Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Mu Rwanda hari ibitaro bikuru bidafite abaganga b'Inzobere
Mu Rwanda hari ibitaro bikuru bidafite abaganga b’Inzobere

Abasenateri baherutse gusanga mu mitangire ya Serivisi mu bitaro bimwe na bimwe harimo ibitaro bitagira umuganga w’inzobere kandi byarahawe uburenganzira bwo gukora nk’ibitaro bikuru.
Wakurikira ikiganor cyose uyuze kuri uyu murongo:
https://www.youtube.com/watch?v=JiCYZxINvVs&t=81s&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV
Indi mbogamizi babonye ni uko basanze hari imihanda mibi ituma imbangukiragutabara zivunwa no kugeza abarwayi ku bitaro bikuru bavuye ku bigo nderabuzima.
Si ibyo gusa (…)

424 Shares 4 Comments
RDF yashyize mu kiruhuko cy'izabukuru bamwe mu ngabo z'u Rwanda
RDF yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru bamwe mu ngabo z’u Rwanda

Igisirikare cy’u Rwanda RDF, cyasezera bamwe mu basirikare bakuru bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru n’abari basoje amasezerano yabo mu ngabo, bashimirwa umusanzu batanze mu gusigasira umutekano w’u Rwanda.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu ku kicaro cya Minisiteri y’Ingabo Kimihurura, uyobowe na Minisitiri w’Ingabo, Gen Albert Murasira wari uhagarariye Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame.
Hari kandi n’Umugaba Mukuru w’Ingabo, Gen Jean Bosco Kazura n’abandi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida wa Ibuka na Meya wa Rubavu basobanuye icyatumye wa mutetsi atabwa muri yombi
Perezida wa Ibuka na Meya wa Rubavu basobanuye icyatumye wa mutetsi atabwa muri yombi

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Video y’ikiganiro kirambuye: https://www.youtube.com/watch?v=pzBl9YhJh8A&t=166s&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV
• Perezida wa Ibuka mu murenge wa Rugerero we yamukubise amaso atangira guhahamuka • Se w’uriya mutetsi ari mu abje kwica Se wa Perezida wa Ibuka/Rugerero • Nyina w’uriya wamwohereje yakoze Jenoside • iryo shuri ryaguyemo abana barenga 12 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Hashize iminsi mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga (…)

424 Shares 4 Comments
Twari twiteze ko ahanishwa igifungo cya burundu-Ibuka/Nyamagabe
Twari twiteze ko ahanishwa igifungo cya burundu-Ibuka/Nyamagabe

Yanditswe na Umutesi Yvette
Umuryango w’abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi Ibuka mu karere Ka Nyamagabe uravuga ko utishimiye igihano cyahawe Bucyibaruta Laurent wahoze ari perefet wa perefegitura ya Gikongoro mu gihe cya genocide yakorewe abatutsi, cyo gufungwa imyaka 20.
Uyu muryango uvuze ibi mu gihe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa rwahamije Bucyibaruta wimyaka y’amavuko w’imyaka 78 icyaha cy’ubufatanyacyaha muri genocide yakorewe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Hari abatuye mu Murenge wa Muko bumva umuriro w'amashanyarazi mu makuru
Musanze: Hari abatuye mu Murenge wa Muko bumva umuriro w’amashanyarazi mu makuru

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Hari abaturage bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Muko mu kagali ka Songa bibaza niba bazwi nk’abandi Banyarwanda kuko batarabona umuriro w’amashanyarazi mu miturire yabo, bumva mu makuru ko abandi bagejejweho umuriro w’amashanyarazi bakibaz icyo bazira cyane ko bagerageje gutanga umusanzu bashoboye ngo ubagereho birangira bayasubijwe.
Aba baturage bashinja ubuyobozi bubegereye kuba nyirabayazana wo kutabona umuriro w’amashanyarazi kuko bo ubwabo (…)

424 Shares 4 Comments
Burera-Ruhunde: Umukamo w'amata urimo kwangirika bitewe no kubura ikusanyirizo ry'amata
Burera-Ruhunde: Umukamo w’amata urimo kwangirika bitewe no kubura ikusanyirizo ry’amata

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Aborozi b’inka bo mu karere ka Burera mu by’imwihariko mu Murege wa Ruhunde, baravuga ko babangamiwe no kuba umukamo wabo wangirika kubera kutagira ikusanyirizo ry’amata.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Ruhunde, bavuga ko umukamo wangirika kubera kutagira ikusanyirizo ry’amata mu murenge ry’umurenge bakaba bakora urugendo rwo bayagemura mu karere ka Gicumbi.
Nkusi Gilbert ni umworozi, yagize ati "Amata (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyagatare: Inka 29 zimaze gufatwa n'uburenge bw'inka, igenda ku muvuduko wa km200/h
Nyagatare: Inka 29 zimaze gufatwa n’uburenge bw’inka, igenda ku muvuduko wa km200/h

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Mu karere ka Nyagatare hongeye kwaduka indwara y’Uburenge mu nka, yagaragaye cyane mu murenge wa Musheri mu tugari 2 aka Nyamiyonga n’aka Nyagatabire ndetse inzego z’ibanze ndetse n’izifite mu nshangano ibijyanye n’ubuyobozi berekeje muri ako gace ngo barebere hamwe ingamba zafatwa bakumira ikwirakwira ry’iyo ndwara y’uburenge kugira ngo itagera n’ahandi.
Hari imibare itangazwa n’abashinzwe ubworozi ku rwego rw’umurenge wa Musheri bagaragaje ko iyi ndwara (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Abatuye Nemba bamaze imyaka itanu bashije ikibanza ngo bahabwe ivuriro rito bemerewe, amaso yaheze mu kirere
Burera: Abatuye Nemba bamaze imyaka itanu bashije ikibanza ngo bahabwe ivuriro rito bemerewe, amaso yaheze mu kirere

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nemba aKagari ka Kivumu, mu karere ka Burera, barasaba Leta guhabwa ivuriro rito (Poste de santé) bamaze imyaka irenga itanu bemerewe n’ubuyobozi nyuma y’uko basabwe gusiza ikibanza bazubakamo iryo vuriro rito, none amaso yaheze mu kirere.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka Kagari ka Kivumu binubira uburyo babeshye ivuriro n’ubuyobozi bakaba bavuga ko kutagira ivuriro mu gace batuyemo bitera bamwe kurembera mu ngo, cyane (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kwibohora28: Ibikorwa by'iterambere birivugira muri Nyaruguru
Kwibohora28: Ibikorwa by’iterambere birivugira muri Nyaruguru

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abaturage bo mu karere ka Nyaruguru bavuga ko mu myaka 28 ishize u Rwanda rwibohoye ubu ari bwo baboye ukwibohora nyako, kuko kuri iyi nshuro kujyanye n’ibikorwa by’iterambere bigiye guhindura imibereho yabo bagana mu iterambere.
Wakurikira ikiganiro cyose unyuze hano: https://www.youtube.com/watch?v=UfLIh_T6DXI&t=1649s&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV
Aka ni akarere mu mateka y’u Rwanda kari kazwiho kugira imibereho mibi, kurumbya imyaka, nta bikorwa (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abajenerali batatu barimo ukuriye Iperereza rya Gisirikare
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abajenerali batatu barimo ukuriye Iperereza rya Gisirikare

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Abasirikare bane barimo Abajenerali batatu bahawe ipeti rya Major General barimo Vincent Nyakarundi usanzwe ari Umuyobozi w’ishami rishinzwe iperereza mu Ngabo z’u Rwanda.
Iri zamurwa mu ntera, ryatangajwe mu matangazo yagiye hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nyakanga 2022.
Itangazo rya mbere rigaragaza ko Perezida Paul Kagame yazamuye mu mapeti abasirikare (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru