Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Perezida Putin ntari bugaragare mu biganiro bibera Istanbul
Perezida Putin ntari bugaragare mu biganiro bibera Istanbul

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, ntari mw’itsinda ry’intumwa z’u Burusiya ryitabira ibiganiro by’amahoro biteganyijwe kubera i Istanbul, muri Turukiya, kuri uyu wa 15 Gicurasi 2025.
Mu itangazo ryasohowe n’ibiro bya Perezida w’u Burusiya (Kremlin) ku wa Gatatu nimugoroba, hatangajwe ko Putin atarimo mu rutonde rw’abantu bazahagararira u Burusiya muri ibyo biganiro. U Burusiya burahagararirwa n’itsinda rigizwe n’abantu umunani, harimo uwahoze ari Minisitiri w’Umuco n’impuguke enye (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro:Amatiyo yangirijwe mu ikorwa ry'umuhanda ntarasanwa
Rutsiro:Amatiyo yangirijwe mu ikorwa ry’umuhanda ntarasanwa

Hari bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Murambi, mu Murenge wa Musasa w’AKarere ka Rutsiro, bavuga ko bamaze igihe kigera ku mwaka barabuze amazi, aba baturage bagaragaza ko impamvu ibitera ari ukubera haciwe amatiyo yabagezagaho amazi, mu bikorwa byo gukora umuhanda Nkomero-Musasa. Aba baturage bagaragaza ko kubera kubura amazi meza byatumye basigaye bavoma ibirohwa akaba ariho bahera basaba ko bahabwa amazi meza. Ngendahimana Gérard, ni umwe muri aba baturage bafite iki kibazo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rwafunguye ku mugaragaro Ambasade muri Hongria
U Rwanda rwafunguye ku mugaragaro Ambasade muri Hongria

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yafunguye ku mugaragaro Ambasade y’u Rwanda muri Hongrie. U Rwanda rwafunguye ambasade yarwo i Budapest, Hongrie, mu Ukuboza 2023. Muri Werurwe 2024, Ambasaderi Marguerite Françoise Nyagahura, ashyikiriza Perezida wa Hongrie, Tamás Sulyok, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu. Muri uru ruzinduko rw’akazi Minisitiri Ambasaderi Olivier Nduhungirehe ari kumwe na Minisitiri wa Siporo Madamu (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Donald Trump yamaze kugera muri Arabia Saoudite
Perezida Donald Trump yamaze kugera muri Arabia Saoudite

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yamaze kugera mu gihugu cya Arabia Saoudite mu ruzinduko rwe rwa mbere agiriye hanze y’igihugu kuva yagaruka ku butegetsi muri Mutarama uyu mwaka. Donald Trump yizeye ko muri uru ruzinduko azabasha kugera ku masezerano ahambaye mu bucuruzi. n’ibihugu birimo Arabie Saoudite, Qatar ndetse na Leta zunze ubumwe z’Abarabu (UAE), muri uru ruzinduko ruzamara iminsi ine. Biteganyijwe ko kuri uyu mugoroba aza guhura n’umuragwa w’ubwami bwa Arabie (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyamasheke: Barataka igihombo batewe no kuba ikusanyirizo ry'amata rimaze imyaka 4 ridakora
Nyamasheke: Barataka igihombo batewe no kuba ikusanyirizo ry’amata rimaze imyaka 4 ridakora

Abatuye mu murenge wa Bushekeri bavuga ko batakibona aho bajyana amata kuko ikaragiro bahawe muri 2018 hashize imyaka 4 rifunze imiryango. Ni mu gihe abanyamuryango bakoperative Giramata bavuga ko igihombo bagitewe n’imicungire mibi, igiciro cy’urugendo bajyana amata ku ikaragiro rya giheke ndetse no kubuzwa gukora ikivuguto. Sirikare Sylvestre umwe mu banyamuryango b’iyi koperative Giramata yagize ati " Byatangiye neza dukusanya amata maze tukayakoramo ikivuguto kuburyo twayacuruzaga (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Umusore w'imyaka 23 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w'imyaka 5
Musanze: Umusore w’imyaka 23 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 5

Ndayambaje Idrisa w’imyaka 23 yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka itanu ,kuri ubu akaba afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza mu Karere ka Musanze. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Gicurasi 2025 , Mu Mudugudu wa Gasanze, Akagari ka Cyabararika Umurenge wa Muhoza, aho bivugwa ko uyu mwana bari bamutumye ku muhanda hanyuma abaturage bakabona amubundamyeho aho ngo yanamusize umwana avirirana mu myanya y’ibanga. Umubyeyi wari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Polisi y'u Rwanda yemeje ko yafunze uwagaragaye mu mashusho atega umufana
Polisi y’u Rwanda yemeje ko yafunze uwagaragaye mu mashusho atega umufana

Polisi y’u Rwanda yemeje ko yataye muri yombi ushinzwe umutekano ku kibuga wagaragaye mu mashusho atega umufana wa Rayon Sports wirukaga ava mu kibuga akitura hasi ku buryo bukomeye. Icyo gikorwa cyanenzwe na benshi cyabaye ku mugoroba wo kuri iki cyumweru ku mukino w’umunsi wa 27 wa Rwanda Premier League aho ikipe ya Rayon Sports yahuraga na Police Football Club. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana umufana wiruka ava mu kibuga uwo ushinzwe umutekano wo ku kibuga (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yitabiriye inama ya Africa CEO Forum muri Cote d'Ivoire
Perezida Kagame yitabiriye inama ya Africa CEO Forum muri Cote d’Ivoire

Kuri uyu wa mbere, Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kugera i Abidjan muri Cote d’Ivoire aho yitabiriye nama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo byigenga muri Afurika (Africa CEO Forum), igaruka ku iterambere ry’Umugabane wa Afurika binyuze mu nzego z’abikorera.
Ni inama yitabirwa n’abarenga 2000 barimo Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma, abayobora ibigo by’abikorera, abo mu nzego zifata ibyemezo n’abandi baturutse mu bihugu bisaga 70.
Perezida wa Mauritania, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibiro bya Perezida Macron byashyize umucyo ku byavuzwe ko anywa Cocaine
Ibiro bya Perezida Macron byashyize umucyo ku byavuzwe ko anywa Cocaine

Champs Elysee, ibi ni ibiro bya perezida w’ubufaransa Emmanuel Macron byahamije ko agatambaro kagaragaye ku meza imbere ya Macron atari cocaine ahubwo ari agatambaro ko kwihanagura kazwi nka Muchoir mu gifaransa. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yashimangiraga ko Perezida Macron, Friedrich Merz w’ubudage ndetse na minisitiri w’intebe wa Pologne Donald Tusk barimo basangira cocaine. Abavugaga ko yari cocaine bashingira ku kuba bimaze iminsi bivugwa ko muri Ukraine icyo (…)

424 Shares 4 Comments
Zelensky yasabye Putin ko bahurira muri Turkiya kuwa kane.
Zelensky yasabye Putin ko bahurira muri Turkiya kuwa kane.

Perezida wa Ukraine Volodymr Zelensky yatangaje ko yiteguye guhura amaso ku maso na perezida w’uburusiya Vladmir Putin kuri uyu wa kane istanbul muri Turkiya bakaganira ku masezerano y’amahoro no guhagarika intambara. Ibi perezida Zelensky yabyanditse ku rukuta rwe rwa X nyuma y’ibyatangajwe na Donald Trump wasabye ko Ukraine yakwemera ibyasabwe na Vladmir Putin by’uko habaho ibiganiro by’imbona nkubone muri Turkiya byahuza ibihugu byombi.
Zelensky yavuze ko igihugu cye cyari cyiteguye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru