Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Taiwan yatangaje ko iri gukurikiranira hafi impinduka yise “zidasanzwe” mu buyobozi bw’ingabo z’u Bushinwa, nyuma y’uko jenerali wo ku rwego rwo hejuru cyane atangiye gukorwaho iperereza. Minisitiri w’ingabo kuri uyu wa Mbere yemeje ko Taiwan itazigera igabanya kugira amakenga kuko urwego rw’iterabwoba ry’ubushinwa rikiri hejuru.
Ku wa Gatandatu, u Bushinwa bwatangaje ko Zhang Youxia, usanzwe ari uwa kabiri mu buyobozi bukuru bw’ingabo ku ruhande rwa Perezida Xi Jinping, akaba (…)
Mu nama nyungurana bitekerezo y’Akarere ka Musanze n’Abafatanyabikorwa hakusanyijwe amafaranga asaga Miliyoni 64 yo guhangana n’ibibazo bicyigarije imibereho myiza y’Abaturage (Human Security issues)
Mu bitabiriye iyi nama itangira umwaka wa 2026 abatuye n’abikorera (PSF) bo mu mujyi wa Musanze biyemeje ko bagomba kugira uruhare mu iterambere ry’abaturage ndetse bafatanya na Leta mu kwita ku bikorwa remezo birimo n’imihanda. Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Nsengimana Claudien yashimye (…)
Umunsi ngarukamwaka wahariwe umuco, ku basirikari 109 biga mu Ishuri Rikuru rya Gisirikari riherereye i Nyakinama mu Karere ka Musanze, baherekejwe n’imiryango yabo basabanye mu mico y’ibihugu byabo irimo indirimbo n’ibyino, basangira ibiribwa n’ibinyobwa. Ni ibirori byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Mutarama 2026, aho byitabiriwe n’abasirikare bo ku rwego rwa Ofisiye 109 biga muri iri shuri,
Muri ubwo busabane bujyanye no kumurika imico y’Ibihugu byabo aba basirikare kandi bagiye (…)
Intumwa z’uburusiya, Ukraine na Leta Zunze Ubumwe za Amerika zerekeje i Abu Dhabi uyu munsi, aho biteganyijwe ko habera ibiganiro bya mbere by’impande eshatu kuva Uburusiya bwatangira intambara yeruye muri Ukraine muri Gashyantare 2022.
Ibi bibaye nyuma y’uko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin n’intumwa za Donald Trump bagiranye ibiganiro i Moscou, Kremlin ivuga ko byari “ingirakamaro” ariko kandi “byavuzwe mu kuri kudaciye ku ruhande”.
Ejo hashize mu nama y’Isi yiga ku bukungu (World (…)
Ni bamwe mu batuye mu kagari ka Rwanza, umurenge wa Save mu karere ka Gisagara, bataka ikibazo cy’inzara batewe n’ibiza by’izuba n’urubura byangirije imyaka yabo, bituma bataha amara masa, nyamara muri ibi bihe ubundi barabaga bejeje.
umwe muri aba baturage, avuga ko urubura ryabagiriye nabi cyane. Ati: “Irubura rwaraje rwararika imyaka yacu yose nanyuma haza izuba riraka koko ibisigaye biruma. Ubu turi mu nzara ikomeye, kandi no mu gihe gitaha bizatugiraho ingaruka kuko kubona imbuto (…)
Abaturage batandukanye bo mu karere ka Nyagatare baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bagaruka kw’igenamigambi ryakozwe nabi hubakwa hangari ariko zikaba ziri gusaza ntacyo zikoreshejwe.
Abenshi bagaruka ku kuba ibi bikorwa birimo kwangirika gusa bitafite ubikurikirana.
Uwitwa Ukwizagira Jean Pierre yagize ati ‘’nubwo zihari intego yazo ntabwo ariyo barikuzikoresha kuko zaje bagira ngo abaturage bazihunikemo ariko nzagusanga n’uwateguye umushimga yagombaga no gusanga abagnerwa bikorwa (…)
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu ayobora kiri gusuzuma uburyo bwo kugirana amasezerano ku bijyanye n’ahazaza ha Greenland, nyuma y’ibiganiro yagiranye n’umunyamabanga wa NATO anatangaza ko yahagaritse imisoro yari yateganyijwe gushyirwa ku bicuruzwa biva mu bihugu umunani by’i Burayi, anahakana ko Amerika yakoresha ingufu za gisirikare mu kwigarurira icyo kirwa.
Ibisobanuro birambuye kuri ayo masezerano biracyari bike, ariko amakuru aturuka mu (…)
Abaturage bo mu murenge wa Rwinkwavu mu karere ka Kayonza bagaruka ku kibazo bamaranye imyaka icumi nyuma yo gukora mu mushinga wateraga ibiti bya JOTOROFA bakarangiza ariko umushinga ntubishyurE ubu imyaka ikaba ibaye icumi batarishyurwa.
Uwitwa MUKANTABARA Florantine yagize ati "Twakoreye umushinga bita gitorofa Rwanda Bio use nyuma uwo mshinga baje kuwuhagarika ariko tumaze amezi abiri n’igice birangira bataduhembye ariko umuyobozi wacu atubwira ko amafaranga cyacu yari ku karere, ku (…)
Umuryango OVPR ugaragaza ko hakiri abanyamakuru badakora kinyamwuga bitewe no kutamenya amategeko.
Abanyamakuru bagira uruhare mu iterambere ry’igihugu binyuze mu gutangaza amakuru, ariko bamwe na bamwe baracyafite imbogamizi zo kudasobanukirwa amategeko aho usanga rimwe na rimwe bisanga byabaviriyemo gukora ibyaha, nkuko Mr. Bruce Bikotwa umuyobozi w’umuryango Ushinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’abantu abigaragaza. Ati”kudasobanukirwa amategeko umunyamakuru ashobora (…)
Mu Gishanga cya Mukuru mu karere ka Huye abaturage bahangayikishijwe n’ibihombo barigutezwa n’amazi menshi ari kubatwarira imirima.
Ni abahinzi bo mu mukarere ka Huye mu gishanga cya Mukura bavuga kuri ubu iki gishanga cyangiritse bikomeye bikaba bigeze naho iyo imvura yaguye amazi aba menshi akototera imirima yabo. Ati” iyo imvura iguye iraza ikarengera imyaka yacu ubwo ninako n’ubutaka bijyana ugasanga niba wari ufite metero nk’icumi ugasigarana eshanu”. Undi nawe ati “iyo imvura yaguye (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















