Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Muri Ferwafa ishyamba si ryeru, Muhire Henry yasabiwe kwirukanwa
Muri Ferwafa ishyamba si ryeru, Muhire Henry yasabiwe kwirukanwa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu nteko rusange y’abanyamuryango ba Ferwafa yateranye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Nyakanga 2022, umunyamabanga mukuru wa Ferwafa Muhire yasabiwe kwirukanwa ubwo Perezida wa FERWAFA Olivier Nizeyimana yemezaga ko batunguwe n’amasezerano yagiranye n’uruganda rwa Masita batabizi.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda Nizeyimana Mugabo Olivier, mu buryo bweruye yemeje ko nabo batunguwe no kumenya ko hari amasezerano FERWAFA (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Urubyiruko rwasabwe guhanga udushya dushingiye ku bumenyi bahawe ku ikoranabuhanga
Musanze: Urubyiruko rwasabwe guhanga udushya dushingiye ku bumenyi bahawe ku ikoranabuhanga

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kenshi urubyiruko rukunze kuvuga ko kubona akazi birugora ndetse rukagaragaza imbogomizi yo kuba nta mirimo ihagije ihari kandi nyamara hari ababona ko urubyiruko rubishatse rwahanga udushya rukagera ku mafaranga.
Binyuze muri Porogarame ( Innov 8 POD) yahuguye abanyeshuri biga muri Ines Ruhengeri, iyi gahunda yashinzwe n’umunyarwandakazi witwa Alida Rwabalinda kuri ubu utuye mu gihugu cya Singapore aho ashimangira ko igihe kigeza kugira ngo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Umushumba arakekwaho kwica mugenzi we bapfuye memory card ya radiyo
Nyabihu: Umushumba arakekwaho kwica mugenzi we bapfuye memory card ya radiyo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu murenge wa Bigogwe, mu karere ka Nyabihu, akagari ka Rega umusore w’umushumba w’inka witwa Byukusenge arakekwaho kwica mugenzi we uri mu kigero cy’imyaka 18 witwa Irankunda amuteye icyuma.
Nyuma yo kwica uyu musore habayeho kwihorera abaturage baturanye na nyakwigendera batera ukekwaho kumwica bamukubita amabuye bamusiga ari intere; kuri ubu nawe yahise ajyanwa mu bitaro bikuru bya Ruhengeri kugira ngo avurwe.
Aba bashumba bombi, nkuko bivugwa (…)

424 Shares 4 Comments
Umuhanda wa Nzove-Ruli-Gakenke ukomeje kuba agaterera nzamba
Umuhanda wa Nzove-Ruli-Gakenke ukomeje kuba agaterera nzamba

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu batuye n’abakoresha uyu muhanda wa Nzove- Ruli-Gakenke barasaba ko iyubakwa ryawo ryihutishwa kuko ukomeje kubangamira imigenderanire ndetse bikadindiza ubuhahirane mu mirenge imwe igize umujyi wa Kigali bajya cyangwa bava Rulindo na Gakenke.
Abaturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho uyu muhanda uri, kuri bo ngo baribaza impamvu uyu muhanda udakorwa ndetse bakibaza impamvu Minisiteri y’ibikorwa remezo idashyira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ku Kirwa cya Nkombo hagiye gushyirirwaho ikiraro kinyura hejuru y'ikiyaga
Ku Kirwa cya Nkombo hagiye gushyirirwaho ikiraro kinyura hejuru y’ikiyaga

Akarere ka Rusizi kagaragaje ko gafite umushinga wo kubaka ikiraro gihuza Ikirwa cya Nkombo n’umwe mu mirenge bihana imbibi mu rwego rwo gukura abagituyeho mu bwigunge.
Ni bimwe mu byo bagaragarije Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari.
No igikorwa kije gisanga umuyoboro w’amashanyarazi abatuye Nkombo bagejejweho bwa mbere mu 2015.
Kuri uyu wa 20 Nyakanga 2022 mu gikorwa abasenateri barimo cyo kumenya ibikorwa mu iterambere rirambye ry’imijyi, ni bwo (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Umukecuru ugeze mu zabukuru inzu igiye kumugwaho
Musanze: Umukecuru ugeze mu zabukuru inzu igiye kumugwaho

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Musanze umurenge wa Kimonyi, akagali ka Birira umudugudu wa Mbugayera, hari umukecuru, Nyirampakaniye Monique ugeze mu zabukuru utabarizwa n’abahisi n’abagenzi kubera inzu abamo igiye kumugwaho.
Ubwo umunyamakuru yasuraga uyu mukecuru, yamugaragaje ubuzima butoroshye abayemo, usibye kuba isaha ku isaha inzu yamuhitana ariko agiye no kwicwa n’inzara cyane ko afite n’ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe.
Yagize ati: "Nararwaye abana banjye inzu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Agahinda ni kose ku mwana w'imyaka 14 wasambanyijwe n'abasore batatu nanubu atarahabwa ubutabera
Musanze: Agahinda ni kose ku mwana w’imyaka 14 wasambanyijwe n’abasore batatu nanubu atarahabwa ubutabera

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umwaka ugiye gushyira umwana w’umukobwa wo mu karere ka Musanze, umurenge wa Kinigi, wasambanijwe n’abasore batatu afite imyaka 14 yigaga mu mwaka wa mbere mu mashuri y’isumbuye akaba atarahabwa ubutabera.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo aho umuryango w’uyu mwana utuye mu Kagari ka Kampanga mu murenge wa Kinigi, yasanze agahinda ari kose, avuga uburyo yasambanyijwe n’abasore batatu ubwo nyina yari amutumye umunyu ari nimugoroba, afatwa n’abo (…)

424 Shares 4 Comments
Gasabo: Urubyiruko rwibumbiye hamwe rwihangira umurimo ubuyobozi bw'umurenge bubasubiza ku isuka
Gasabo: Urubyiruko rwibumbiye hamwe rwihangira umurimo ubuyobozi bw’umurenge bubasubiza ku isuka

hari urubyiruko rwo mu murenge wa Gisozi rutagiraga imirimo rwibumbiye hamwe muri Koperative Ubumwe New Life rukora umwuga w’ubukanishi none ubu rurimo gutabaza inzego zishinzwe kurenganura amakoperative nyuma yaho ubuyobozi busenye inzu bwakoreragamo bakabura aho berekeza ibintu byabo.
Ni abasore barenga gato 30 bishyize hamwe muri iyo koperative nubwo itarahabwa ubuzimagatozi, bashaka aho bakorera ubukanishi na nyiri ubutaka aza kubaha ikibanza bakoreramo bagatangira gushyiramo ibikorwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hari abanyeshuri bo muri Kaminuza y'u Rwanda bamaze imyaka 3 biga nta mudasobwa bemerewe mu nguzanyo ya Leta
Hari abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda bamaze imyaka 3 biga nta mudasobwa bemerewe mu nguzanyo ya Leta

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Imyaka ibaye itatu abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda mu mashami atandukanye yayo bigira ku ngunzanyo ya Leta izwi nka Buruse, bagirana na Banki itsura Amajyambere BRD batarahabwa machine zo kwigiraho no gukora ubushakashatsi mu masomo yabo.
Kurikira ikiganiro kirambuye kuri iyi nkuru: https://www.youtube.com/watch?v=tjTwS-Iu70w&t=4s&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV
Aba banyeshuri bavuga ko ubusanzwe mudasobwa ari igikoresho cy’ingenzi mu myigire (…)

424 Shares 4 Comments
Haribazwa impamvu Minisiteri ya siporo mu Rwanda yimye uruhushya Ferwade rwo guhagararira igihugu mu marushanwa
Haribazwa impamvu Minisiteri ya siporo mu Rwanda yimye uruhushya Ferwade rwo guhagararira igihugu mu marushanwa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki kugira ngo hatangire imikino ya Chess ihuza Ibihugu byose byo ku Isi izabera mu gihugu cy’u Buhinde, haribazwa impamvu Minisiteri ya siporo idasinya ibaruwa itanga uburengenzira bwo kwemerera ikipe y’u Rwanda kuzajya guhagararira igihugu .
Ishyirahamwe ry’umukino wa Chess mu Rwanda (Ferwade) riratakambira Minisiteri ya siporo mu Rwanda ko basubiza ibaruwa bamaze igihe kirekire barandikiye, iri shyirahamwe rivuga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru