Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Mu gihe hirya no hino hagenda hagaragaraga abagifite ingenga bitekerezo ya Jenoside, aho bahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bifashishe by’umwihariko imbuga nkoranyambaga, urubyiruko rurasabwa gufata ishingiro mu guhangana nabo, banyuze muri izo mbuga.
Ibi byanagarutswe kuri uyu wa Gatatu, ubwo mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, hibukwaga abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka 1994, by’umwihariko, abiciwe ku Nyundo ndetse no mu nkengero zaho.
Umutoni Nelly na (…)
Uwari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda Bernard yasezeweho bwa nyuma n’inshuti, abavandimwe n’abandi batandukange.
Ni umuhango wabereye kuri Paruwasi Gatolika ya Rulindo, mu Karere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru, hari kubera Misa yo gusabira no gusezera bwa nyuma, Alain Mukuralinda wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, uherutse kwitaba Imana.
Ni misa yitabiriwe n’abo mu muryango we, inshuti, abo bakoranye ndetse n’abayobozi mu nzego (…)
Tariki ya 19 Gicurasi 2024 ni bwo Igisirikare cya RDC, FARDC cyatangaje ko cyaburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, wateguwe n’abagabo barangajwe imbere na Christian Malanga wari ufite ubwenegihugu bwa RDC na Amerika icyarimwe.
Ni inkuru yavugwaga nk’ikinamico, ukurikije uko urugendo rw’abo bagabo rwagenze kugeza ubwo Malanga ahasize ubuzima, nk’uwari iuyoboye itsinda.
Malanga uwo yamanukanye n’umuhungu we Marcelle baje gukuraho ubutegetsi bwa Perezida (…)
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bacana urumuri rw’icyizere cyerekana ahazaza h’Abanyarwanda.
Ni igikorwa cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi, ruruhukiyemo imibiri ibihumbi 259 yakuwe mu turere twa Gasabo, Kicukiro na Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali.
Tariki ya 7 Mata ni Umunsi Mpuzamahanga Ngarukamwaka Isi yose yibukaho Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abasaga miliyoni (…)
Nyuma y’umunsi umwe bihwihwiswa, Guverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Mukurarinda Alain Bernard, wari umuvugizi wa guverinoma wungirije.
Ibiro by’Ubuvugizi bwa Guverinoma y’u Rwanda, OGS, byatangaje ko Alain Mukuralinda wari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara k’umutima.
Itangazo ryashyizwe hanze na OGS, Mukuralinda yakoreraga, kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Mata, rigira riti “Tubabajwe no gutangaza urupfu rw’Umuvugizi wa Guverinoma wungirije, (…)
Nyuma yo kubitangaza ikanagaragaz ako yavuye mu mugi wa Walikale ariko nyuma ikaza konghera kuhagaruka kuko na Leta itubahirije kurekera kubatera, Ingabo za AF/M23 noneho zemeye kuva Santere ya Walikale.
Amakuru ava mu Burasirazuba bwa RDC ahamya ko abarwanyi ba AFC/M23 batangiye kuva muri uyu mujyi mu ijoro ryo ku wa 1 Mata rishyirwa uwa 2 Mata 2025 kandi ko nta mirwano yabayeho.
Nyuma y’aho abarwanyi ba AFC/M23 batakigaragara muri uyu mujyi, mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Mata ingabo za (…)
Intumwa z’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya DRCongo, zigiye guhurira mu biganiro n’abahagarariye leta ya Congo i Doha muri Qatar.
Ni ibiganiro biteganyijwe kuba kuwa 9 Mata 2024, mu rwego rwo gushaka amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo nkuko ikinyamakuru Nation kivuga ko gifite amakuru gikesha impande zombi kibitangaza.
Kuwa 28 Werurwe uyu mwaka abahagarariye ihuriro AFC/M23 nabwo bagiye i Doha muri Qatar, kuganira na Emir wa Qatar (…)
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DRC, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakuriyeho igihano cy’urupfu Abanyamerika batatu bari mu itsinda ryagerageje kumuhirika ku butegetsi umwaka ushize, tariki ya 19 Gicurasi 2024.
Iki cyemezo cyatangajwe n’Umuvugizi we, Tina Salama, mu rukerera rwo kuri uyu wa 2 Mata 2025 ubwo yari kuri radiyo na Televiziyo by’igihugu, RTNC. Yasobanuye ko igihano bari barakatiwe cyahinduwe igifungo cya burundu.
Marcel Malanga Malu, Taylor Christa (…)
Ababiri babiri bo mu mirenge ya Musasa n’uwa Rusebeya bakubiswe n’inkuba bahasiga ubuzima.
Abo ni umwana w’umukobwa witwa Igiraneza Divine w’imyaka 17, inkuba yamukubise agwa ikirabiranya ari mu nzu, ababyeyi be bahise bafatiranya akiri gusamba ngo bamujyane kwa mu ganga ariko apfa ashiramo umwuka bageze muri metero nka 100.
Ni umwana wo mu muryango utuye mu Murenge wa Musasa, mu Kagari ka Murambi.
Undi, nawe wahitanywe n’inkuba ni mwana witwa Umwari Constantine, w’imyaka 11.
Uwo (…)
Hari abaturage batuye mu karere ka Rubavu mu Kagari ka Kabirizi, mu Murenge wa Rugerero bavuga ko nyuma yo kwibasirwa n’ibiza byabaye muri Gicurasi mu mwaka 2023, bakemererwa kubakirwa na Leta y’u Rwanda, bagitegereje ko bikorwa ariko ngo amaso yaheze mu kirere.
Aba baturage bavuga ko bamaze igihe mu bukode, nyuma yaho inzu babagamo zibasiwe n’ibiza. Barimo abo mu Midugudu nka Nyamyiri n’Amahoro, mu gihe bagenzi babo bubakiwe nk’abatuye mu Midugudu ya Ngama na Ruhangiro, aba bose baka (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















