Thursday . 5 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Iran yatangije ibitero byo ku butaka ku Ba Kurde bo muri Iraq

Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)

Rubavu: "Umwuka wo guhumeka ntumeze neza"-REMA
Rubavu: "Umwuka wo guhumeka ntumeze neza"-REMA

Ikigo cy’igihugu gushinzwe kwita ku Bidukikije REMA, cyatangaje ko umwuka wo mu karere ka Rubavu utameze neza ariko ntaho bihuriye n’ibimenyetso birimo gutangwa n’ikirunga cya Nyiragongo giherereye muri Repubulika Iharanira Demikarasi ya Congo.
Nyuma y’uko Ikigo gishinzwe kugenzura ibirunga (Volcanological Observatory of Goma) gitangaje amakuru y’uko ikirunga cya Nyiragongo gikomeje kugaragaza ibimenyetso by’uko gishobora kongera kuruka, Ikigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abana b'inzererezi bashinja ababyeyi babo kuba nyirabayazana w'ubuzima babayemo
Musanze: Abana b’inzererezi bashinja ababyeyi babo kuba nyirabayazana w’ubuzima babayemo

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abana bo ku muhanda bazwi nka mayibobo mu mujyi wa Musanze bavuga ko kuba bari mu buzima bw’ubuzererezi ahanini ababyeyi babo babigiramo uruhare, bigatuma nabo bashaka indi mibereho bakayoboka iy’u muhanda. Ababyeyi nabo bavuga ko abana bababananiye.
Abana b’inzererezi babwiye mamaurwagasabo.rw ko nabo ubuzima babayemo butabashimishije ariko kubera imiryango baturukamo itabaha umutuzo bahitamo kuva mu miryango bakajya kwishakira ubundi buzima, bakisanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Haribazwa amaherezo y'inyubako z'ishuri ryahoze ryitwa "Collège Nkunduburezi" rimaze imyaka 5 rifunzwe
Gakenke: Haribazwa amaherezo y’inyubako z’ishuri ryahoze ryitwa "Collège Nkunduburezi" rimaze imyaka 5 rifunzwe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abantu batandukanye bakomeje kwibaza amaherezo y’inyubako yahoze yitwa "College nkunduburezi" iherereye mu Majyaruguru y’u Rwanda, mu karere ka Gakenke hazwi nko mu Bukonya hafi n’umugezi wa Nyarutovu, iri shuri abaryizemo bibatera agahinda kubona rikikijwe n’ibigunda (ibihuru).
Iri shuri ryahoze rirera abana b’u Rwanda ku rwego mpuzamahanga, riza gufunga imiryango mu mwaka 2017 bitewe n’imiyoborere mibi ndetse no gucunga nabi umutungo, byatumye (…)

424 Shares 4 Comments
Rwanda: Abinjira n'abasohoka bategetswe kubanza kwikingiza Covid-19
Rwanda: Abinjira n’abasohoka bategetswe kubanza kwikingiza Covid-19

Guverinoma y’u Rwanda yakomoreye ingendo z’indege ziva mu bihugu bya Afurika y’Amajyepfo ndetse ariko itangaza ko abantu bose binjira n’abasohoka mu gihugu bagomba kuba barakingiwe byuzuye icyorezo cya Covid-19.
Ni amabwiriza mashya yashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubuzima asaba ko abantu bose baza mu Rwanda babanza kugaragaza ko bipimishije Covid-19 kandi bakaba bafite icyemezo kigaragaza ko batarwaye iki cyorezo.
Ibipimo byo kwisuzumisha Covid-19 byemewe ni ibyafashwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abaturage barazwa muri sitade bishyuzwa amafaranga ahabanye n'ari ku nyemezabwishyu
Musanze: Abaturage barazwa muri sitade bishyuzwa amafaranga ahabanye n’ari ku nyemezabwishyu

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze n’abahagenda barasaba kurenganurwa kuko iyo bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bishyuzwa amafaranga ariko bagahabwa inyemezabwishyu iriho ari munsi y’ayo bishyuye, bagatangira gukeka ruswa, uburiganya, kunyereza umutungo n’ibindi.
Aba baturage babihamirije ikinyamakuru mamaurwagasabo ubwo bari basohotse muri sitade Ubworoherane bafite inyemezabwishyu zanditseho umubare w’amafaranga udahuye nayo (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: Ibirori byo gutaha Urusengero rwa ADEPR byasubitswe kubera ko abakirisitu batishimye
Kigali: Ibirori byo gutaha Urusengero rwa ADEPR byasubitswe kubera ko abakirisitu batishimye

Umuhango wo gutaha ku mugaragaro urusengero rwa ADEPR Paruwase ya Remera wasubitse, Umushumba rwarwo avuga ko byatewe n’uko muri ibi bihe abakirisitu batishimye kubera icyorezo cya COVID-19 kimeze nabi.
Ni urusengero ruteye amabengeza, rurimo imyanya myinshi ishoboka yo kwicaramo, imbere rurimo n’igice abakirisitu baba bicaye hejuru. Ruherereye i Remera munsi gato y’umuhanda uri ku nyubako Mberabyombi ya Kigali Arena.
Byari biteganyijwe ko umuhango wo gutaha uru rusengero uzaba tariki ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Kuboneza urubyaro ni imwe mu nzira y'iterambere ry'umugore
Musanze: Kuboneza urubyaro ni imwe mu nzira y’iterambere ry’umugore

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Hari abagore bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Muhoza bavuga ko gahunda yo kuboneza urubyaro ari imwe mu ibanga ry’iterambere ryabo; bahamya ko umubyeyi utabyara indahekana bituma abasha kwita kubo yabyaye ndetse akita no ku nshingano z’urugo bigatuma iterambere ryihuta kuko ahorana imbaraga.
Bamwe mu bagore babwiye umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko umugore utarumva gahunda yo kuboneza agomba guhindura imyumvire nk’iyo ishaje.
Kanakuze ziripa, ni (…)

424 Shares 4 Comments
Ikigo GLIHD gisanga hari ihohoterwa rigikorerwa umugore utarasezeranye rikwiye gucika
Ikigo GLIHD gisanga hari ihohoterwa rigikorerwa umugore utarasezeranye rikwiye gucika

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ikigo cy’Uburenganzira bwa Muntu n’Iterambere mu Karere k’Ibiyaga Bigari (GLIHD), gitangaza ko mu Rwanda hari ihohoterwa rikorerwa umugore ryitwaje amategeko, aho umugore ubana n’umugabo batarasezeranye iyo bagiye gutandukana wa mugore ntacyo ahabwa, amategeko akamusaba ko ategereza gusa ko uwo mugabo abanza gushaka byemewe n’amategeko.
Umuyobozi Wungirije w’Ikigo cy’Uburenganzira bwa Muntu n’Iterambere mu Karere k’Ibiyaga Bigari (GLIHD), Me. Umulisa Husna (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Abantu 100 bari gusuzumwa COVID-19 muri buri murenge ku buntu
Kigali: Abantu 100 bari gusuzumwa COVID-19 muri buri murenge ku buntu

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC, gifatanyije n’Umujyi wa Kigali bari gusuzuma Virusi ya Corona ku bantu 100 muri buri murenge wo mu turere dutatu tw’Umujyi wa Kigali.
Ni igikorwa kirimo kubera mu mirenge 35 yo muri Kigali, kigakorerwa kuri site zitandukanye ziri ku muhanda.
Kigamije kureba uko ubwandu bwa COVID-19 buhagaze mu mugi mu gihe birimo kugaragara ko umubare munini w’abandura coronavirusi biganje mu Murwa mukuru Kigali.
Umuyobozi wa Gahunda y’Ikingira mu Kigo cy’Igihugu (…)

424 Shares 4 Comments
Guverineri Nyirarugero yatunze agatoki ababyeyi mu kugira uruhare mu igwingira ry'abana
Guverineri Nyirarugero yatunze agatoki ababyeyi mu kugira uruhare mu igwingira ry’abana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Nyirarugero Dancilla yavuze ko ababyeyi bo mu ntara ayoboye bagira uruhare mu igwingira ry’abana cyane ko akenshi batita ku ndyo yuzuye bagaburira abana.
Yabitangaje mu kiganiro iyi ntara iherutse kugirana n’Itangazamakuru, ku ngingo zitandukanye zijyanye n’iterambere n’imibereho y’abatuye mu turere dutanu tugize Intara y’Amajyaruguru.
Yagize ati "Kenshi iki kibazo cy’igwingira ry’abana kiraduhangayikishije ariko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru