Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu babyeyi bo mu murenge wa Mukamira, mu karere ka Nyabihu baravuga ko hari bagenzi babo bahugira mu kunywa inzoga ndetse bagahora mu makimbirane ntibite ku bana babo bityo bakisanga mu mirire mibi irimo na bwaki.
Aba babyeyi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga mu murenge wa Mukamira, yumva hari abasaba ubuyobozi gushyiramo izindi imbaraga no kwigisha cyane kugira ngo ingwingira ry’abana ribashe kugabanuka muri aka karere.
Umwe muri aba byeyi witwa (…)
Bamwe mu bakozi bari kubaka isoko rya Gisenyi ry’akarere ka Rubavu bakoze igisa nk’imyigaragambyo kuko bamaze igihe badahembwa, bakibaza icyo ushinzwe kubahemba atekereza.
Aba bakozi bagaragazaga uburakari ahari kubakwa iri soko mu murenge wa Gisenyi, bavuze ko hari bagenzi babo bemeye gukomeza imirimo batari guhembwa, mu gihe bo abanze gukomeza akazi birengagijwe bakaba batarahembwa.
Umwe muri bano baturage witwa Byukusabe Obedi, yavuze ko kuba batarahembwa byatumye hari abanyeshuri (…)
Perezida Paul Kagame yashyizeho Minisiteri w’Uburezi mushya, usimbuye Twagirayezu Gaspard.
Ni impinduka zitangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe (Primature), aho Perezida Kagame yashyizeho abayobozi batatu mu nzego za Leta.
Itangazo rivuga ko Joseph Nsengimana yagizwe Minisitiri w’Uburezi, umwanya yasimbuyeho Twagirayezu Gaspard wari utaramara umwaka muri iyi Minisiteri.
Minisitiri w’Uburezi mushya
Twagirayezu Gaspard yahise agirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe idanzure, (…)
Mu murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu, hari umudugudu wa Kabyaza watujwemo abatishoboye banubakirwa isoko ariko ribura urikoreramo.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga muri uyu murenge wa Mukamira, bakavuga ko kuva ryubakwa barikoreyemo mu ntangiro baritashye ariko ngo risigaye ryarabaye nk’ubwiherero kuko usanga ryuzuyemo umwanda w’abantu.
Aba batishoboye iyo ubabajije igituma batarigana nakubwira ko babuze igishoro cyo kurangura ibicuruzwa (…)
Nyuma y’igihe kitari gito Umukuru w’igihugu atangaje ko hari Inama yagiriye abafite Siporo mu nshingano, uko bazahura umupira w’amaguru akagaruka kureba imikino nk’ibisanzwe, kuri uyu wa Kabiri yitabiriye umukino w’ikipe y’Igihugu Amavubi yakiriye iya Nigeria.
Abazi kubara imyaka neza basanga Perezida Kagame yari amaze imyaka umunani atarebera umupira w’amaguru w’amakipe y’imbere mu Gihugu kuri stade imbonankubone.
Yaherukaga kureba umukino uwo ari wo wose wa ruhago w’amakipe y’imbere mu (…)
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yangaje ko guverinoma y’u Rwanda yihaye gahunda ko ubukungu buzajya buzamuka ku kigero cya 9.3% buri mwaka kugira ngo intego Umukuru w’igihugu Paul Kagame yemereye abaturage bigerweho mu myaka 5 iri imbere, 2024-2029.
Yabanje kwibutsa ko iyi gahunda yubakiye ku byagezweho muri gahunda ya mbere y’imyaka 7 itambutse NST1, yatangiye 2017-2024.
Ati: "Nuko rero mubizi izi gahunda zombi zigamije gushyira mu bikorwa icyerekezo twihaye nk’igihugu aricyo (…)
Mu minsi ishize mu karere ka Rusizi bongeye kumvikana abantu biyise ’Abameni’ barangwa n’ibikorwa byo gutekereza umutwe no kwiba abantu hifashishijwe ikoranabuhanga bakabacucura utwabo nk’amafaranga.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, berekanye agatsiko k’abajura 45 biyita ‘Abameni’, bibaga bakoresheje ubushukanyi kuri telefoni.
Abafashwe bakoreraga mu turere dutandukanye tw’igihugu, aho bakoreshaga (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyabirasi mu karere ka Rutsiro bavuga ko kuva aho ikiraro gihuza utugari twa Busuku na Ngoma gicikiye, byadindije imigenderanire n’ubuhahirane binabasubiza inyuma.
Bavuga kandi ko hari ubwo abanyeshuri batajya ku ishuri mu bihe by’imvura, ababyeyi ntibabone uko bajya kwa muganga, ndetse n’abarwayi bagahekwa mu ngobyi gakondo kuko imodoka itapfa kugera ku bitaro.
Umwe muri bano baturage witwa Maniraguha Philomène agaragaza kino kibazo, agasaba Ubuyobozi (…)
Umuntu umwe utaramenyekana yinjiye ku butaka bw’u Rwanda mu masaha ya saa cyenda z’igitondo tariki 5 Nzeri 2024, ashaka kwiba inka mu Kagari ka Rusura, umudugudu wa Kageyo, mu isibo y’Icyerekezo asubizwayo ikubagahu.
Birakekwa ko yaba ari uwo mu ngabo za DRCONGO, FARDC cyangwa umutwe uzishamikiyeho wa Wazalendo.
Yinjiye ahagana ku isaha ya 03h12’ z’urukerera, mu Mudugudu wa kageyo, mu Kagari ka Rusura mu Murenge wa BusasamanaR muri Rubavu yinjiriye mu kibaya cya DRCONGO ahingukira mu (…)
Abakorera mu isoko rishya ry’ibiribwa ryo mu karere ka Musanze barataka igihombo baterwa no kuba hari bamwe banze kuva mu isoko ryo muri gare ya Musanze, aho bari bitijwe mu gihe bavugururwaga isoko rishya riherutse gutahwa ryuzuye ritwaye asaga miliyari 4 Frw.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga muri iri soko rishya rizwi nka Kariyeri bumvikanye basaba ubuyobozi bw’akarere ka Musanze ko bwakora ibishoboka byose abacuruzi bose bagahurizwa hamwe, bakabazana mu (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















