Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko izafatira ibihano birirmo no guhagarika inkunga y’amafaranga ya leta y’u Rwanda mu gihe rudateye intambwe isabwa mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo no gukuramo ingabo za RDF.
Umuvugizi w’Ubutegetsi bw"u Bwongereza yagize ati:
"Ubwongereza burababajwe cyane n’ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza yahuye na Perezida Tshisekedi i Kinshasa ndetse na Perezida Kagame (…)
Hari bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Mburamazi mu Murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro, bavuga ko batewe impungenge n’umusaza Habumugisha Kayitani, ukunze kuvuga ko azicana n’umuturage avuga ko yamunyaze isambuye ye.
Ni ibintu uyu musaza nawe yasubiriyemo Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo TV ubwo yageraga aho atuye ngo amubaze ibimuvugwaho, cyane ko atari ikintu cyo guhishirwa.
Intandaro y’ikibazo Muzehe Habumugisha avuga afitanye n’uwo mwarimu yaje ubwo mwarimu yaguraga akazu (…)
Minisitiri w’Itangazamakuru akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya DRCongo, Patrick Muyaya yatangaje ko Joseph Kabila nk’umuntu wahoze ari Perezida w’icyo gihugu Igihe kitari gito atari akwiye kuvuga amagambo... ku banyekongo, ko bisa nko guha ishingiro intambara ya M23.
Yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025 kuri television Tv5 Monde mu makuru yayo, ubwo yari ari i Geneve mu Busuwisi mu nama y’akanama k’Umuryango w’Abibumbye nka hamwe DRCONGO yatanze (…)
Abasirikare 194 bakomerekeye mu butumwa bwa SADC bwiswe SAMIDRC muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo banyuze mu Rwanda bataha mu bihugu byabo.
Abatashye kuri uyu wa Mbere ni abaturutse muri Tanzania, Malawi na Afurika yepfo. ku ikubitiro hatashye abafite ibibazo bitandukanye, barimo abakomerekeye ku rugamba, abarwaye ndetse n’abagore batwite. Umubare munini kandi w’abatashye ni ab’igitsinda gore.
Aba Afurika y’Epfo ni 129, aba Malawi ni 40 mu gihe aba Tanzania ari 25.
Ahagana Saa (…)
Bamwe mu baturage baturiye ishyamba riri hafi y’ikiyaga cya Kivu mu Murenge wa Kagano na Bushekeri, mu karere ka Nyamasheke barasaba ubuyobozi ko bwabafasha bukabakiza inkende zibononera imyaka bahinze bigatuma bicwa n’inzara.
Ni abaturage bo mu midugudu ya Kijibamba mu Murenge wa Kagano na Nundwe muri Bushekeri, bavuga ko izi nkende ziza zivuye mu mashyamba ya pariki ya Nyungwe ari hafi y’imirima yabo zikarya buri kimwe baba bahinze.
Umwe yagize ati: "Zirazamuka, zisoroma n’imishogoro, (…)
Hari bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngororero bavuga bakoreye kompanyi yitwa KK Energy yari yarahawe isoko n’indi kompanyi yitwa Sagelec mu gukwirikiza amashanyarazi muri aka karere ariko umwaka urashyize batishyurwa, batagira n’uwo kubaza.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa MAMAURWAGASABO TV ubwo yageraga mu bice batuyemo, basaba ko bakwishyurwa amafaranga yabo akabakaba miliyoni eshanu (5).
Sibomana Pierre ni umwe muri aba baturage, yavuze ko bamaze igihe kingana n’umwaka (…)
Perezida Paul Kagame n’uyobora ishyirahamwe ry’umukino w’amagare ku Isi (UCI), David Lappartient batangije isiganwa ry’amagare mu Rwanda, Tour du Rwanda, umunsi wa mbere w’isiganwa wegukanwa n’umubiligi Aldo Taillieu ukinira Lotto Development Team.
Ni isiganwa ryatangiye kuri iki cyumweru, tariki ya 23 Gashyantare 2025, ritangirira kuri BK Arena, bazenguruka ibice bimwe bigize umurwa wa Kigali bagaruka gusoreza ku marembo ya Stade Amahoro mbere yuko batangira kujya mu ntara z’igihugu. (…)
Abaforomo n’ababyaza barangije mu ishuri rikuru ry’ubuzima rya Ruli, basabwe kuzakorana umwete no kwitangira akazi kabo, bita ku bazaza babagana bakisanisha n’ ububabare baba bafite ndetse bakabarema agatima babaremamo icyizere cyo kubaho.
Ibi babisabwe ubwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Gashyantare 2025 kuri iyi Kaminuza iherereye mu murenge wa Ruli mu karere ka Gakenke hatangwaga impamyabumenyi y’icyiciro cya mbere cya Kaminuza ku bize ubuforomo n’ububyaza.
Ni ku nshuro ya munani (…)
Kuva Umutwe wa Twirwaneho w’Abanyamulenge watangaza ko wagize ibyago ugapfusha umurinzi wabo, ari nawe wari umuyobozi wawo, Gen Makanika mu gitero cya Drone yagabweho na FARDC iri kisangani, umutwe wa AFC/M23 watabarije aba bakongomani ko bakwiye kurindwa, ubwicanyi bubakorerwa bugahagarara.
Gen Makanika yari ayoboye Twirwaneho kuva mu 2020 yava mu gisirikare cya FARDC akajya kurinda benewabo bicwa amanywa n’ijoro n’imitwe yitwaje intwaro nka RED Tabara ifatanyije na FARDC. yari (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















