Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Burera:Basabwe kuzafata neza ibikorwa bahawe n'Ingabo na Polisi bafatanyije n'iza EAC
Burera:Basabwe kuzafata neza ibikorwa bahawe n’Ingabo na Polisi bafatanyije n’iza EAC

Ibi babisabwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ubwo yari yaje kwifatanya n’abo mu gutaha ibi bikorwa byakozwe n’Ingabo ndetse na polisi kubufatanye n’Ingabo za EAC.
Umuturage wahawe inzu witwa Uwimana Claudine wo mu kagari ka Rubona, Umurenge wa Rusarabuye yashimiye Perezida Kagame wamutuje aheza.
Ati ”Ndishimye cyane kuba Nyakubahwa Perezida Kagame ampaye inzu nziza nabaga ahantu habi , ndi mubukode , Polisi, Ingabo n’Ingabo za Afurika (…)

424 Shares 4 Comments
MU KARERE KA NYAGATARE HATASHYWE INZU 16 ZUBAKIWE ABATURAGE BATISHOBOYE.
MU KARERE KA NYAGATARE HATASHYWE INZU 16 ZUBAKIWE ABATURAGE BATISHOBOYE.

Kuri uyu wa Kane mu karere ka Nyagatare, Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara Maj Gen Alex Kagame ari kumwe na Guverineri Pudence Rubingisa, Abayobozi b’ingabo na Polisi n’Ubuyobozi bw’Akarere bifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Nyagatare mu kagari ka Barija, mu mudugudu wa Kinihira mu birori byo gutaha amazu 16 yubatswe muri gahunda y’ibikorwa by’Ingabo na Polisi bigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
Nzabonimana Valens
Amafoto yaranze igikorwa

424 Shares 4 Comments
feature-top
Sosiyete niduhe umwanya tubereke ibyo twifitemo - Omeste ufite ubumuga bw'ingingo
Sosiyete niduhe umwanya tubereke ibyo twifitemo - Omeste ufite ubumuga bw’ingingo

Bamwe mu baturage bafite ubumuga, butandukanye bo mu Karere ka Rubavu, basaba abagifite imyumvire yo kubaheza cyangwa kubafata nk’abadashoboye kuyihindura kuko nabo bafite ibyo bashoboye kandi by’ingirakamaro. Ni nyuma yaho, byagiye bivugwa ko hari ubwo abafite ubumuga butandukanye bakumirwa hamwe na hamwe bagafatwa nk’abadashoboye, ibyo bagenderaho aba baturage, bagasaba abagifite iyo myumvire basanga idakwiriye kuyireka, ahubwo bakabafa nk’abandi baturage bashoboye ndetse bakajya bahabwa (…)

424 Shares 4 Comments
Niki twakwitega ku iserukiramucogurisha ryitezwe mu turere dutanu?
Niki twakwitega ku iserukiramucogurisha ryitezwe mu turere dutanu?

Mu Ntara y’Iburengerazuba hari gutegurwa Iserukiramucogurisha ryiswe Kivu Beach Expo & Festival 2025, ryitezweho kuzana udushya twinshi mu turere dutanu biteganyijwe ko rizaberamo.
Kivu Beach Expo & Festival 2025, yateguwe na kompanyi ya Yirunga Ltd ku bufatanye n’Intara y’Iburengerazuba, biteganyijwe ko izatangira ku itariki 03 Nyakanga kugeza 31 Kamena 2025, rikazajya ribera ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu.
Nkuko byasobanuwe na Iyaremye Yves, Umuyobozi wa YIRUNGA Ltd mu kiganiro (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Ababyeyi barasabwa kugira uruhare mu ku rwanya imirire mibi y'abana
Rubavu: Ababyeyi barasabwa kugira uruhare mu ku rwanya imirire mibi y’abana

Kuru uyu wa Kabiri ubwo hizihizwags Umunsi w’Umwana w’Umunyafurika mu Karere ka Rubavu, hagarutswe cyane ku kamaro ko gufasha umwana mu kumurinda igwingira, abona indyo yuzuye nka bumwe mu buryo bwatuma agera ku iterambera mu mibereho ye.
Mu kwizihiza uyu munsi, wizihirijwe mu Kagali ka Muhira mu Murenge wa Rugerero, abana baboneyeho kugaragaza impano zabo zitandukanye, mu isanganyamatsiko igira iti" Ndera Neza Nkure Nemye". Amubyeyi arashishikarizwa kandi kwita ku mwana akimutwita kandi (…)

424 Shares 4 Comments
Ingabo z'u Rwanda zungutse abasirikare bashya barangije amahugurwa y'ibanze i Nasho
Ingabo z’u Rwanda zungutse abasirikare bashya barangije amahugurwa y’ibanze i Nasho

Ingabo z’u Rwanda (RDF) zungutse icyiciro gishya cy’abasore n’inkumi basoje amahugurwa y’amezi atandatu y’amasomo y’ibanze ya gisirikare, yaberaga mu Kigo cy’Amahugurwa y’Ibanze cya Gisirikare giherereye i Nasho, mu Karere ka Kirehe.
Umuhango wo kubinjiza ku mugaragaro mu Ngabo z’u Rwanda wari uyobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu, Jenerali Muganga Mubarakh. Wanitabiriwe n’abayobozi bakuru mu gisirikare barimo Abayobozi b’Amashami, Abajenerali, ndetse n’abandi basirikare bakuru (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Bavuga ko ikorwa ry'umuhanda ryabasize mu manegeka
Rubavu: Bavuga ko ikorwa ry’umuhanda ryabasize mu manegeka

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Nyamyumba, bavuga ko ikorwa ry’umuhanda muri uno Murenge batuyemo, byasize bibashyize mu manegeka, ngo aho mu ikorwa ryawo, abawukoze bagiye basiba inzira zigera mu makaristiye ndetse no mu masanteri y’ubucuruzi. Uyu muhanda uturuka ku ruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa BRALIRWA, ugakomeza ugahura n’uva mu Mujyi wa Rubavu ugana mu Karere ka Karongi, hari abaturage bagaragaraza ko nubwo bishimiye ikorwa ryawo ariko nanone abawukoze (…)

424 Shares 4 Comments
Abigisha gutwara ibinyabiziga basuye Urwibutso rwa Bisesero, boroza inka abarokotse Jenoside
Abigisha gutwara ibinyabiziga basuye Urwibutso rwa Bisesero, boroza inka abarokotse Jenoside

Abibumbiye muri ( Association nationale des proprietaires des Auto-Ecoles au Rwanda) bigisha amategeko y’umuhanda no gutwara ibinyabiziga mu Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Bisesero ndetse banoroza inka imiryango 15 y’abarokotse Jenoside batuye mu Karere ka Karongi.
Ni igikorwa cyabaye ku wa 14 Kamena 2025, aho cyitabiriwe n’umuyobozi wa (A.N.P.A.E.R, ) n’abibumbiye muri iyi Asosiyasiyo aborojwe n’abaturage b’umurenge wa Rugabano,Bwishyura na Rwankuba.
Bunamiye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amajyaruguru:Abahinzi n'aborozi barashimira Sonarwa itabatererana mu bihombo bahura nabyo
Amajyaruguru:Abahinzi n’aborozi barashimira Sonarwa itabatererana mu bihombo bahura nabyo

Bamwe mu bahinzi n’aborozi bo mu ntara y’Amajyaruguru n’Iburengerazuba barashimira Sonarwa ikomeje kwishingira ibihombo bahura nabyo ikabibishyurira ku gihe batagombye gusiragira bajya gusaba inguzanyo mu ma banki. Babigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Kamena 2025 ubwo Sonarwa ifatanyije na Minagri bari mu gikorwa cy’ubukangurambaga cyahurije hamwe abahinzi n’aborozi hamwe n’abagoronome baturutse mu turere dutandukanye two muri izi ntara mu nsanganyamatsiko igira iti”Tekana (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwakiriye Inama Mpuzamahanga ku Burezi Bushingiye ku Bumenyingiro, Intambwe Ikomeye mu Guhindura Ubukungu bwa Afurika.
U Rwanda rwakiriye Inama Mpuzamahanga ku Burezi Bushingiye ku Bumenyingiro, Intambwe Ikomeye mu Guhindura Ubukungu bwa Afurika.

Abagera kuri 350 baturutse mu bihugu 27 byo ku mugabane wa Afurika bitabiriye Inama Mpuzamahanga ku burezi bushingiye ku bumenyingiro (TVET), aho bagaragarije ibikorwa byagezweho, ingamba ndetse n’impinduka zitezwe mu burezi bwibanda ku tekiniki n’imyuga.
Intego y’iyi nama ni ugusangira ubunararibonye mu gushimangira uruhare rw’uburezi bushingiye ku bumenyingiro mu iterambere ry’ibihugu bya Afurika.
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yagaragaje ko iyi nama ari amahirwe ku gihugu kugira ngo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru