Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye icyemezo cy’umutwe wa M23 cyo kuva mu Mujyi wa Walikale wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, inashiira Leta ya RDC yavuze ko ibikorwa by’Ingabo zayo, FARDC na Wazalendo bigiye guhagarara muri ako gace.
Mu minsi ishize Ingabo za M23 zari zimaze kwigaragaza mu mujyi wa Walikale, bigaragara ko iyi Teritwari izwiho ikirombo cya mbere ku isi mu mabuye acukurwa na Canada irimo kuva mu maboko ya Leta ya Kinshasa.
Kuva M23 yagera i Walikale, byateye (…)
Hari bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musanze w’aka karere bavuga ko bahisemo kujya baraza inka n’andi matungo mu nzu kubera ubujura bukabije.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa MAMAURWAGASABO TV ubwo yageraga muri uyu murenge, by’umwihariko ahitwa Garuka.
Umwe muri aba baturage witwa Jean Pierre H. yagize ati: "Ikibazo cy’ubujura hano kiraduhangayikishije, twahisemo kujya turaza inka mu nzu; ntakundi twabigenza amatungo bayamaze hano muri Garuka.”
Bwanawili Fidele yagize (…)
Nyuma y’iseswa ry’umubano wa dipolomasi n’u Bubiligi, ryemejwe ku wa 17 Werurwe 2025, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yamenyesheje abantu bose ko hari ibikurikira icyo cyemezo
Nyuma y’iminsi itariki myinshi atangaje ko aza kongera kugaruka mu Rwanda, igihugu afata nk’icye, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni, Gen Kainerugaba Muhoozi yagarutse mu Rwanda.
Ni uruzinduko yagiriye mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane yariki ya 20 Werurwe 2025.
Ku kibuga cy’indege Gen Kainerugaba yakiriwe na mugenzi we w’ingabo z’u Rwanda, Gen Muganga Mubarak n’abandi bari mu rwego rw’ingabo.
Muri Gashyantare 2025 nibwo Gen Muhoozi, (…)
Hari bamwe mu bakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu ku magare bazwi nk’abanyonzi bo mu Mujyi wa Rubavu, bavuga ko bajya bahohoterwa n’abasekirite bakorera mu muhanda, aho kubafasha kubacugira umutekano ahubwo hakaba aribo bawuhungabanya.
Usibye kubaca amafaranga rimwe na rimwe batamenya icyo bayatangiye cyangwa n’irengero ryayo, bavuga ko hari nubwo babakubita babahoye ubusa, nkuko ubwabo babyivugira.
Ndagijimana J. asanzwe ari umunyonzi mu Mujyi wa Rubavu, nawe avuga ko bajya (…)
Ikigo cy’igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), bwatangiye ubukangurambaga ku isuzuma ry’ubushobozi bw’abanyeshuri (PISA2025).
Ubuyobozi bwa NESA buvuga ko amashuri 213 yo mu Rwanda afite abanyeshuri 7445 ariyo azitabira isuzuma Mpuzamahanga ry’abanyeshuri rya PISA 2025, rigamije gusuzuma ubushobozi bw’abanyeshuri mu guhatana n’ibindi bihugu byo ku Isi.
Ubwo yatangizaga ubu bukangurambaga Umuyobozi Mukuru wa NESA, Dr Bahati Bernard Yasobanuye ko iri suzuma (…)
I Nyagatare ku bitaro bikuru bya Gatunda, niho hatangirijwe ibikorwa byo kuvura abaturage ku buntu, bikozwe n’inzego z’umutekano ari zo Ingabo z’igihugu ndetse na Police.
Ibikorwa byahereye ku kuvura indwara z’amenyo, iz’uruhu, amagufa ndetse n’izindi zisaba ko abaturage bahabwa turansiferi, ibintu rimwe na rimwe bituma bashobora kumara igihe kinini bataravurwa.
Minisitiri w’ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko ibyakozwe biri mu rwego rwo kwegera abaturage kugira ngo boroherwe (…)
Kuri uyu wa Mbere, mu Mudugu wa Kiyovu, mu Kagari ka Shaki ho mu Murenge wa Shyira, mu Karere ka Nyabihu hatangijwe ibikorwa bihuriweho byateguwe n’Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, ndetse na Polisi y’u Rwanda, RNP, bigamije kuzamura imibereho myiza y’abaturage.
Muri ibi bikorwa kandi hateganyijwe kubakwa ikigo ECD (Ikigo Mbonezamikurire cy’abana bato), aho biteganyijwe ko kizuzura gitwaye Frw 30 000 000, biteganyijwe ko kizuzura mu gihe cy’amazi abari.
Abaturage begerejwe bino bikorwa (…)
Mu gihe haburaga amasaha make ngo perezida wa Angola, Joao Lorenzo ahurize ku meza amwe umutwe wa AFC/M23 n’ubutegetsi bwa Congo, uyu mutwe wanze kwitabira ibyo biganiro ku mpamvu z’ibihano abantu bawo bafatiwe.
AF/M23 yari yamaze kugena umubare w’abantu batanu bari kuyihagararira mu biganiro bya Luanda n’Ubutegetsi bwa Kinshasa, ndetse bamaze no guhabwa impapuro z’inzira zemerera abo bantu bayo kugenda.
Uyu mutwe wasohoye itangazo ugaragaza ko uhagaritse kwitabira ibiganiro byari (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















