Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Itsinda ry’abahanga mu bwubatsi mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) bafatanyije n’abo mu Ngabo za Jamaica (JDF), batangiye ku mugaragaro imirimo ihuriweho yo gusana no kongera kubaka ibyangijwe n’ibiza mu mujyi wa Montego Bay, mu Ntara ya St James.
Iyi mirimo yatangijwe no gusana no kongera kubaka inzu z’abaturage bagizweho ingaruka n’inkubi y’umuyaga Hurricane Melissa, bikaba ari intangiriro y’ibikorwa by’ubutabazi bigenewe imiryango yibasiwe n’iki kiza. Ubu bufatanye bugaragaza imikoranire myiza (…)
Ni mu isantire ya Cyabayaga urugendo ruto uvuye kumuhanda wa Nyagatare Gicumbi. Ukigera muri iyi santire ukavuga Aya mazina Zidane na Tuyambaze abaturage bakubwira ibyabo ukagira ni amakabya nkuru ngo kuko aba biba kumanwa yihango mwanabafata bagera mu buyobozi mugatahana bagukurikiye.
Domina Mukandekezi yagize ati "abantu banga kuvuga ngo batabagirira nabi, ni abasore babiri babana n’abagore baraza nbakakwiba kandi ntiwavuga niyo tubafashe twabafatanye ibizibiti rwose tubajyanira (…)
Ababyeyi bakora mu irerero riherereye mu kagari ka Barija, umurenge wa Nyagatare, Akarere ka Nyagatare barataka kudahabwa agahimbazamusyi kandi barakemerewe ubu amezi akaba abaye ane ntacyo ubuyobozi bubafasha ndetse n’ibiribwa bahabwaga byo gufasha abana bikaba byarahagaze. Ababyeyi twaganiriye ni abatuye mu mudugudu wa Burumba akagari ka Barija umurenge wa Nyagatare akarere ka Nyagatare bavuga ko bamaze amezi arenga ane ntagahimbazamusyi bahabwa Kandi batangira barabyijejwe ubu bikaba (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu mu karere ka Huye mu murenge wa Tumba akagari Mpare umudugudu w’Agataba hasanzwe umurambo w’umugabo witwa Gilbert Kamugisha mu giti bikekwa ko yaba yishwe akamanikwamo.
Ubwo abaturage babyuka berekeza mu mirimo yabo baje gutungurwa nuko basanze umurambo w’umugabo witwa Kamugisha Gilbert umanitse mu giti. Mubo twahasanze bacyeka ko yaba yishwe akaza kumanikwamo.
Umwe mu baturage twahasanze yagize ati ’’Nge mbona hari ababa bamwishe bakamumanikamo kuko (…)
Abana 2 bo mu murenge wa Rubavu, mu Karere ka Rubavu batwitswe n’insinga z’amashanyaraza bibaviramo kugira ubumuga aho umwe yacitse akaboko, ariko ngo haba REG ndetse n’ubuyobozi mu Karere ka Rubavu iyi miryango y’aba bana igaragaza ko izi nzego zabatereranye. Umwana witwa Irumva Samuel, ufite imyaka 9 yafashwe n’izi nsinga ku itariki 14/07 muri uyu mwaka, ku mpamvu yumvikanisha uburangare bukomeye, nyuma y’iminsi ibiri undi nawe witwa Niyosenga Emmanuel, nawe afatwa nazo zinamuca akaboko (…)
Imirwano yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Biraba mu gihe tariki ya 15 Ugushyingo 2025 i Doha, hashyizwe umukono ku masezerano arimo no guhagarika intambara hagati ya Leta ya Congo n’umutwe wa AFC-M23. Amasezerano yemeza ko impande zombi zihagarika burundu imirwano, ariko ku mirongo y’urugamba bikaba ikinyuranyo.
Imirwano irumvikana hafi ya Bukavu Guhera saa kumi n’imwe z’igitondo (5:00), ni urusaku rw’imbunda nini n’intoya mu bilometero (…)
Minisitiri w’uburezi NSENGIYUMVA Joseph yagarutse ku myumvire yuko ubucucicye butera abana gukora nabi ababenyesha ko bidakwiye kuba urwitwazo kuko bishoboka ko abanyeshuri batsinda kandi neza mu gihe hari ubucucicye. Ibi yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru maze umwe mu banyamakuru amubaza uko abona Kirehe yatsindishije nyamara hari ibigo bigaragaramo ubucucucye bukabije muri aka karere ko mu Ntara y’Iburasirazuba ndetse n’icyo bakwiye ku kigiraho.
Minisitiri (…)
Abana bagororerwa mu igororero rya Nyagatare bashima Leta ko yabahaye amahirwe yo kongera kwiga. Abaganiriye na Mama Urwagasabo TV bavuga ko ari amahirwe kuribo kuko babasha gukomeza amashuri bari mu igororero. Umwe twahinduriye amazina akitwa Emmy avuga ko mbere yari mu bindi bimurangaza ati’’mbere nari mu bindi bijyanye n’iraha gusa ariko ubu turigishwa kandi tukigira ku ntego hano, tubona ari amahirwe twagiriwe yo gukomeza amasomo, hariya hanze wasangaga tudaha agaciro ishuri ariko (…)
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Ugushyingo ku bufatanye n’abaturage n’inzego z’ibanze Police yafashe abagabo 2 bakekwaho gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge aho bafatanywe udupfunyika 85 tw’urumogi.
Aba bagabo babiri bafatiwe mu karere ka Kamonyi mu murenge wa Karama mu kagari ka Bitare, mu mudugudu wa Kabuga.
Kuri ubu abafashwe bafungiye kuri Police Station ya Kayenzi, ni mu gihe Ubugenzacyaha bwatangiye gukora iperereza.
Police y’u Rwanda irashimira abaturage bakomeje kugira (…)
Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (DGPR), rimaze iminsi mu bikorwa byo gushyiraho abayobozi bahagarariye abandi muri buri Karere, ari nako abarwanashyaka baryo bakomeza guhabwa amahugurwa yabafasha mu kwiteza imbere, ari nako banarengera ibidukikije. Mu karere ka Rusizi mu ntara y’Iburengerazuba, ubwo hasozwaga amahugurwa, Hon. Alexis Mugisha Komiseri Mukuru w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda - DGPR), (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















