Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Nyabihu:Abarimu bamaze imyaka 20 barambuwe ibirarane bakoreye
Nyabihu:Abarimu bamaze imyaka 20 barambuwe ibirarane bakoreye

Bamwe mu barezi bo mu karere ka Nyabihu bararira ayo kwarika bitewe nuko bimwe ibirarane bakoreye kuva muri 2005, kuri ubu baratakambira ubuyobozi bukuru bw’Igihugu kubishyuriza. Abaganiriye na Mama Uwagasabo TV bavuze ko kuba hashyize iyi myaka yose batarishyurwa babifata nk’agasuzuguro no kutabaha agaciro nk’abantu batanze uburezi ku bana b’u Rwanda, kuri ubu bari mu kiruhuko cy’izabukuru(Pansiyo) Kagiraneza Charles twamusanze iwe mu rugo mu murenge wa Mukamira aho arwariye uburwayi bwa (…)

424 Shares 4 Comments
Rusizi: Mu ngo zo mu Rwanda haracyagaragara amakimbirane ashingiye ku moko
Rusizi: Mu ngo zo mu Rwanda haracyagaragara amakimbirane ashingiye ku moko

Ubuyobozi bw’umuryango never again Rwanda buvuga ko mu bushakashatsi bwakoze bwasanze amakimbirane ashingiye ku moko ari ikibazo gikomeye.
Ni bimwe mu byagarutsweho mu mahugurwa y’abayobozi bo mu nzego z’ibanze agamije gukiza ibikomere bishingiye ku mateka umuryango nyarwanda wanyuzemo. Mu bayitabiriye harimo Abanyamabanga nshingwabikorwa b’Imirenge, abashinzwe imibereho myiza y’abaturage, abayobozi b’amashami atandukanye mu karere, abahagarariye Ibuka na Avega ku rwego rw’imirenge. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusizi: mu rugo rw'uwarokotse Jenoside bahasanze imisaraba ibiri
Rusizi: mu rugo rw’uwarokotse Jenoside bahasanze imisaraba ibiri

Umukecuru Mukanka Olive warokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w’1994, akaba atuye mu Mudugugudu wa Rwumvangoma Akagari ka Giheke mu murenge wa Giheke, tarikiya ya 20 Nyakanga 2025 basanze bamukuriye ibijumba mu murima we. Nanone mu ijoro rya tariki ya 21 zishyira 22 , abantu bataramenyekana nabwo baje iwe bahatera imisaraba ibiri. Ibi byose byakozwe adahari yagiye i kigali kwivuza.
wagerageje kuvugana n’umuyobozi wa Akarere ka Rusizi , Sindayiheba Phanuel ariko ntiyatwitaba gusa (…)

424 Shares 4 Comments
Hotel Chateau Le Marara yafunzwe
Hotel Chateau Le Marara yafunzwe

Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwafunze by’abagategayo Hotel Chateau Le Marara ltangazo ryashyinzwe hanze rigira riti ’Hashingiwe ku Itegeko No 12ter/2014 ryo ku wa 19/05/2014 rigena imitunganyirize y’Ubukerarugendo mu Rwanda, cyane cyane mu ngingo zaryo za 5, 20 na 29 ziteganya ko buri kigo gikora mu rwego rw’ubukerarugendo kigomba kugira uruhushya rwemewe rwo gukora zikanaha Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) ububasha bwo guhagarika cyangwa gufunga ibigo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Ngo ubuyobozi bwabahejeje muri shitingi, none ngo zikomeje kubateza igihombo
Rubavu: Ngo ubuyobozi bwabahejeje muri shitingi, none ngo zikomeje kubateza igihombo

Hari bamwe mu bacuruzi, bacururiza mu Isoko rya Karukogo riherereye mu Murenge wa Rubavu, bataka igihombo, baterwa no kuba bacururiza muri za shitingi, k’uburyo ibicuruzwa byabo bijya bihangirikira. Bavuga ko ubuyobozi muri kano karere bwababujie kuba bakwiyubakira cyangwa ngo bwo bubakire, kugira ngo ibicuruzwa byabo byeregukomeza kujya byangirika nko mu gihe imvura yaguye, cyangwa izuba ryavuye.
Twabasanze mu Isoko rya Karukogo riherereye mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, (…)

424 Shares 4 Comments
Gisagara: Umukecuru utishobye arasaba gusanirwa inzu
Gisagara: Umukecuru utishobye arasaba gusanirwa inzu

Mu karere ka Gisagara mu murenge wa Save mu kagari ka Shyanda mu mudugudu wa Rwakabuye, hari umukecuru witwa Nyiramakuba Bertilde utishoboye, usaba gusanirwa inzu ye, ni nyuma yo kuyubakirwa ariko ikaba imaze gusaza. Nyiramakuba Bertilde, aba wenyine, nta mwana ndetse nta n’umugabo afite, twamusanze mu mudugudu wa Rwakabuye mu kagari ka Shyanda mu murenge wa Save. Uyu mukecuru w’imyaka 70, ubwo twaganiraga yatubwiye ko afite ikibazo cy’uko yari yarubakiwe inzu ku nkunga ya leta, ariko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze:Ihuzanzira rya telefone rikomeje kuba ikibazo gikomeye
Musanze:Ihuzanzira rya telefone rikomeje kuba ikibazo gikomeye

Bamwe mu batuye mu nkengero z’umujyi wa Musanze baravuga ko ikibazo cy’ihuzanzira za Telefone (Network) zikomeje kuba ikibazo gikomeye.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo tv basabye ko hakongerwa iminara kuko kubura itumanaho bibasubiza inyuma mu iterambere ryabo. Niyibizi Didier yagize ati”Ikibazo cya network hano muri Rukereza kiratubangamiye, tumeze nk’abantu badatunze telefone ubu kugira ngo umuntu azampamagare ambone biragoye kandi murabona ko hano ari mu nkengero z’umujyi wa Musanze (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze:Umuturage yafashe imireko y'inzu ayerekeza mu baturanyi baratabaza
Musanze:Umuturage yafashe imireko y’inzu ayerekeza mu baturanyi baratabaza

Hari bamwe mu baturage batuye mu mudugudu wa Kageyo mu kagari ka Cyabagarura Umurenge wa Musanze w’Akarere ka Musanze bavuga ko hari umuturage witwa Bansaritse Marcel wubatse inzu hanyuma imireko yose ayiyobora mumbuga zabo none amazi ari hafi kubasenyera.
Aba baturage babwiye MAMAURWAGASABO Tv ko bagerageje gutakambira inzego zibanze kuva ku mudugudu kugeza ku kagari ariko ngo Gitifu wa Cyabagarura yavuze ko atashobora uyu Marcel ahubwo bo bakwimuka bakamuhigamira. Uyu ni Uwitwa Noheli (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera:Ababyeyi bahangayikishijwe n'urubyiruko rukomeje kwishora mubusambanyi
Burera:Ababyeyi bahangayikishijwe n’urubyiruko rukomeje kwishora mubusambanyi

Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe n’urubyuruko rukomeje kwishora mu busambanyi urundi rukerekeza muri Uganda bitewe no kubura ibyo bakora.
Abaganiriye na Mamaurwgasabo tv bavuga ko bifuza ko ubuyobozi bw’Akarere ka Burera Bwana Shakira ibyo gukora birimo no kububakira ikigo cy’urubyiruko bakoreramo imyuga ibibateza imbere.
Umwe muri aba babyeyi yagize ati ”Umwana ari kubura icyo gukora akajya gushakisha ubuzima mubugande yagaruka akazagaruka atwite, (…)

424 Shares 4 Comments
Nyamasheke: Umujyanama w'ubuzima yarashwe agiye gucukura amabuye y'agaciro muri Nyungwe.
Nyamasheke: Umujyanama w’ubuzima yarashwe agiye gucukura amabuye y’agaciro muri Nyungwe.

Bigirimana Egide wari usanzwe ari umujyanama w’ubuzima mu mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu murenge wa Ruhambuga, yarashwe n’abashinzwe kurinda pariki ya Nyungwe ubwo bari bagiye gucukuramo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko.
Ibi byabaye saa munani za mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Nyakanga 2025, muri pariki ya Nyungwe ku ruhande rw’umudugudu wa Yove mu kagari ka Buvungira mu murenge wa Bushekeri.
Aho abaturage bo mu mudugugudu wa Nganzo Akagari ka Ntendezi mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru