Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Rutsiro: Wa musaza Bicamumpaka utega amafuku, aracyicira isazi mu jisho
Rutsiro: Wa musaza Bicamumpaka utega amafuku, aracyicira isazi mu jisho

Umusaza Bicamumpaka Elias, ufite imyaka 71, utuye mu Mudugudu wa Buruseli, mu Kagari ka Murambi, mu Murenge wa Musasa mu Karere ka Rutsiro, nyuma yaho Mama Urwagasabo TV, ikoze inkuru yo kumukorera ubuvugizi, mu kwezi kwa Kane uyu mwaka, nk’umuturage utishoboye ukeneye ubufasha, kugeza na nubu we n’abaturanyi be bagaragaza ko imibereho ye itameze neza muri rusange. .
Avuga ko ahubwo Meya, yageze muri uno murenge bamwe mu bayobozi baramumuhisha kubera iki kibazo yakigejeje mu (…)

424 Shares 4 Comments
Gisagara: Abaturage barinubira umuriro udahagije
Gisagara: Abaturage barinubira umuriro udahagije

Abaturage bo mukarere ka Gisagara umurenge wa Kibirizi akagari ka Ruturo baravuga ko bahagayikishijwe no kuba bafite umuriro udahagije kandi nyamara baturiye urugomero rw’amashanyarazi Aba ni bamwe mu baturage baganiriye n’umunyamakuru wa Mama Urwagasabo Tv batuye mu midugudu itandukanye yo mu kagari ka Ruturo mu murenge wa Kibirizi, aba baturage bavuga ko bahangayikishijwe no kuba bitwa ko bafite umuriro w’amashanyarazi, ariko bakaba bawukoresha bacana amatara ndetse banacaginga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Bavuga ko bakwa amafaranga ya ruswa yo gukaza insinga ngo babone guhabwa umuriro
Nyabihu: Bavuga ko bakwa amafaranga ya ruswa yo gukaza insinga ngo babone guhabwa umuriro

Hari bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Rwankuba, mu Kagari ka Kora mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko bajya bakwa amafaranga na bamwe mu batekinisiye ba REG, bita ayo gukaza insinga, kugirango bagezweho umuriro w’amashanyarazi.
Bagasaba kurenganurwa kuko basanga ari nka ruswa baba bakwa kuko iyi serivisi yo kugezwaho umuriro bakayiboneye ubuntu. Ibi kandi bigarukwaho na Ntirenganya Théoneste, akaba ari umwe muri bano baturage bagaragaza kino kibazo.
Aho agira ati (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze :Umuturage aratabaza nyuma yo guterezwa imitungo agasigara asembera
Musanze :Umuturage aratabaza nyuma yo guterezwa imitungo agasigara asembera

Hari umuturage witwa Hagenimana Felecien ,utuye mu kagari ka Kigombe Umurenge wa Muhoza w’Akarere ka Musanze usaba ko yarenganurwa nyuma yo guterezwa imitungo ye yose mu cyamunara. Aganira na Mamaurwagasabo tv yavuze ko abahesha b’inkiko baje kumurereza icyamunara ngo mu buryo bunyuranyije n’amategeko none kuri asigaye arara hanze n’umuryango we.
Ati ”Nabonye baje guteza imitungo yanjye mu cyamunara itarigeze ikurikiza amategeko, ntabwo bigeze banyandikira ngo menye iyo cyamunara (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Bagaragaza ko babuze ayo bacira nayo bamira nyuma y'umwaka hafi n'igice batwawe ibyangombwa by'ubutaka, ntibishyurwe
Rubavu: Bagaragaza ko babuze ayo bacira nayo bamira nyuma y’umwaka hafi n’igice batwawe ibyangombwa by’ubutaka, ntibishyurwe

Bamwe mu baturage bafite ubutaka ahahariwe kubakwa inganda mu Kagari ka Muhira ho mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, bavuga ko batewe ubucyene ndetse bajya mu gihirahiro, nyuma yaho ibyangombwa by’ubutaka byabo bitwawe na kompanyi biteganyijwe ko izahubaka ariko umwaka n’igice ukaba ugiye gushira batarishyurwa.
Bamwe mu baturage bafite ubutaka ahahariwe kubakwa inganda mu Kagari ka Muhira ho mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, bavuga ko batewe ubucyene ndetse bajya mu (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Hari umuturage ukomeje kubuzwa amahwemo ubuyobozi burebera
Rubavu: Hari umuturage ukomeje kubuzwa amahwemo ubuyobozi burebera

Hari umuturage witwa Nzabanita Innocent utuye mu Murenge wa Kanzenze w’Akarere ka Rubavu uvuga ko akomeje kubuzwa amahwemo ubuyobozi bw’umurenge burebera.
Mu kiganiro yagiranye na Mamaurwagasabo tv yavuze ko intandaro y’iki kibazo ishingiye ku makimbirane afitanye n’umugore we bafitanye abana batatu. Uyu mugabo witwa Nzabanita Innocent yagize ati ”Umugore wanjye twarasezeranye ndetse dufitanye abana batatu ariko ikibazo gihari muri 2022 yarantaye ansigana abana aragenda amara amezi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Bahangayikishijwe no kutagira amazi meza
Burera: Bahangayikishijwe no kutagira amazi meza

Bamwe mu baturage batuye mu mirenge ya Cyanika na Rugarama y’Akarere ka Burera baravuga ko bahangayikishijwe nikibazo cyo kutagira amazi meza.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo TV bavuze ko hari n’igihe babura amahitamo bakohereza abana kujya kuvoma mu ngezi (ikiyaga cya Burera ) bakarohama.
Uwiragiye yagize ati ”Inaha amazi yabaye imboneka rimwe, aza uyu munsi akazagaruka ejobundi Ubu twarumiwe abafite ibigenga niba bafite ubuzima, kubera ko amazi bavomye mu bigega bayatugurisha ijerekani (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Abana baracyakoreshwa imirimo ivunanye
Rubavu: Abana baracyakoreshwa imirimo ivunanye

Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Terimbere mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, bavuga ko impamvu hakiri abana bakoreshwa imirimo ivunanye arukubera baba babuze ibibatunga bihagije, hanyuma nabo bakajya kwishyiriraho akabo ngo bunganire ababyeyi babo.
Imwe mu mirimo aba bana bakora harimo nko kwikorera umucanga, icyakora aba baturage kagaragaza ko aba bana bakora aka kazi kavunananye ari nk’amaburakindi bigendanye n’ubuzima buba butaboroheye baba babayemo, nkuko bishimangirwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera:Hari akagari kamaze igihe katagira ibendera ry'Igihugu
Burera:Hari akagari kamaze igihe katagira ibendera ry’Igihugu

Hari bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Gasiza Umurenge wa Cyanika w’Akarere ka Burera bibaza impamvu ibiro by’Akagari bimaze igihe nta kirango cy’Igihugu(Ibendera
bi babibwiye umunyamakuru wa Mamaurwagsabo tv ubwo yarageze mu murenge wa Cyanika w’Akarere ka Burera ku biro by’aka kagari. Twizerimana ni umwe mu baturage twahasanze yaje gushaka serivisi yagize ati”Ubundi ibiro by’Akagari bigomba kugira ibendera ry’Igihugu Ubuse twakwizera gute ko serivisi zitangirwamo arı iza Leta, (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Bavuga ko kubura amazi bituma hari abanywa amazi yo mu bigega bikozwe muri za shitingi
Nyabihu: Bavuga ko kubura amazi bituma hari abanywa amazi yo mu bigega bikozwe muri za shitingi

Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Rwankuba mu Kagari ka Kora ho mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko bafite ikibazo cyo kubura amazi, bityo bakaba bakoresha amazi y’ibiroha bakura mu bigenga bikozwe muri shitingi, ibyo nabo babona bifite ingaruka mbi ku buzima bwabo, kuko ayo mazi hari abayakoresha bakanayanywa aba yanduye. Usibye kuba badafite amazi ahagije, ngo hari n’ikibazo kitiyo ntoya ibagezaho amazi, ku buryo bitakunda ko iyabasaranganye ngo babashe bose uko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru