byamugizeho ingaruka, nko kugurisha inzu ye yari igiye gutezwa cyamura kubera kubaka aya mazu 24. Yagize ati"Muri 2021, bampaye ikiraka cyo kubaka amazu y’abatishoboye, ndayubaka, tugirana amasezerano bigera muri 2022, (…)
Akarere ka Nyaruguru gaherereye mu majyepfo y’u Rwanda, kari mu turere turi kwihuta mu iterambere kuko gafite imihanda, amavuriro, gare ndetse n’ibindi bikorwaremezo bifasha abaturage kwiteza imbere no kugira imibereho myiza dore ko ari akarere kazwi cyane mu bukerarugendo nyobokamana. Abatuye ndetse n’abakorera muri aka karere bagaragaza ko mu rwego rw’uburezi, hakenewe amashuri yigenga (Amashuri y’inshuke n’abanza), kuko abana 60 ku munsi bajya kwigira i Huye kubera kubura amashuri (…)
Bamwe mu bamotari bakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu kuri moto mu karere ka Rubavu, bavuga ko bafite ikibazo cyo kubura aho baparika. Aba bamotari bavuga ko nta parkingi n’imwe bagira, muri kano karere. Iki kibazo cyo kubura aho baparika, bakigaragaza nk’igikwiye kwitabwaho, kigashakirwa igisubizo.
Umwe yagize ati"Nta parikingi nimwe nzi y’abamotari hano i Rubavu, aho basigaye baratwimuriye kuri gare ni mu muhanda, waparika imbere ya boutique umuntu akaba aragufashe ngo uratanga (…)
Mu mirenge irimo uwa Ndora, Kibirizi, Musha na Save yo mu karere ka Gisagara, ari abaturage bavuga ko bakwa amafaranga ibihumbi 20 cyangwa 30 n’abayobozi b’imidugudu n’utugari kugira ngo bahabwe Gira inka. Ava baturage twabasuye mu bihe bitandukanye batugaragariza ko bajujubijwe n’abayobozi b’ubutugari n’umudugudu babaka ikiziriko (ikiriziriko si icyo tuzi cy’imigwegwe), ahubwo ni amafaranga ibihumbi 20 cyangwa 30 kugira ngo babashyire ku rutonde rw’abahabwa Gira inka mu midugudu. ---- (…)
Nyuma yaho bigaragaye ndetse bikavugwa ko hari urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu, by’umwihariko mu mirenge yegereye igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rujya mu mitwe yitwaje intwaro ibarizwa muri kino gihugu, nka FDRL na Wazalendo. Uru rubyiruko rugifite imyumvire nk’iyo rurasabwa kuyizinukwa ahubwo rugafatanya n’abandi Banyarwanda kwiteza imbere, bakubaka igihugu cyabo, ndetse n’ababa baragiye muri iyi mitwe bakagirwa inama yo kugaruka. Ababyeyi ni bamwe mukangurirwa (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















