Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagaragaje ko inshingano z’ubuyobozi ari ugutera inkunga abaturage mu bikorwa by’iterambere.
Perezida Kagame yavuze ko abayisilamu bagize amateka y’umwihariko ariko bakaza kugira andi bahuriyeho n’abandi baturage, kuri ubu icyakozwe kikaba ari impinduka kandi zari zikwiye gukorwa.
Ni bimwe mu byo yagarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Werurwe 2026, ubwo yari mu gikorwa cyamuhuje n’Abayisilamu bo mu Rwanda mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mukuru wa Eid (…)
Intumwa z’uburusiya, Ukraine na Leta Zunze Ubumwe za Amerika zerekeje i Abu Dhabi uyu munsi, aho biteganyijwe ko habera ibiganiro bya mbere by’impande eshatu kuva Uburusiya bwatangira intambara yeruye muri Ukraine muri Gashyantare 2022.
Ibi bibaye nyuma y’uko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin n’intumwa za Donald Trump bagiranye ibiganiro i Moscou, Kremlin ivuga ko byari “ingirakamaro” ariko kandi “byavuzwe mu kuri kudaciye ku ruhande”.
Ejo hashize mu nama y’Isi yiga ku bukungu (World (…)
Ni bamwe mu batuye mu kagari ka Rwanza, umurenge wa Save mu karere ka Gisagara, bataka ikibazo cy’inzara batewe n’ibiza by’izuba n’urubura byangirije imyaka yabo, bituma bataha amara masa, nyamara muri ibi bihe ubundi barabaga bejeje.
umwe muri aba baturage, avuga ko urubura ryabagiriye nabi cyane. Ati: “Irubura rwaraje rwararika imyaka yacu yose nanyuma haza izuba riraka koko ibisigaye biruma. Ubu turi mu nzara ikomeye, kandi no mu gihe gitaha bizatugiraho ingaruka kuko kubona imbuto (…)
Abaturage batandukanye bo mu karere ka Nyagatare baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bagaruka kw’igenamigambi ryakozwe nabi hubakwa hangari ariko zikaba ziri gusaza ntacyo zikoreshejwe.
Abenshi bagaruka ku kuba ibi bikorwa birimo kwangirika gusa bitafite ubikurikirana.
Uwitwa Ukwizagira Jean Pierre yagize ati ‘’nubwo zihari intego yazo ntabwo ariyo barikuzikoresha kuko zaje bagira ngo abaturage bazihunikemo ariko nzagusanga n’uwateguye umushimga yagombaga no gusanga abagnerwa bikorwa (…)
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu ayobora kiri gusuzuma uburyo bwo kugirana amasezerano ku bijyanye n’ahazaza ha Greenland, nyuma y’ibiganiro yagiranye n’umunyamabanga wa NATO anatangaza ko yahagaritse imisoro yari yateganyijwe gushyirwa ku bicuruzwa biva mu bihugu umunani by’i Burayi, anahakana ko Amerika yakoresha ingufu za gisirikare mu kwigarurira icyo kirwa.
Ibisobanuro birambuye kuri ayo masezerano biracyari bike, ariko amakuru aturuka mu (…)
Abaturage bo mu murenge wa Rwinkwavu mu karere ka Kayonza bagaruka ku kibazo bamaranye imyaka icumi nyuma yo gukora mu mushinga wateraga ibiti bya JOTOROFA bakarangiza ariko umushinga ntubishyurE ubu imyaka ikaba ibaye icumi batarishyurwa.
Uwitwa MUKANTABARA Florantine yagize ati "Twakoreye umushinga bita gitorofa Rwanda Bio use nyuma uwo mshinga baje kuwuhagarika ariko tumaze amezi abiri n’igice birangira bataduhembye ariko umuyobozi wacu atubwira ko amafaranga cyacu yari ku karere, ku (…)
Umuryango OVPR ugaragaza ko hakiri abanyamakuru badakora kinyamwuga bitewe no kutamenya amategeko.
Abanyamakuru bagira uruhare mu iterambere ry’igihugu binyuze mu gutangaza amakuru, ariko bamwe na bamwe baracyafite imbogamizi zo kudasobanukirwa amategeko aho usanga rimwe na rimwe bisanga byabaviriyemo gukora ibyaha, nkuko Mr. Bruce Bikotwa umuyobozi w’umuryango Ushinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’abantu abigaragaza. Ati”kudasobanukirwa amategeko umunyamakuru ashobora (…)
Mu Gishanga cya Mukuru mu karere ka Huye abaturage bahangayikishijwe n’ibihombo barigutezwa n’amazi menshi ari kubatwarira imirima.
Ni abahinzi bo mu mukarere ka Huye mu gishanga cya Mukura bavuga kuri ubu iki gishanga cyangiritse bikomeye bikaba bigeze naho iyo imvura yaguye amazi aba menshi akototera imirima yabo. Ati” iyo imvura iguye iraza ikarengera imyaka yacu ubwo ninako n’ubutaka bijyana ugasanga niba wari ufite metero nk’icumi ugasigarana eshanu”. Undi nawe ati “iyo imvura yaguye (…)
Itsinda ry’abahanga mu bwubatsi mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) bafatanyije n’abo mu Ngabo za Jamaica (JDF), batangiye ku mugaragaro imirimo ihuriweho yo gusana no kongera kubaka ibyangijwe n’ibiza mu mujyi wa Montego Bay, mu Ntara ya St James.
Iyi mirimo yatangijwe no gusana no kongera kubaka inzu z’abaturage bagizweho ingaruka n’inkubi y’umuyaga Hurricane Melissa, bikaba ari intangiriro y’ibikorwa by’ubutabazi bigenewe imiryango yibasiwe n’iki kiza. Ubu bufatanye bugaragaza imikoranire myiza (…)
Ni mu isantire ya Cyabayaga urugendo ruto uvuye kumuhanda wa Nyagatare Gicumbi. Ukigera muri iyi santire ukavuga Aya mazina Zidane na Tuyambaze abaturage bakubwira ibyabo ukagira ni amakabya nkuru ngo kuko aba biba kumanwa yihango mwanabafata bagera mu buyobozi mugatahana bagukurikiye.
Domina Mukandekezi yagize ati "abantu banga kuvuga ngo batabagirira nabi, ni abasore babiri babana n’abagore baraza nbakakwiba kandi ntiwavuga niyo tubafashe twabafatanye ibizibiti rwose tubajyanira (…)
Ababyeyi bakora mu irerero riherereye mu kagari ka Barija, umurenge wa Nyagatare, Akarere ka Nyagatare barataka kudahabwa agahimbazamusyi kandi barakemerewe ubu amezi akaba abaye ane ntacyo ubuyobozi bubafasha ndetse n’ibiribwa bahabwaga byo gufasha abana bikaba byarahagaze. Ababyeyi twaganiriye ni abatuye mu mudugudu wa Burumba akagari ka Barija umurenge wa Nyagatare akarere ka Nyagatare bavuga ko bamaze amezi arenga ane ntagahimbazamusyi bahabwa Kandi batangira barabyijejwe ubu bikaba (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.



















