Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu bakorera mu isoko rizwi nka Nyirambundi riherereye mu murenge wa Muko w’Akarere ka Musanze barasaba ko bubakirwa isoko bakava ku mbuga bacururizaho kuko ibateza ibihombo biterwa no kunyagiza ibicuruzwa byabo.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo aho iri soko rikorera, mu Kagari ka Cyogo, mu Mudugudu wa Kabere, ricururizwamo ibintu bitandukanye birimo imyenda n’imyaka.
Nyirahabiyaremye Donathile, umwe mu bacuruzi baho yagize ati: "Dufite ikibazo (…)
Umujyi wa Rubavu, ukaba ari umwe mu yunganira umujyi wa Kigali, haracyagaragara imishinga yadidindiye, harimo inyubako zatangiye gusenywa mu mwaka 2008 kugira ngo hubakwe izi zisimbura zigezweho ariko kugeza magingo aya haracyarimo amatongo atarubakwa.
Bamwe mu basabwe gusenya inyubako zabo, bavuga ko ibikorwa byo gusenya inyubako zabo byakozwe bitizweho neza kuko inyubako zabo zasenywe ntihubakwa izindi zizisimbura bituma abari bafite icyo bahakura bakena, ndetse banyiri izi nyubako (…)
Umuturage w’umukecuru witwa Harerimana Ephigenie wo mu murenge wa Janja mu karere ka Gakenke avuga ko abana be babiri biyandikishijeho imitungo ye yose nyuma yo kumukorera igisa n’uburiganya bwo kumujyana ku murenge bakamusinyisha mu gitabo atazi ibyo asinyiye, abwirwa ko ari kuyishyira mu ikoranabuhanga.
Mu kiganiro yagiranye na Mamaurwagasabo.rw, uyu mukecuru utuye mu Kagari ka Hakindo, yavuze ko yahamagawe ku murenge ngo naze asinye kugira ngo ibyangombwa bye by’ubutaka yarafite kuva (…)
Perezida Kagame yashyizeho abasenateri bane mu bagera ku munani yemererwa n’itegeko nshinga muri Sena y’u Rwanda.
Ni abasenateri barimo Dr Usta Kayitesi wari umaze igihe ari Umukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Imiyoborere RGB na Solina Nyirahabimana waherukaga muri Guverinoma ari Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (Migeprof).
Uru rutonde rubanzirizwa n’usanzwe ayobora Sena y’u Rwanda ari we Dr François Xavier Kalinda.
1. Dr François Xavier Kalinda
2. Ms. Bibiane Gahamanyi (…)
Intumwa ya Perezida João Lourenço wa Angola, akaba Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’icyo gihugu yashyikirije Perezida Tshisekedi wa DRCongo ubutumwa bukubiyemo ibyavuye mu nama imaze iminsi ihuza ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na DRCONGO ku buryo bwo gukuraho umutwe w’iterabwoba wa FDLR no guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa Congo.
Perezida Lorenzo niwe uri guhuza u Rwanda na DRCongo mu biganiro bigamije gushaka amahoro mu karere, mu gihugu cye hakaba ariho hari (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Bigogwe w’Akarere ka Nyabihu bari mu mbibi z’ikigo cya Gisirikare baravuga ko batazigera basinyira amafaranga bita ay’intica-ntikize ku mitungo yabo izagendera ahagiye kwagurirwa iki kigo.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga mu murenge wa Bigogwe asanga bavuga ko umugenagaciro woherejwe kubabarira ingurane atarimo kubaha amafaranga ahwanye n’amasambu yabo.
Abagerageje kuganira na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko (…)
Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Mbugangali mu murenge wa Gisenyi, mu karere ka Rubavu, bavuga ko basigaye babuzwa gukoresha umuhanda kuko uba uri gukorewamo impushya zo gutwara ibinyabiziga.
Aba baturage ngo babangamirwa nuko wahinduwe ishuri ryigishirizwamo imodoko na moto, bigateza ibibazo kandi aha hantu hakunze kuba hari urujya n’uruza rw’abanyeshuri, dore ko hanegeranye n’ikigo cy’amashuri abanza.
Umwe muri bano baturage bakoresha uyu muhanda, witwa Kagame Alain nawe agaragaza (…)
Umuturage witwa Gatwegakomeye Amiele na bagenzi be batuye mu mudugudu wa Nyamweru, Akagari ka Gaseke Umurenge wa kabaya w’Akarere ka Ngororero baravuga ko bamaze imyaka 7 basiragira ku ngurane z’imitungo yabo yangijwe.
Ingurane aba muturage bishyuza ngo ni ibiti byabo batemye ubwo hakorwaga umuyoboro w’amashanyarazi, cyokoze ngo bagerageje kugana ubuyobozi bubima amatwi, kugeza nubwo bakomeje kugenda babatemera ibiti.
Gatwegakomeye avuga ko we ubwe ibiti yishyuriza amafaranga bigeze ku (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngororero by’umwihariko abakoresha ikiraro gihuza Imirenge ya kageyo na Ngororero baravuga ko iki kiraro kiri mu marembera bitewe nuko kiri hafi kuzatwarwa n’amazi.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa kageyo ndetse na Ngororero aho bifuza ko ubuyobozi bwagisana hakiri kare ngo kuko nikiramuka kigiye ubuhahirane buzahagarara.
Munyaneza Patrick ni umwe mu baturage twaganiye yagize ati: "Iki kiraro mu (…)
Gahunda yo gusura ibigo by’amashuri bitandukanye byigenga no gufunga ibitujuje ibisabwa mu karere ka Rubavu iri gusiga ibigo bimwe bifunze imiryango.
Ni gahunda iri gukorwa n’Ikigo cy’igihugu Gishinzwe Ibizamini bya Leta n’Ubugenzuzi bw’Amashuri mu Rwanda, NESA, ku bufatanye n’akarere ka Rubavu.
Usibye iri genzura kandi hari n’ibigo byamaze gufungwa, nkaho mu murenge wa Nyakiliba ku cyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bw’uyu murenge hafunzwe ibigo byirenga icumi, ku mpamvu bwatanze ko bitari (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















