Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Rubavu: Solektra yaremeye aba-Agenti bayo bagizweho ingaruka n'ibiza
Rubavu: Solektra yaremeye aba-Agenti bayo bagizweho ingaruka n’ibiza

Aba-Agenti babiri bakorana na sosiyete ya Solektra ikora serivisi zitandukanye zirimo n’irembo baremewe nyuma yo guhura n’ibiza byibasiye akarere ka Rubavu umwaka ushyize wa 2023 bigahitana ubuzima bw’abarenga 130 ijoro rimwe.
Nyuma yo guhabwa Anvelope (ibahasha) irimo ubufasha bungana n’imifuka icumi ya sima, kuri buri muntu mu rwego rwo kugira ngo bongere biyubake bashimiye iyi sosiyete yabaremeye ndetse bashima n’imiyoborere myiza y’Igihugu irangajwe imbere na Nyakubahwa Perezida wa (…)

424 Shares 4 Comments
Rishi Sunak yashyizeho impamvu imwe izatuma indege y'abimukira ihaguruka yerekeza mu Rwanda
Rishi Sunak yashyizeho impamvu imwe izatuma indege y’abimukira ihaguruka yerekeza mu Rwanda

Nyuma yuko ibyaburaga byose haba mu mategeko no mu bushobozi bibonetse, kuri ubu noneho Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Rishi Sunak yatangaje ko indege ya mbere izahaguruka ari uko yongeye gutorerwa kuguma ku mwanya ariho.
Amatora mu bagize Guverinoma y’Ubwongereza ateganyijwe muri Nyakanga (7) 2024, akaba ariyo Sunak yitezeho ko ishyaka rye rizongera kuyatsinda rikaba ryamugarura ku butegetsi gahunda ikabona gushyirwa mu bikorwa.
Gahunda yo kohereza abimukira ishingiye ku masezerano (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gasabo: Ababyeyi Baracyekwaho kujugunya umwana wabo mu musarane
Gasabo: Ababyeyi Baracyekwaho kujugunya umwana wabo mu musarane

Mu Murenge wa Rutunga mu Kagari ka Kibenga ho mu karere ka Gasabo hari ababyeyi baraye batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana wabo bataye mu bwiherero.
Biravugwa ko aba babyeyi wafata nk’ababyeyi gito, bataye umwana wabo mu bwiherero ngo bazibanganye ibimenyetso by’icyaha bari bamaze gukora bazavuge ko bamubuze.
Abagenzacyaha babataye muri yombi mu rwego rwo gukora iperereza kubera ibyo bakekwaho.
BTN yavuze ko mu gihe gito gishize, umugabo witwa Ngendahimana (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Abacururiza muri Boutique bavangira abo mu isoko rusange
Rutsiro: Abacururiza muri Boutique bavangira abo mu isoko rusange

Bamwe mu bagore bacururiza imboga n’ imbuto mu isanteri ya Congo-Nil, murenge wa Gihango, mu karere ka Rutsiro, bagaragaza ko babangamiwe n’abagenzi babo bazicururiza muri za butike, bazivanga n’ibindi bicuruzwa bigatuma abo mu isoko babura abakiriya.
Nyirabatware Verediyana ni umwe muri bo babangamiwe n’imikorere nk’iyo, asanga iki kibazo kibabangamye bigatuma iri soko bakoreramo ribura abakiriya, agasaba ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro kugikemura.
Ati: "Ikintu akarere kadufasha nuko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Amazi ava mu birunga akomeje kuraza abaturage rwantambi
Nyabihu: Amazi ava mu birunga akomeje kuraza abaturage rwantambi

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu baravuga ko amazi aturuka muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga arimo kububikira nijoro akaruhukira mu ngo zabo, ibintu bishobora no kugira ingaruka ku mibereho y’abaturage birimo no kuhatakariza ubuzima.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu kagari ka Kanyove muri uyu murenge wa Mukamira aho yasanze amazi yigeze mu ngo z’abaturage andi agasandara mu mirima.
Umwe muri aba baturage, (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Polisi yarashe SEDO itanga impamvu
Rubavu: Polisi yarashe SEDO itanga impamvu

Umupolisi yarashe umuyobozi w’akagari ushinzwe iterambere ry’abaturage mu Kagari ka Murambi mu murenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu, avuga ko yamwitiranyije n’umugizi wa nabi.
Byabaye mu ijoro ryakeye, ubwo uyu SEDO w’akagari yari kumwe n’uhagarariye inkeragutabara mu murenge bari kuri Moto, bagatangirwa n’abagizi ba nabi bagatabaza.
Polisi ubwo yahageraga yamwibeshyeho imurasa akaguru.
Umunyakuru wa mamaurwagasabo yagerageje kuvugana n’uhagarariye Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ababyeyi barerera muri wisdom schools bishimiye urwego abana bagezeho mu kubaka Robo
Ababyeyi barerera muri wisdom schools bishimiye urwego abana bagezeho mu kubaka Robo

Ababyeyi barerera mu ishuri mpuzamahanga rya Wisdom Schools barashima urwego abana babo bagezeho mu kubaka imashini zikoresha zizwi nka "robo", bakoresheje ubuhanga (building robots/ Maths and robotics)
Babitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2024 ubwo abana bamurikiraga ababyeyi babo urwego bamaze kugera muri iyi porogaramu nshya iri shuri ryatangije ndetse ngo biteze umusaruro ufatika bitewe n’umuhate babona abana bafite mu gukoresha izo robo.
Ku ruhande rw’abana (…)

424 Shares 4 Comments
Abaturage muri Gakenke na Nyabihu barabona ubuyobozi bwarabimye amatwi
Abaturage muri Gakenke na Nyabihu barabona ubuyobozi bwarabimye amatwi

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu na Gakenke baravuga ko kuva aho ikiraro cya "Ngoga’ cyangirikiye bikomeje kubangamira ubuhahirane kubera ko bigoye kwambuka n’amaguru umugezi wa Mukungwa, ibintu bishobora gutwara ubuzima bwabo mu mwanya nk’uwo guhumbya.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu mirenge ya Rugera na shyira ndetse na Rusasa muri Gakenke ahahoze ikiraro cy’ibiti cyo mu Cyangoga, kuri ubu kikaba cyaratwawe n’amazi nticyogera gusanwa. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro: Bamaze umwaka umurenge nta muyobozi ugira
Rutsiro: Bamaze umwaka umurenge nta muyobozi ugira

Nyuma yaho mu mwaka ushize, mu kwezi kwa Werurwe, uwari Gitifu w’umurenge wa Musasa Uwamariya Clemence arwaye bikomeye, ntashobore gukomeza ishingano ze nk’umuyobozi, kuva icyo gihe uyu murenge nta Gitifu utari uwagateganyo ufite.
Kuba uyu murenge udafite Gitifu utari uwagateganyo cyangwa se w’umusigire, hari serivisi zimwe atabasha guha abaturage nko gushyingira, aho uyu muhango hajya hitabazwa Gitifu w’umurenge wa Mushonji.
Kuba amaze igihe kirenga umwaka, atabasha gukomeza ishingano, (…)

424 Shares 4 Comments
Paul Kagame yatanze ibyangombwa ku mwanya wa Perezida wa Repubulika
Paul Kagame yatanze ibyangombwa ku mwanya wa Perezida wa Repubulika

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2024, Perezida Kagame yashyikirije Komisiyo y’igihugu y’Amatora, NEC, Kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu ahagarariye Umuryango wa FPR Inkotanyi.
Akihera ku cyicaro gikuru cya NEC i Kigali mu Kiyovu, Kandi da Perezida PAUL KAGAME yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Hon. Oda Gasinzigwa.
Perezida Kagame yari aherekejwe na Madamu Jeannette Kagame hamwe n’Umunyamabanga Mukuru wa FPR Inkotanyi, Gasamagera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru