Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yasabye abahinzi n'aborozi ba Burera gushinganisha ibyo bakora
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yasabye abahinzi n’aborozi ba Burera gushinganisha ibyo bakora

Ubwo yatangizaga ku mugaragaro igihembwe cy’ihinga cya 2025 B kuri Site ya Rutuku iri mu Murenge wa Rusarabuye mu Karere ka Burera, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yibukije abahinzi gushinganisha ubuhinzi n’Ubworozi bwabo binyuze muri gahunda Leta yabashyiriyeho ya ’Nkunganire’.
Byagarutsweho kuri uyu wa Gatanu mu gikorwa cyabereye kuri Site ya Rutuku, mu Murenge wa Rusarabuye mu Karere ka Burera aho bateye ibirayi kuri hegitari 16 zubutaka.
Abaturage bitabiriye gutangiza (…)

424 Shares 4 Comments
Amavuriro yo mu Rwanda agiye guhabwa imiti mishya ya Malaria
Amavuriro yo mu Rwanda agiye guhabwa imiti mishya ya Malaria

kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko mu mezi abiri ari imbere hatangira gutangwa imiti mishya ya Malariya yunganira iyari isanzwe kubera ubwiyongere bw’iyi ndwara n’ubudahangarwa Malaria yakoze ku miti yatangwaga.
Ni nyuma Yuko ubushakashatsi bwakozwe na RBC bugaragaje ko muri Mutarama uyu mwaka hagaragaye abarwayi ba Malariya bagera ku bihumbi 83, muri bo abagera ku bihumbi 70 ni abo mu turere 15, ni mu gihe utuza imbere y’utundi ari Kicukiro na Gasabo.
Muri aba barwayi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Karongi: Bavuga ko bategetswe kwishyura inka batariye
Karongi: Bavuga ko bategetswe kwishyura inka batariye

Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Nyabikenye mu Kagari ka Kayenzi mu Murenge wa Bwishyura, ho mu Karere ka Karongi, bavuga ko bategetswe kwishyura inka yatanzwe muri gahunda ya Gira Inka, yari yarahawe uwitwa Higiro Dominique hanyuma ikaza kwibwa, ntibamenye irengero ryayo.
Nyuma y’inama yabaye ku wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025, igahuza inzego z’itandukanye z’ubuyobozi muri kano Karere ka Karongi hamwe n’abaturage b’umudugudu wa Nyabikenye. Hari abaturage bagaragaza ko muri (…)

424 Shares 4 Comments
U Burundi bwasubije AFC/M23 yabushinje gukora igitero cya Bukavu
U Burundi bwasubije AFC/M23 yabushinje gukora igitero cya Bukavu

Nyuma y’iminota mike ibisasu biturikiye mu mbuga y’ahaberaga inama ya AFC/M23 kuri Place de l’Independance mu Mujyi wa Bukavu, Perezida w’iri huriro Bertrand Bisimwa yahise atangaza ko mu iperereza ryihuse bakoze basanze ibisasu byaturikijwe byavuy eku ngabo z’u Burundi kuko biri mu bikoresho zikoresha mu burasirazuba bwa Congo.
Ibi bisasu byaturitse ejo kuwa Kane, tariki ya 27 Gashyantare 2025, bihitana abagera kuri 13 abantu nka 72 barakomereka.
Igisirikare cy’u Burundi cyicyumva (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ndikuriyo wa CNDD-FDD yagaragaye ahoberana na Perezida Ndayishimiye nyuma yo kuva mu bitaro
Ndikuriyo wa CNDD-FDD yagaragaye ahoberana na Perezida Ndayishimiye nyuma yo kuva mu bitaro

Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi bw’u Burundi, Révérien Ndikuriyo, yagaragara mu ruhame nyuma y’iminsi myinshi arembeye mu mahanga kugeza ubwo yaguye no muri koma.
Ajya kurwara, Ndikuriyo yafashwe n’uburwayi nyuma yo kwitabira Inteko Rusange y’ishyaka CCM muri Tanzania tariki ya 19 Mutarama 2025, yatorewemo Perezida Samia Suluhu Hassan nk’umukandida uzarihagararira mu matora.
Icyo gihe byavuzwe ko Ndikuriyo “wari muri coma”, yajyanywe kuvurirwa mu bitaro bya (…)

424 Shares 4 Comments
Inama ya M23 yaberaga Bukavu iturikiyemo ibisasu, AFC/M23 ibyegeka mu Burundi
Inama ya M23 yaberaga Bukavu iturikiyemo ibisasu, AFC/M23 ibyegeka mu Burundi

Inama y’ihuriro rya AFC/M23 yaberaga i Bukavu, muri Kivu y’Amajyepfo yumvikanyemo guturika kw’ibisasu biremereye abantu bamwe (8) bahasiga ubuzima abandi barakomereka.
Ni inama yari iyobowe na Corneil Nangaa, Umuhuzabikorwa wa AFC/M23 n’abandi bayobozi b’iri huriro kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Gashyantare 2025.
Ntabwo ibashije kurangira neza, nyuma yaho hatewe ibisasu mu baturage bari bitabiriye iyi nama. Nibura hari abaturage batari munsi ya 8 bimaze kumenyakana ko bahise bahasiga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Tshisekedi yategetse Guverineri wa Kivu y'Epfo kuba ategekera Uvira
Perezida Tshisekedi yategetse Guverineri wa Kivu y’Epfo kuba ategekera Uvira

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yategetse Guverineri w’intara ya Kivu y’Epfo, Jean-Jacques Purusi kuba ategekera intara mu Mujyi wa Uvira, mu gihe bakirwana no kwisubiza ibice by’igihugu byafashwe na M23 birimo na Bukavu yari irimo ikicaro cya Guverineri.
Ni icyemezo Guverineri Purusi yavuze ko cyaturutse mu biro bya Perezida w’iki gihugu Felix Tshisekedi.
Ku wa Kabiri nibwo Perezida Félix Tshisekedi yakiriye guverineri wa kivu y’Amajyepfo Purusi mu biro bye i Kinshasa, ni (…)

424 Shares 4 Comments
Wa musaza wigambaga kuzicana na mwarimu yemeye asaba imbabazi
Wa musaza wigambaga kuzicana na mwarimu yemeye asaba imbabazi

Nyuma y’inkuru twabagejejeho mu minsi ibiri ishize y’umusaza Kayitani Habumugisha utuye mu Mudugudu wa Rutingo, mu Kagari ka Mburamazi mu Murenge wa Murunda, mu Karere ka Rutsiro, wavugaga ko yanyazwe umurima we n’umwarimu akazinzikwa n’ubuyobozi ngo bubakiranure ndetse agahiga ko bashobora kuzicana, umuyobozi w’akarere yamusuye akemura ikibazo umusaza yemera ko yakosheje asaba n’imbabazi uwo yavugaga n’abanyarwanda.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro burangajwe imbere n’umuyobozi waka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Hadutse amatsinda y'ibimina yiswe “Jugumila “ ari gushyingirirwamo abana batarageza imyaka y'ubukure
Burera: Hadutse amatsinda y’ibimina yiswe “Jugumila “ ari gushyingirirwamo abana batarageza imyaka y’ubukure

Mu kagari ka Nyagahinga, mu murenge wa Cyanika ho mu karere ka Burera, hadutse amatsinda y’ibimina mashya yiswe "Jugumila" ari gukorerwa mu ngo z’abaturage hagashyingirirwamo n’abana batarageza imyaka y’ubukure, bakabana nk’umugore n’umugabo.
Abemeye kuganira na Mamaurwgasabo TV ubwo bageraga mu kagari ka Nyagahinga aho bibera, bavuze ko kugira ngo batange ubuhamya bw’ibi bintu, bavuze ko ibi birirori by’aya matsinda byiswe Jugumila, kugira ngo bibe Gitifu w’Akagari na Mudugudu babanza (…)

424 Shares 4 Comments
Uganda: Umugabo yitwikiye imbere y'inteko abapolisi barwana no kumuzimya
Uganda: Umugabo yitwikiye imbere y’inteko abapolisi barwana no kumuzimya

Umugabo witwa Benjamin Agaba yatunguye abarinzi bo ku Ngoro y’inteko ishinga amategeko ya Uganda yitwikira imbere yabo atangira kugurumana barana no kumuzimya atarahasiga ubuzima.
Igitangazamakuru cy’igihugu NTV cyanditse ko Agaba yabikoze bitewe nuko ishyaka arimo riri ku butegetsi rya NRM ko nta nkunga n’imwe yigeze abona iriturutsemo, (nk’umwe mu barifashije muri byinshi baziranyeho).
Afite kandi n’agahinda yatewe nuko umutungo we watwawe mu maherere n’umwe mu bashyigikiye NUP. Ibi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru