Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Umugiraneza Alice
Abacurururiza mu isoko rya Rugarama ryo mu murenge wa Rugarama ho mu karere ka Burera baratangaza ko babangamiwe n’amafaranga yitwa ay’isuku batanga inshuro ebyiri yitirirwa ikintu kimwe, aho no kujya ku bwiherero bw’iri soko babanza kwishyura kandi bahora batanga amafaranga y’isuku.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo bavuga ko Hari amafaranga batanga kugira ngo bemererwe kwinjira mu bwiherero, bakavuga ko bidakwiye kwishyuzwa nk’abandi barizamo rimwe na rimwe kuko bakwa (…)
Amakuru yasakaye muri iki gitondo muri Uganda ni igisasu cyaraye giturikanye abantu benshi kugeza ubu umuntu umwe ni we bimaze kwemezwa ko cyamuhitanye.
Ni igisasu cyaturikiye i Kampala mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, mu gihe abandi batanu bakomeretse barimo kwitabwaho n’abaganga.
Amakuru y’ibanze avuga ko abantu batatu bagiye bagasiga ikintu mu ishashi y’umukara munsi y’ameza mu kabari gaherereye mu gace ka Komamboga muri Kampala, bahita bagenda. Nyuma cyaje guturikana abantu bari (…)
Ndayambaje Jean Claude
Ikipe y’ingabo z’igihugu ya APR FC yari ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League, yatsinzwe na Étoile Sportive du Sahel ibitego 4-0 ku giteranyo cy’ibitego 5-1 bituma isezererwa itageze mu matsinda.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Ukwakira 2021 ikipe ya APR FC yari yarekeje muri Tunisia mu mukino wo kwishyura wa CAF Champions league wabereye kuri Stade Mustapha Ben Jannet Monastir aho igice cya mbere cyarangiye Étoile du Sahel yatsinze (…)
Mutungirehe Samuel
Mu karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gatenga, kuri Site y’Itora yo mu kagari ka Nyanza kimwe n’ahandi mu gihugu bazindukiye mu matora y’abagize komite nyobozi y’umudugudu, ariko mu midigudu 13 igize akagari kose umugore umwe ni we watorewe kuyobora umudugudu.
Ni amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu mu gihugu hose, hatorwa komite nyobozi y’umudugudu n’umujyanama rusange uhagarariye umudugudu ku rwego rw’akagari.
Ingabire Immaculee yabanje kurahoza abaseseri ba (…)
Ndayambaje Jean Claude
Kuri iki cyumweru tariki ya 24 Ukwakira 2021 kuri sitade Amahoro i Remera hagiye kubera umukino wa gicuti ngaruka mwaka uzahuza ikipe ya Rayon Sports na Kiyovu Sports witiriwe "Rayon sports Day" biteganijwe ko uzitabirwa n’abahanzi batandukanye bo mu Rwanda.
Uyu mukino niwo wa Mbere ugiye kwitabirwa n’abafana kuko abasaga ibihumbi 8000 bazabasha kwinjira muri stade kuva bakumirwa Ku bibuga bitewe n’icyorezo cya Covid-19 muri 2020, uyu mukino kandi wateguwe (…)
Umugiraneza Alice
Mu karere ka Musanze hari abaturage Basigajwe Inyuma n’Amateka bo mu murenge wa Musanze akagali ka Kabazungu, umudugudu wa Gunga bavugo ko kubera gusaza kw’inzu batujwemo no kwikanga ko zabagwaho zigahitana ubuzima bwabo bahisemo gusubira muri nyakatsi, none muri ibi bihe by’imvura bagowe no kunyagirwa bakabura n’uko bateka ibyo bavuye guca inshuro.
Bamwe mu baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bavuga ko ikibazo cyabo cyabaye tereriyo kubera ko bakigejejweho inshuro nyinshi (…)
Mutungirehe Samuel
Aborozi bo mu mirenge 21 igize akarere ka Gicumbi batangaje ko bamaze imyaka itandatu batanze imisanzuyo kubaka uruganda rutunganya amata no kuyabyaza umusaruro ariko ubu bategereje ko rwubakwa bagaheba.
Bamwe muri bo bavuga ko baheruka kubwirwa ko imisanzu yabo bakaswe ku mata bagemuraga igeze kuri miliyoni 900 z’amafaranga y’u Rwanda ariko bayobewe irengero ryayo nyuma yo kutabona uruganda rwubakwa.
Ntibizerwa Desire, ni umwe mu bageza amata y’aborozi ku (…)
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye igifungo cy’imyaka itanu n’amezi atanu Ndikumana Jean Bosco wari umukozi wa nyakwigendera Kizito Mihigo, runategeka ko Ngayabagiha Joël wagombaga kwerekana inzira afungwa amezi atatu mu gihe Harerimana Innocent wamutwaye yagizwe umwere.
Ni urubanza rusomwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ukwakira 2021, ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali.
Aba bagabo uko ari batatu bari bakurikiranyweho icyaha cyo kuba icyitso (…)
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’Amagare, Mugisha Samuel na Muyoboke Ezechiel bakurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake umumotari nyuma y’amakimbirane yaturutse ku kutumvikana ku mafaranga y’urugendo.
Mugisha Samuel usanzwe akinira La Roche-sur-Yon Vendée Cyclisme yo mu Bufaransa ari mu Rwanda mu biruhuko nyuma yo gusoza shampiyona.
Uyu musore w’imyaka 23 yatawe muri yombi kuri uyu wa 21 Ukwakira 2021 aho (…)
Urugaga rw’Abikorera Mu rwanda PSF, rwatangaje ko mu kwezi k’Ukuboza 2021 hazaba Imurikagurisha Mpuzamahanga ry’Abikorera, rizwi nka EXPO risanzwe ribera i Gikondo mu karere ka Kicukiro.
Mu itangazo PSF yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, yamenyesheje ko riteganyijwe kuba kuva tariki ya 9 kugeza 30 Ukuboza 2021.
Ikigaragara ni uko iri murikagurisha ryongerewe iminsi rizaba kuko iriheruka mu 2020 ryabaye iminsi 20, mu gihe iri rizamara iminsi 28.
Biteganyijwe kandi ko rizitabirwa (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.







![[AMAFOTO] Musanze: Hari abaturage basubiye muri nyakatsi](IMG/logo/b7591319-3f7a-4156-accb-c8378c41f5a0.jpg?1634926093)













