Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)
Umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, akaba n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, agiye kuza mu Rwanda, biravugwa ko azaba aje kubonana na Perezida Paul Kagame.
Ni inkuru irimo gucicikana muri Uganda no ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’iminsi mike gusa Lt Muhoozi atangaje ko Perezida Kagame ari Marume we kandi abamurwanya bagomba kwitonda.
Icyi gihe yagize ati “Afande Kagame Paul ni Marume. Abo mamurwanya bararwanya umuryango wanjye. Bose bagomba kuba (…)
Yandutswe Umugiraneza Alice
Abacuruza inyongeramusaruro mu karere ka Musanze bavuga ko gukoresha ikoranabuhanga bahawe rya MOPA birimo kubagora, bikabahombya bakaba basaba inzego bireba kubategurira amahugurwa bakagira ubumenyi buhagije kuri ryo.
MOPA ni uburyo bw’ikoranabuhanga (systeme) bumaze igihe buhawe aabacuruza inyongeramusaruro nyuman yuko hagaragayemo kunyereza no gukoresha nabi inyongeramusaruro bigatuma umuhinzi agerwaho n’inyongeramusaruro imburagihe, itakimufashije icyo (…)
Yanditswe na Mutesi Scovia
Nyiramatama Joseline ni umugore w’abana batatu, avuga ko mbere yo kujya kwibera ku muhanda yahoze atuye mu mudugudu wa Kitarima [nibyo yabashije kwibuka] mu murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu, avuga ko we n’abana be barara ku muhanda aho bageze kuko yananiwe kwishyura inzu babamo, ikibabaje ni uko iyo atabonye umugiraneza ubakora mu ntoki inzara irushaho kubazonga.
Uyu mubyeyi ubona ko akiri muto, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 19 Mutarama 2022 aganira (…)
MUTUNGIREHE Samuel
Bamwe mu bacuruzi batunzwe no kurangura imari z’ibintu bitandukanye bitari ibiribwa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, DRC, barataka ko hari akarengane bajya bahura nako iyo ibicuruzwa muri icyo gihugu babihejeje mu Rwanda bakabibonera umuguzi batinze, iyo uwo muguzi abifatanwa atashye bikitwa Forode kandi uwabigejeje mu gihugu yabicishije ku mupaka mu buryo bwemewe n’amategeko ndetse yanabisoreye.
Abaganiriye n’Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo kuri uyu wa (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abakorera n’abarema isoko rya Gahunga riherereye mu murenga wa Gahunga mu karere ka Burera baravuga ko kwangirika kw’iryo soko bigira ingaruka ku bucuruzi bwabo, bakaba basaba inzego bireba kurisana cyane ko badasiba gutanga imisoro n’amahoro ku barikoreramo.
Hari abacuruzi babwiye Mamaurwagasabo ko kuba iri soko ridakoze bigira ingaruka mu mikorere yabo.
Isoko rya Gahunga ibibazo by’ingutu abacuruzi bavuga rifite birimo imireko y’amazi ishaje isuka amazi (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Ngororero mu murenge wa Muhanda ho mu kagari ka Bugarura hari imiryango y’Abasigajwe inyuma n’amateka yatujwe hamwe mu mudugudu wa Gitomvu, bavuga ko imyaka ibaye itanu nta muriro w’amashanyarazi bafite kandi insinga z’umuriro zibanyura hejuru, ziwujyana mu baturanyi babo, bakibaza icyo bazira ngo nabo bave mu mwijima w’ijoro.
Bamwe muri bo babwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko kuba badahabwa umuriro w’amashyanyarazi kandi ingo baturanye (…)
Musanze: Inzara iravuza ubuhuha ku ishuri ribanza rya Gahondogo, mu bana 1000 harya abagera kuri 300
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abenshi mu banyeshuri bo ku ishuri ribanza rya Gahondogo barataka inzara kubera ko bagenzi babo bajya kurya ifunguro rya saa sita bo ntibagaburirwe kuko ababyeyi babo batishyuye amafaranga 200Rwf yo kurya ya buri munsi, mu gihe abyeyi bamwe bavuga ko batahorana amafaranga ya buri munsi yo guha umwana kugira ngo arire ku ishuri, muri gahunda ya "School Feeding" kandi hari n’ushobora kuba afite abana barenga 3 biga kuri icyo kigo.
Hari ku isaha ya saa (…)
Guverinoma ya Ethiopia yasabye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, gukora iperereza ku muyobozi waryo, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, ku makuru yatangaje bita ko ayobya n’imyitwarire idahwitse mu ntambara igishyamiranyije Ethiopia n’Intara yayo Tigray.
Uyu Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus nawe ubwe akomoka mu ntara ya Tigray akaba yarahoze ari Minisitiri w’Ubuzima muri Guverinoma ya Ethiopia mbere yuko ajya kuyobora ishami rya OMS.
Guberinona ya Ethiopia iyobowe na Dr. (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Burera mu ishuri ryisumbuye, Urwunge rw’amashuri, GS Rugarama, abakobwa biga mu mashiri abanza n’ayisumbuye bavuga ko icyumba cy’umukobwa cyabashyiriweho cyahinduye imyigire yabo ugereranije no mu gihe cyashize aho umukobwa yabaga yagiye mu mihango atunguwe abandi babimubonaho bikaba byaba intandaro yo kuva mu ishuri nkuko byemezwa na basaza babo.
Bamwe mu bakobwa biga muri G.S Rugarama biganjemo abo mu mashuri abanza babwiye Mamaurwagasabo ko (…)
MUTUNGIREHE Samuel
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, ubuyobozi bw’intara z’igihugu n’Umujyi wa Kigali bagiye guhurira mu bukangurambaga bwo gushishikariza abaturage baheruka gufata urukingo rwa mbere kwihutira gufata urwa Kabiri, ni mu gihe habarurwa abagera kuri miliyoni imwe n’ibihumbi hafi Magana 200 bagejeje igihe cyo gufata urukingo rwa Kabiri bityo bakazabona n’uko bafata urushimangira ku gihe.
Ni gahunda ireba abamaze iminsi 28 bahawe doze ya mbere batarabona iya kabiri, barimo (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















