Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Ku wa gatatu tariki ya 22 ukwakira muri Kaminuza y’u Rwanda habereye ibiganiro byahuje Inzego za Leta, abikorera, imiryango itegamiye kuri Leta, amadini n’amatorero baganira ku ngingo igira iti"Uruhare rw’amadini nk’umufatanyabikorwa wa Leta mu iterambere ry’igihugu".
Bamwe mu banyeshuri ba Kaminuza bitabiriye ibi biganiro bavuze ko bungukiyemo byinshi kandi bagaragaraza ko itorero rifite umumaro munini mu iterambere ry’igihugu kuko rirarera ndetse rigakuza kandi ukuriye mu itorero akurana (…)
Nsengimana Faustin utuye mu murenge wa Cyanika akagari ka Karama umudugudu wa Nyamisave aratabaza ubuyobozI bw’akarere ka Nyamagabe ni nyuma yaho inzu ye isenywe n’ibikorwa bya Sosite y’abashinwa ikorera muri aka gace. Ni umuturage witwa Nsengimana Faustin twasanze mu mudugudu wa Nyamisave akagari ka Karama umurenge wa Cyanika akarere ka Nyamagabe, uvuga ko afite impungenge ko inzu ye isaha n’isaha ishobora kumugwaho ni nyuma yuko yansenyewe n’ibikorwa bya Kampani y’abashinwa ikorera (…)
Mu karere Ka Nyagatare umurenge wa Gatunda akagali ka Kabeza umudugudu wa Kabeza haravugwa inkuru idasanzwe y’umwana warozwe kuruka amabuye ndetse n’imisatsi ibyo abahatuye bakeka ko biri gukorwa na se umubyara nyuma y’uko umwana amwangiye kugurisha imwe mu mitungo.
Ni mu mudugudu wa Kabeza aho twasanze abaturage bahuruye baje kureba ibyo bo bita ishyano. Aba baturage bavuga ko baguye mu kantu ubwo umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 17 yatangiraga kuruka amabuye imisatsi ndetse (…)
Muri ijoro ryo ku itariki ya 5 Mu karere ka Huye umurenge wa Tumba akagari ka Gitwa mu midugudu irimo Berwa na Rebero aho Bakunze kwita muri Kongo hari abaturage bavuga ko baraye batewe n’igitero cy’abagizi ba nabi bitwaje Intwaro za Gakondo bamena amazu bariba ndetse banakomeretsa abaturage.
Ni mu karere ka Huye ahazwi nko muri Kongo hakunze kumvikana abaturage bavuga ko bakorerwa urugomo n’ubugizi bwa nabi mu masaha y’ijoro abantu bagakomeretswa abandi bakamburwa utwabo, mu Ijoro ryo ku (…)
Abaturage baguraniwe ubutaka bukubakwaho ishuri rya G.S Pera mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi, bavuga ko hashize imyaka ine batarahabwa ibyangombwa by’ubutaka bwaho baguraniwe, bagasaba ubuyobozi ko bwacyemura iki kibazo.
Umwe muri bo yagize ati "Baratubwira ngo uko bazahereza abandi basigaranye imirima hafi y’amashuri nibyo natwe bazaduh. Abasigaranye imirima baza kubahereza ibyangombwa by’ubutaka, kuva bamara kubibona twatangiye twirukanka imyaka igiye kuba hafi ine ibyo (…)
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu iranenga abayobozi mu nzego z’ibanze bo mu ntara y’Amajyaruguru bubakira abatishoboye inzu zo guturamo muri (Human Security Issues) basa n’abari kubikiza. Ibi byagarutsweho mu nama mpuzabikorwa yo ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru yahuje iyi minisiteri ya (MINALOC) n’ubuyobozi bw’iyi ntara aho abayobozi bagiye berekana inzu bubakiye abaturage ariko zitujuje ibisabwa. Abitabiriye iyi nama bavuze ko batahanye umukoro ukomeye wo gushyira mu bikorwa impanuro (…)
Kuwa Gatatu, Abanyarwanda bagera kuri 314, baratahuka bavuye muri DRC, bakaba baranyuze ku mupaka wa Grande Barrière mu Karere ka Rubavu. Ku mupaka wa Grande Barrière, uhuza Igihugu cy’u Rwanda na DRC, bakiriwe n’inzego zitandukanye harimo ubuyobozi mu Karere ka Rubavu, bwabahaye ikaze.
Maniraguha Ezira, ni umwe muri bano batahutse, avuga ko kutabona amakuru ahagije kandi y’ukuri yo mu Rwanda ari yo mpamvu yatumye adataha.
Yagize ati"Ntabwo baduhaga amakuru neza, batubwiraga ko utashye (…)
Mu karere ka Gisagara umurenge wa Ndora akagari ka Cyamukaza hari abaturage badafite umuriro w’amashanyarazi bavuga ko hari bamwe mu bahabwa imirasire bu buryo bw’uburiganya. Kuko hari abahabwa imirasire kandi bafite n’amashanyarazi. Ni abaturage b’akarere ka Gisagara umurenge wa Ndora akagari ka Cyamukuzi bavuga ko babangamiwe nuko hari abaturage bafite ubushobozi bahabwa imirasire ndetse n’umuriro w’amashanyarazi icyarimwe kandi imirasire ubusanzwe ihabwa abaturage batagerwaho n’umuriro (…)
Abakoresha amagare bo mu karere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe no kuba polisi y’u Rwanda ibahuhisha mu gipimo ikabarenganya ngo basinze nyamara ntacyo banyoye. Abaturage baganiriye na Mamaurwagasabo TV bo muri santere ya Gahunga bavuga ko bamwe muri bagenzi babo bafunzwe bitewe no kubura amande angana n’ibihumbi 11,000rwf baciwe nyuma y’uko igipimo kibareze ko basinze.
Mugenzi Egide yagize ati”Ushobora kurara wasomye igipende (ikigage) Wajya ku kagare kawe mu gitondo polisi (…)
Hari abaturage batuye mu karere ka Musanze by’umwihariko abakoresha umuhanda mushya wa kaburimbo Kalisimbi-Rushubi binubira kuba hari ibikorwaremezo bikorwa bitaramara iminsi bikangirika. Ibi babishingira kukuba uyu muhanda warajemo ibinogo, none kuri ubu bakaba bawushyize hasi bagiye kuwubaka bundi bushya. Mu kiganiro na Mamaurwagasabo basabye ko ibikorwa remezo byajya byitabwaho bigakorwa mu buryo burambye cyane ko biba byatwaye amafaranga menshi. Maniraguha Epimaque yagize ati:”Iyi (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















