Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu barezi bo mu karere ka Nyabihu bararira ayo kwarika bitewe nuko bimwe ibirarane bakoreye kuva muri 2005, kuri ubu baratakambira ubuyobozi bukuru bw’Igihugu kubishyuriza. Abaganiriye na Mama Uwagasabo TV bavuze ko kuba hashyize iyi myaka yose batarishyurwa babifata nk’agasuzuguro no kutabaha agaciro nk’abantu batanze uburezi ku bana b’u Rwanda, kuri ubu bari mu kiruhuko cy’izabukuru(Pansiyo) Kagiraneza Charles twamusanze iwe mu rugo mu murenge wa Mukamira aho arwariye uburwayi bwa (…)
Ubuyobozi bw’umuryango never again Rwanda buvuga ko mu bushakashatsi bwakoze bwasanze amakimbirane ashingiye ku moko ari ikibazo gikomeye.
Ni bimwe mu byagarutsweho mu mahugurwa y’abayobozi bo mu nzego z’ibanze agamije gukiza ibikomere bishingiye ku mateka umuryango nyarwanda wanyuzemo. Mu bayitabiriye harimo Abanyamabanga nshingwabikorwa b’Imirenge, abashinzwe imibereho myiza y’abaturage, abayobozi b’amashami atandukanye mu karere, abahagarariye Ibuka na Avega ku rwego rw’imirenge. (…)
Umukecuru Mukanka Olive warokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w’1994, akaba atuye mu Mudugugudu wa Rwumvangoma Akagari ka Giheke mu murenge wa Giheke, tarikiya ya 20 Nyakanga 2025 basanze bamukuriye ibijumba mu murima we. Nanone mu ijoro rya tariki ya 21 zishyira 22 , abantu bataramenyekana nabwo baje iwe bahatera imisaraba ibiri. Ibi byose byakozwe adahari yagiye i kigali kwivuza.
wagerageje kuvugana n’umuyobozi wa Akarere ka Rusizi , Sindayiheba Phanuel ariko ntiyatwitaba gusa (…)
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwafunze by’abagategayo Hotel Chateau Le Marara ltangazo ryashyinzwe hanze rigira riti ’Hashingiwe ku Itegeko No 12ter/2014 ryo ku wa 19/05/2014 rigena imitunganyirize y’Ubukerarugendo mu Rwanda, cyane cyane mu ngingo zaryo za 5, 20 na 29 ziteganya ko buri kigo gikora mu rwego rw’ubukerarugendo kigomba kugira uruhushya rwemewe rwo gukora zikanaha Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) ububasha bwo guhagarika cyangwa gufunga ibigo (…)
Hari bamwe mu bacuruzi, bacururiza mu Isoko rya Karukogo riherereye mu Murenge wa Rubavu, bataka igihombo, baterwa no kuba bacururiza muri za shitingi, k’uburyo ibicuruzwa byabo bijya bihangirikira. Bavuga ko ubuyobozi muri kano karere bwababujie kuba bakwiyubakira cyangwa ngo bwo bubakire, kugira ngo ibicuruzwa byabo byeregukomeza kujya byangirika nko mu gihe imvura yaguye, cyangwa izuba ryavuye.
Twabasanze mu Isoko rya Karukogo riherereye mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, (…)
Mu karere ka Gisagara mu murenge wa Save mu kagari ka Shyanda mu mudugudu wa Rwakabuye, hari umukecuru witwa Nyiramakuba Bertilde utishoboye, usaba gusanirwa inzu ye, ni nyuma yo kuyubakirwa ariko ikaba imaze gusaza. Nyiramakuba Bertilde, aba wenyine, nta mwana ndetse nta n’umugabo afite, twamusanze mu mudugudu wa Rwakabuye mu kagari ka Shyanda mu murenge wa Save. Uyu mukecuru w’imyaka 70, ubwo twaganiraga yatubwiye ko afite ikibazo cy’uko yari yarubakiwe inzu ku nkunga ya leta, ariko (…)
Bamwe mu batuye mu nkengero z’umujyi wa Musanze baravuga ko ikibazo cy’ihuzanzira za Telefone (Network) zikomeje kuba ikibazo gikomeye.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo tv basabye ko hakongerwa iminara kuko kubura itumanaho bibasubiza inyuma mu iterambere ryabo. Niyibizi Didier yagize ati”Ikibazo cya network hano muri Rukereza kiratubangamiye, tumeze nk’abantu badatunze telefone ubu kugira ngo umuntu azampamagare ambone biragoye kandi murabona ko hano ari mu nkengero z’umujyi wa Musanze (…)
Hari bamwe mu baturage batuye mu mudugudu wa Kageyo mu kagari ka Cyabagarura Umurenge wa Musanze w’Akarere ka Musanze bavuga ko hari umuturage witwa Bansaritse Marcel wubatse inzu hanyuma imireko yose ayiyobora mumbuga zabo none amazi ari hafi kubasenyera.
Aba baturage babwiye MAMAURWAGASABO Tv ko bagerageje gutakambira inzego zibanze kuva ku mudugudu kugeza ku kagari ariko ngo Gitifu wa Cyabagarura yavuze ko atashobora uyu Marcel ahubwo bo bakwimuka bakamuhigamira. Uyu ni Uwitwa Noheli (…)
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe n’urubyuruko rukomeje kwishora mu busambanyi urundi rukerekeza muri Uganda bitewe no kubura ibyo bakora.
Abaganiriye na Mamaurwgasabo tv bavuga ko bifuza ko ubuyobozi bw’Akarere ka Burera Bwana Shakira ibyo gukora birimo no kububakira ikigo cy’urubyiruko bakoreramo imyuga ibibateza imbere.
Umwe muri aba babyeyi yagize ati ”Umwana ari kubura icyo gukora akajya gushakisha ubuzima mubugande yagaruka akazagaruka atwite, (…)
Bigirimana Egide wari usanzwe ari umujyanama w’ubuzima mu mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruhambuga, yarashwe n’abashinzwe kurinda pariki ya Nyungwe ubwo bari bagiye gucukuramo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko.
Ibi byabaye saa munani za mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Nyakanga 2025, muri pariki ya Nyungwe ku ruhande rw’umudugudu wa Yove mu kagari ka Buvungira mu murenge wa Bushekeri.
Aho abaturage bo mu mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















