Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Rubavu: Urubyiruko rurakangurirwa kubyaza amahirwe ruhabwa
Rubavu: Urubyiruko rurakangurirwa kubyaza amahirwe ruhabwa

Urubyiruko by’umwihariko rutuye mu Karere ka Rubavu rurakangurirwa kubyaza amahirwe aboneka muri kano karere mu kwiteza imbere kandi bakirinda kwijandika mu bikorwa bitemewe byambukiranya imipaka nka magendu.
Nk’urubyiriko rutuye mu Karere ka Rubavu, karangwamo na bamwe muri bagenzi babo bijandika mu bikorwa bigayitse byo kujya mu mitwe yitwaje intwaro nka FDRL na Wazalendo ibarizwa muri DRC, ndetse n’abajya mu bikorwa by’ubucoracora, barasabwa kwirinda ibi bikorwa bigayitse ahubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze:Rurageretse hagati ya Ndayambaje na Neretsebagabo uzwi nka Rujugiro
Musanze:Rurageretse hagati ya Ndayambaje na Neretsebagabo uzwi nka Rujugiro

Ndayambaje Eric na Neretsebagabo uzwi nka Rujugiro bakomeje guhangana bitewe nuko bagiranye amakimbirane ashingiye ku mitungo ndetse byaviriyemo uyu Rujugiro gufungwa.
Umuzi w’iki kibazo uko kimeze, uyu Rujugiro yubatse inzu ku mwenda wa Banki ananirwa kwishyura biba ngomba ko yitabaza inshuti ye yitwa Ndayambaje Eric ucuruza ibikoresho by’ubwubatsi mu mujyi wa Musanze kugira ngo amwishingire amufashe kuwishyura iyi inzu iri munsi ya (Control technique) inzu yahoze ikoreramo Foxland. Mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Bagaragaza ko babangamiwe n'umunuko ukabije uturuka mu ruganda rwa RWACOF
Rubavu: Bagaragaza ko babangamiwe n’umunuko ukabije uturuka mu ruganda rwa RWACOF

Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Kiraga, mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko babangamiwe n’uruganda rwa RWACOF rutunganya i Kawa, kubera umunuka uruturukamo kubera ibisigazwa by’i kwa biteza umunuko ukabije kubarwegereye. Aba baturage bavuga ko ibi bishishwa, batinda kubijyana aho byabugenewe, kugeza bimaze kubora bigateza umunuko, ukabije, ku buryo babona kandi bizateza ingaruka zirimo no kubateza uburwayi.
Kamenyero Innocent, utuye mu Mudugudu wa Nganzo, mu (…)

424 Shares 4 Comments
ABAROKOKEYE KU BITARO BYA GIHUNDWE BASABA KO HAKORWA UBUSHAKASHATSI KU MUBARE W'ABAHICIWE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI.
ABAROKOKEYE KU BITARO BYA GIHUNDWE BASABA KO HAKORWA UBUSHAKASHATSI KU MUBARE W’ABAHICIWE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI.

Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 barasaba ubuyobozi bw’ibitaro by’Akarere bya Gihundwe ko hakorwa ubushakashatsi hakamenyekana umubare w’Abatutsi bose bahiciwe, mu rwego rwo gusigasira ibimenyetso n’amateka ya Jenoside.
Babitangarije mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi barimo abari abubatsi ku nyubako zibi ’Ibitaro, abari abaforomo mu bigo nderabuzima birebererwa n’ibitaro bya Gihundwe ndetse n’abari abaturanyi babyo bishwe nyuma yo guhungira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu:Ababyeyi bibukijwe kugaburira abana indyo yuzuye
Nyabihu:Ababyeyi bibukijwe kugaburira abana indyo yuzuye

Ababyeyi bo mu karere ka Nyabihu by’umwihariko abatuye mu murenge wa Bigogwe bibukijwe ko aribo bafite inshingano zo kwita ku bana babagaburira Indyo yuzuye mu rwego rwo gukomeza guhangana n’igwingira.
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Gicurasi 2025 ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe ubukangurambaga kuri Nutrition na ECD muri aka karere mu nsanganyamatsiko igira iti”Umwana utagwingiye ishema ry’umuryango” Ingo mbonezamikurire ni imwe muri gahunda za guverinoma zigamije kurwanya (…)

424 Shares 4 Comments
Ingaruka dufite ni iyi nzara n'urupfu - Umwe mu baturage b'i Nyamyumba, avuga ku ngaruka z'ubusimba bwateye imyaka yabo
Ingaruka dufite ni iyi nzara n’urupfu - Umwe mu baturage b’i Nyamyumba, avuga ku ngaruka z’ubusimba bwateye imyaka yabo

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, barataka igihombo batewe n’ubusimba bwibasiye imyaka yabo, ku buryo babona buzabateza igihombo gikomeye, bagasaba ababishinzwe kubafasha guhangana natwo, nko kubashakira umuti wahangana natwo. .
Mu myaka y’ibasiwe nutu dusimba nkuko aba baturage babyivugira harimo ibishyimbo, ibigori, intoryi, inyanya, aho ngo utu dusimba bavuga ko tuyigeramo ubundi ikarumba, tukayibuza kwera ngo itange umusaruro kubaba bayihinze, ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
PEREZIDA KAGAME YAGIRANYE IBIGANIRO NA PEREZIDA WA KAZAKHSTAN
PEREZIDA KAGAME YAGIRANYE IBIGANIRO NA PEREZIDA WA KAZAKHSTAN

Perezida Kagame uri i Astana muri Repubulika ya Kazakhstan, yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’icyo Gihugu, Kassym-Jomart Tokayev. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Kazakhstan, byatangaje ko ibi biganiro byabereye mu muhezo, byibanze ku ntego zihuriweho mu kugera ku iterambere rirambye. Perezida Tokayev yashimye u Rwanda rufite ubukungu bwiyongera ku kigero cya 8% ku mwaka ndetse n’ukwiyubaka kw’inzego, ashimangira umuhate wa Kazakhstan mu kongerera imbaraga umubano wayo n’ibihugu bya (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze:Baravuga ko bakigorwa no kugeza umusaruro ku isoko
Musanze:Baravuga ko bakigorwa no kugeza umusaruro ku isoko

Hari bamwe mu baturage bo mu murenge wa Shingiro w’Akarere ka Musanze bavuga ko bakigorwa no kugeza umusaruro ku isoko bitewe nuko umuhanda Gataraga-Shingiro wangiritse utagendeka neza.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo tv ubwo yari ageze muri uyu murenge wa shingiro aho basaba ko uyu muhanda byibuze wakorwa neza mu buryo bwa laterite.
Uwajeneza Marie Louise yagize ati”Hano dukeneye umuhanda wajya udufasha kugeza umusaruro wacu ku isoko hano muri Shingiro duhinga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
ITARIKI Y'IBIZAMINI BYA LETA BISOZA UMWAKA W'AMASHURI 2024-2025 YAMENYEKANYE.
ITARIKI Y’IBIZAMINI BYA LETA BISOZA UMWAKA W’AMASHURI 2024-2025 YAMENYEKANYE.

Ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu mwaka w’amashuri wa 2024–2025 bizatangira ku wa 30 Kamena 2025, bikazarangira ku wa 3 Nyakanga 2025 mu mashuri abanza. Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Uburezi ubwo yashyiraga hanze ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2024–2025.
Ibizamini ngiro bisoza amashuri yisumbuye bizatangira ku wa 19 Gicurasi 2025, bikazarangira ku wa 6 Kamena 2025.
Ibizamini byanditse byo mu mashuri yisumbuye (ibyiciro byombi) bizatangira ku wa 9 Nyakanga 2025, (…)

424 Shares 4 Comments
Joseph Kabila yageze i Goma, agace kagenzurwa na AFC/M23
Joseph Kabila yageze i Goma, agace kagenzurwa na AFC/M23

Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yageze mu mujyi wa Goma uri mu maboko y’umutwe wa AFC/M23. Umuvugizi w’ingabo za AFC/M23, zizwi nka ARC, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje mu gitondo cyo ku wa 26 Gicurasi 2025 ko bishimiye cyane uruzinduko rwa Kabila, bamwita "umusirikare w’abaturage" kandi bakavuga ko ari intambwe ikomeye mu rugamba rw’impinduka. Yagize ati: “Twishimiye ko uwahoze ari Perezida, ubu akaba ari na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru