Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Ikigo cy’igihugu cy’Uburezi, REB, cyatangije ku mugaragaro gahunda yo kuzamura impano z’abana hashingiwe ku bushobozi karemano n’impano buri mwana yifitemo, Education and Career Pathways in Rwanda."
Ni gahunda yatangijwe kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 05 Kamena 2024, ubwo Urwunge rw’Amashuri rwa Camp Kigali rwatangizaga umunsi wo kugaragaza impano z’abana "Career dress up day", aho abana kuva mu mashuri y’incuke, abanza, ayisumbuye n’imyuga bagaragazaga icyo bifuza kuzaba cyo mu burezi bari (…)
Bamwe mu babyeyi bo mu murenge wa Cyanika Akarere ka Burera baravuga ko ubusinzi no kutumvikana mu miryango aribyo ntandaro mu kudindiza imikurire myiza y’umwana.
Babitangaje ubwo babazwaga n’umunyamakuru ipfundo nyirizina rituma akarere ka Burera gakomeza kuza mu turere tw’imbere mu kugira abana bagwingiye.
Imibare y’ubushakashatsi yakozwe muri 2020 igaragaza ko 41,6 % by’abana bari mu mirire mibi muri aka karere.
Umwe mu babyeyi witwa Batamuriza Aliance utuye mu murenge wa Cyanika (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga (PhD) y’icyubahiro na Kaminuza ya Yonsei yo muri Korea y’Epfo, mu Ishami ry’Imiyoborere rusange (Public policy and Management).
Ni impamyabumenyi Perezida Kagame yahawe kuri uyu wa Gatatu, ubwo yari muri Korea y’Epfo, aho yagiye mu nama ihuza umugabane w’Afurika na Koreya y’Epfo.
Yonsei University ni kaminuza ikomeye cyane kuko ari imwe muri eshatu zikomeye muri iki gihugu kimaze gutera imbere mu bukungu (…)
Nyuma yaho mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro huzuye inyubako z’amashuri abanza ya Gihango abaturage baravuga ko hasigaye impungenge zikomeye, zigendanye nuko umuhanda uhagera wangiritse ku buryo bitorohera abana kimwe n’abakoresha ibinyabiziga.
Dusengimana Eduard, umuyobozi w’iki kigo nawe yabwiye Mamaurwagasabo ko iki kibazo cy’uyu muhanda mubi gituma harubwo hari abantu batinya kugana iki kigo.
Yagize ati: "Hari abantu batinya kugera hano, kubera ikibazo cy’umuhanda, nubu (…)
Umusore w’imyaka 24 y’amavuko yanizwe n’inyama iramuhitana.
Yari inyama itogosheje yari iri ku ifunguro yari yatse muri Resitora yo mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu mu ntara y’Iburengerazuba.
Uyu musore witwa Etiene, yahuye n’uruva gusenya ubwo yajyaga mu nzu icuruza amafunguro iherereye mu Kagari ka Bukinanyana mu Murenge wa Jenda.
Mu mafunguro yari yahawe, hari harimo n’inyama itogosheje, ari na yo yamwivuganye nyuma yo kumuniga, ntirenge mu muhogo, ikaza kumuheza umwuka, (…)
Bamwe mu batuye mu mirenge ya Rwaza na Nkotsi yo mu karere ka Musanze baribaza impamvu bagicana ututodowa kandi begeranye n’ingomero ebyiri z’amashanyarazi za mukungwa ya Kabiri n’iya Gatatu.
Abo ni abo Kagari ka Bumara mu murenge wa Rwaza n’abo mu Kagari ka Songa mu murenge wa Nkotsi muri Musanze.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iyi mirenge iherereye mu nkengero z’umujyi wa Musanze, aho basaba ko ubuyobozi bwabatekerezaho nabo bakava mu (…)
Abanyarwanda 350 baturutse mu gihugu hose bari mu byiciro bitandukanye basoje amahugurwa bari bamazemo iminsi 4 mu kigo cy’Ubutore giherereye i Nkumba mu karere ka Burera bahabwa umukoro wo kuzahura itorero ryo ku mudugudu ryasinziriye.
Aya mahugurwa yitabiriwe n’Abarinzi b’Igihango, Abashinzwe uburezi mu turere twose tw’Igihugu, ba Mutima w’Urugo, urubyiruko n’abandi bantu batandukanye.
Mudenge Boniface wo mu karere ka Rubavu n’umwe mu barinzi b’igihango bitabiriye aya mahugurwa yavuze (…)
Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Murambi, mu murenge wa Musasa, mu karere ka Rutsiro, binubira bamwe mu bakozi b’ikigo cy’igihugu mu Rwanda, gishinzwe ingufu, kuba babaka ikiguzi, kugirango babahe mubazi z’amashanyarazi (Cash Powers) zo gukoresha, kandi ubundi bakagombye kuzihabwa nta kiguzi batswe.
Nkuko babitangarije ikinyamakuru Mamaurwagasabo, umwe muri bo tutashatse kuvuga amazi yatwemereye ko kugirango baguhe mubazi y’amashanyarazi baca nibura amafaranga ibihumbi cumi n’abitanu (…)
Bamwe mu bakuru b’Imidugudu bo mu karere ka Gakenke baravuga ko bakigorwa no gutangira amakuru ku gihe ngo bitewe no kutagira telefone zigezweho zizwi nka smartphone.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga mu karere ka Gakenke aho basaba inzego nkuru za Leta kubatekerezaho ngo nabo bakajyana n’iterambere Igihugu kirimo.
Umwe muri bo witwa Mukamwezi wo mu Mudugudu wa Gikoro avuga ko aramutse abonye telefone ya smartphone akazi karushaho kugenda neza.
Yagize (…)
Muri kaminuza ya CAVM i Busogo mu karere ka Musanze hatoraguwe uruhinja mu musarane rwapfuye.
Aya makuru yamenyekanye ahagana saa sita z’ijoro tariki ya 30 Gicurasi 2024 ko muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Busogo CAVM.
Uru ruhinja rwari ruri hagati y’amezi 8-9, ukekwa ko ariwe wakoze ibi yahise ajyanwa kuri RIB.
Ibi byabonywe n’abakozi bakora isuku (cleaners) babonye uru ruhinja nabo bihutiye guhita batabaza ubuyobozi kugira baze barebe icyabaye.
Umuvugizi wa Polisi y’u (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















