Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Urubyiruko by’umwihariko rutuye mu Karere ka Rubavu rurakangurirwa kubyaza amahirwe aboneka muri kano karere mu kwiteza imbere kandi bakirinda kwijandika mu bikorwa bitemewe byambukiranya imipaka nka magendu.
Nk’urubyiriko rutuye mu Karere ka Rubavu, karangwamo na bamwe muri bagenzi babo bijandika mu bikorwa bigayitse byo kujya mu mitwe yitwaje intwaro nka FDRL na Wazalendo ibarizwa muri DRC, ndetse n’abajya mu bikorwa by’ubucoracora, barasabwa kwirinda ibi bikorwa bigayitse ahubwo (…)
Ndayambaje Eric na Neretsebagabo uzwi nka Rujugiro bakomeje guhangana bitewe nuko bagiranye amakimbirane ashingiye ku mitungo ndetse byaviriyemo uyu Rujugiro gufungwa.
Umuzi w’iki kibazo uko kimeze, uyu Rujugiro yubatse inzu ku mwenda wa Banki ananirwa kwishyura biba ngomba ko yitabaza inshuti ye yitwa Ndayambaje Eric ucuruza ibikoresho by’ubwubatsi mu mujyi wa Musanze kugira ngo amwishingire amufashe kuwishyura iyi inzu iri munsi ya (Control technique) inzu yahoze ikoreramo Foxland. Mu (…)
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Kiraga, mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko babangamiwe n’uruganda rwa RWACOF rutunganya i Kawa, kubera umunuka uruturukamo kubera ibisigazwa by’i kwa biteza umunuko ukabije kubarwegereye. Aba baturage bavuga ko ibi bishishwa, batinda kubijyana aho byabugenewe, kugeza bimaze kubora bigateza umunuko, ukabije, ku buryo babona kandi bizateza ingaruka zirimo no kubateza uburwayi.
Kamenyero Innocent, utuye mu Mudugudu wa Nganzo, mu (…)
Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 barasaba ubuyobozi bw’ibitaro by’Akarere bya Gihundwe ko hakorwa ubushakashatsi hakamenyekana umubare w’Abatutsi bose bahiciwe, mu rwego rwo gusigasira ibimenyetso n’amateka ya Jenoside.
Babitangarije mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi barimo abari abubatsi ku nyubako zibi ’Ibitaro, abari abaforomo mu bigo nderabuzima birebererwa n’ibitaro bya Gihundwe ndetse n’abari abaturanyi babyo bishwe nyuma yo guhungira (…)
Ababyeyi bo mu karere ka Nyabihu by’umwihariko abatuye mu murenge wa Bigogwe bibukijwe ko aribo bafite inshingano zo kwita ku bana babagaburira Indyo yuzuye mu rwego rwo gukomeza guhangana n’igwingira.
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Gicurasi 2025 ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe ubukangurambaga kuri Nutrition na ECD muri aka karere mu nsanganyamatsiko igira iti”Umwana utagwingiye ishema ry’umuryango” Ingo mbonezamikurire ni imwe muri gahunda za guverinoma zigamije kurwanya (…)
Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, barataka igihombo batewe n’ubusimba bwibasiye imyaka yabo, ku buryo babona buzabateza igihombo gikomeye, bagasaba ababishinzwe kubafasha guhangana natwo, nko kubashakira umuti wahangana natwo. .
Mu myaka y’ibasiwe nutu dusimba nkuko aba baturage babyivugira harimo ibishyimbo, ibigori, intoryi, inyanya, aho ngo utu dusimba bavuga ko tuyigeramo ubundi ikarumba, tukayibuza kwera ngo itange umusaruro kubaba bayihinze, ku (…)
Perezida Kagame uri i Astana muri Repubulika ya Kazakhstan, yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’icyo Gihugu, Kassym-Jomart Tokayev. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Kazakhstan, byatangaje ko ibi biganiro byabereye mu muhezo, byibanze ku ntego zihuriweho mu kugera ku iterambere rirambye. Perezida Tokayev yashimye u Rwanda rufite ubukungu bwiyongera ku kigero cya 8% ku mwaka ndetse n’ukwiyubaka kw’inzego, ashimangira umuhate wa Kazakhstan mu kongerera imbaraga umubano wayo n’ibihugu bya (…)
Hari bamwe mu baturage bo mu murenge wa Shingiro w’Akarere ka Musanze bavuga ko bakigorwa no kugeza umusaruro ku isoko bitewe nuko umuhanda Gataraga-Shingiro wangiritse utagendeka neza.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo tv ubwo yari ageze muri uyu murenge wa shingiro aho basaba ko uyu muhanda byibuze wakorwa neza mu buryo bwa laterite.
Uwajeneza Marie Louise yagize ati”Hano dukeneye umuhanda wajya udufasha kugeza umusaruro wacu ku isoko hano muri Shingiro duhinga (…)
Ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu mwaka w’amashuri wa 2024–2025 bizatangira ku wa 30 Kamena 2025, bikazarangira ku wa 3 Nyakanga 2025 mu mashuri abanza. Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Uburezi ubwo yashyiraga hanze ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2024–2025.
Ibizamini ngiro bisoza amashuri yisumbuye bizatangira ku wa 19 Gicurasi 2025, bikazarangira ku wa 6 Kamena 2025.
Ibizamini byanditse byo mu mashuri yisumbuye (ibyiciro byombi) bizatangira ku wa 9 Nyakanga 2025, (…)
Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yageze mu mujyi wa Goma uri mu maboko y’umutwe wa AFC/M23. Umuvugizi w’ingabo za AFC/M23, zizwi nka ARC, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje mu gitondo cyo ku wa 26 Gicurasi 2025 ko bishimiye cyane uruzinduko rwa Kabila, bamwita "umusirikare w’abaturage" kandi bakavuga ko ari intambwe ikomeye mu rugamba rw’impinduka. Yagize ati: “Twishimiye ko uwahoze ari Perezida, ubu akaba ari na (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















