Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente atangarije Inteko Ishingamategeko ko guhera muri uku kwezi kwa Munani abarimu bigisha mu mashuri abanza umushahara wabo uziyongeraho 88% mu gihe abigisha mu mashuri yisumbuye bafite impamyabumenyi ya A1 na A0 uziyongeraho 40%.
Yabitangaje kuri uyu wa mbere ubwo yabanuraga uko urwego rw’uburezi ruhagaze mu gihugu, cyane ko mashuri abanza, inshuke n’ayisumbuye.
Ibi kandi birajyana n’uko Leta yamaze gushyira mu Umwarimu SACCO miliyari 5 zizabafasha (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu mudugudu wa Bukane, mu kagari ka Cyabagarura mu Murenge wa Musanze, ho mu karere ka Musanze, batangaje ko biyemeje kurwanya umwanda aho uri hose, bagakora ibishoboka byose kugeza biyambuye icyo bise ’ikote ry’ikinegu cy’umwanda ukunze kwitirirwa abatuye mu Murenge wa Musanze.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Nyakanga 2022, mu muganda rusange usoza ukwezi, abaturage bo mu mudugudu wa Bukane bongeye gushimangira ko bamaze gusobanukirwa (…)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Nyakanga 2022, Perezida Paul Kagame yashyizeho Minisiteri Ishinzwe ishoramari rya Leta, anasimbuza abandi bayobozi mu zindi minisiteri.
Ni ibyasohotse mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisitiri w’Intebe rivuga ibyemezo bya Perezida wa Repubulika.
Minisitiri Eric Rwigamba yari Umuyobozi Mukuru ushinzwe iterambere ry’Urwego rw’Imari muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, MINECOFIN.
Mu minsi ishize ihuriro rya Sosiyete Sivile ziharanira gusigasira Itegeko Nshinga (G16) ryatangaje ko u Rwanda rushaka gutera inkunga umushinga wo guhindura Itegeko Nshinga muri Repubulika ya Santarafurika (Central Africa Republic), aho rusanzwe rufite ingabo zirinda Umukuru w’igihugu ncetse ibihugu byombi bikaba byarabaye inshuti z’akadasohoka.
Ni amakuru iri huriro ryashingira ku kuba u Rwanda rwarohereje ingabo zarwo muri Santarafurika kujya gucunga umutekano mu gihe cy’amatora (…)
Mu karere ka Rubavu haribazwa impamvu ishuri ry’imyuga rya Rambo rimaze imyaka icyenda ryubakwa n’uruganda rwa Bralirwa rituzura, kuri ubu rikaba rikomeje guhera mu nyigo.
Umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageze muri aka karere ahubatswe iri shuri ryadindiye rikaba rimaze imyaka icyenda ryubakwa, mu gihe ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwari bwatangaje ko ibikorwa byo kuryubaka bizaragirana n’uyu mwaka wa 2022.
Ishuri rya Rambo ryubatse mu Murenge wa Nyamyumba mu karere ka Ruabvu, (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA) cyashyizeho amabwiriza mashya agamije gushyiraho umurongo w’iyubahirizwa ry’ubuziranenge mu bucuruzi bw’ibikoresho by’amashanyarazi n’iby’ikoranabuhanga, Polisi y’u Rwanda yizeye ko azatuma igisambo kibye ibintu kizajya kitangaho amakuru kitaruhanyije.
Ikiganiro cyose kiri aha: https://youtu.be/UeptEd39bEU
Ni amabwiriza aherutse gusohoka mu Igazeti ya (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje guhangana no guca burundu ikibazo kijyanye n’umwanda uterwa no kurarana n’amatungo, mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Jenda, akagari ka Kabatezi, hari abaturage bakirarana n’amatungo mu nzu, ndetse bamwe bakavuga ko babiterwa no gutinya abajura bitwikira ijoro bakaza kwiba ayo matungo.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Jenda, yasanze abaturage bakiraza amatungu mu nzu ndetse bamwe bavuze ko (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
• kujya kuvoma ni ukwiriza umunsi, • ntiwajya kuvoma uteganya no kujya guhinga cyangwa mu kandi kazi, • Uvomesha amazi akorera igihe ashakiye, asoje gahunda ze zose.
Abaturage bo mu murenge wa Kimonyi, mu kagali ka kivumu mu midugudu ya musezero na Nyamugari ho mu karere ka Musanze, barataka ikibazo cy’amazi bamaranye imyaka ibiri cyatewe n’ivomero bahawe ritagikora, bigatuma aho bisigaye bajya kuvoma amazi meza bahahurira ari benshi, bityo kubona amazi (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Imyigaragambyo y’urubyiruko ruri mu Ishyaka rya Perezida Tshisekedi ishami rya Goma, UDPS, /Tshisekedi Federation de Goma, ligue des Jeunes, yabyukiye mu mihanda yo mu Mujyi wa Goma cyane aho ibiro by’ingabo n’abakozi b’Umutumwa bwa UN bwo kubungabunga amahoro muri Congo, MONUSCO, bufite ibiro, basaba izo ngabo kuzinga utwabo bagataha cyane mu myaka yose bamazeyo nta mahoro babonye.
Iyi myigaragambyo, kimwe n’iyabaye ejo bundi tariki ya 22 Nyakanga ikozwe (…)
Urukiko rwo mu Misiri rwatangiye gusaba ko rushyira ku karubanda, kuri televisiyo, igihano cy’urupfu cyakatiwe umusore w’imyaka 22 witwa Muhammed Adel nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umunyeshuri w’umukobwa witwa Naela Ashraf.
Mu kwezi gushize, ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter hagaragaye amashusho y’umusore twavuze haruguru akubita bikomeye uriya mukobwa w’umunyeshuri bivugwa ko bigaga hamwe akarinda amunoza akamwica, mu rukiko biza gusobanurwa ko ari uki yari yamwangiye ko bakora (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















