Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu bahinzi b’ikawa bo mu mudugu wa Bunnyari, mu kagari ka Murambi, mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro barinubira ibiciro bihindagurika bya kawa, bakavuga ko abazibagurira bahindura ibiciro byazo uko bashatse kandi mu buryo budasonutse.
Umwe muri aba bahinzi, witwa Ndagijimana Innocent, utuye muri uyu mudugu nawe avuga ko iki kibazo gihari, ndetse akagaragaza ko byabashyize mu rujijo kuko batazi icyibitera.
Ati: "Guhinduranya ibiciro bagashyira kuri 800, bakongera bakagabanya (…)
Abarimu bigisha ku kigo cy’amashuri abanza cya Gihorwe mu murenge wa Kabatwa, mu karere ka Nyabihu baravuga ko bakigorwa no kubona icyumba bahurirano nk’abarimu kugira ngo bategure amasomo.
Aba barimu babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iki kigo basaba ko bakubakirwa byibuze icyumba guteguriramo amasomo.
Bavuga ko iyo bashaka gutegura amasomo cyangwa gukora inama bimura abana mu ishuri rimwe bitewe nuko badafite icyumba cyabo.
Tuyisenge Aurore ni umwarimu (…)
Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsio ibyo Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarushinje ko ari rwo rwateye ibisasu ku Nkambi ya Mugunga iri hafi n’Umujyi wa Goma kuri kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DRCongo, ivuga ko ntacyo bishingiyeho.
Ku wa Gatanu tariki 03 Gicurasi nibwo mu Nkambi ya Mugunga hatewe ibisasu bihitana abantu barenga batanu. Umutwe wa M23 washinje Leta ya Congo kuba inyuma y’iki gitero, Leya ya Congo nayo ihita ibyegeka ku rwanda, cyane ko ivuga ko (…)
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 23 yapfuye urupfu bikekwa ko yiyahuye bitewe n’umukobwa wamubenze.
Ni umusore uri mu kigero cy’imyaka 23 na 25, wakoreraga mu murenge wa Bugarama, nkuko abo muri uwo murenge babitangarije ikinyamakuru mamaurwagasabo.
Uwitwa Raissa wari usanzwe azi nyakwigendera yagize ati: "Njye uyu musore twahuriye mu bukwe turifotozanya gusa uko namubonaga nabonaga atakwiyahura kubera umukobwa, gusa abantu bavuga ko umukobwa (usanzwe akora akazi ko gusuka) yamwanze maze (…)
Bamwe mu bahinzi b’ibibigori mu Mirenge itandukanye, irimo Mugunga na Janja yo mu karere ka Gakenke baravuga ko icyonnyi cya nkongwa cyongeye kwibasira igihingwa cy’ibigori bakaba basaba ko batabarwa n’inzego z’ubuhinzi.
Aba bahinzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Mugunga na Jana, assanga bavuga ko ubushobozi bwabo mu kurwanya iyi nkongwa bwarangiye, bagasaba ikigo cy’Ubuhinzi RAB ko cyakurikirana iki kibazo mu magaru mashya kuko bikomeje uko biri (…)
Abantu batatu bapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira ku wa Kabiri, babiri muri bo bagwiriwe n’inzu undi akubitwa n’inkuba.
Ni bimwe mu bituruka ku mvura iri kugwa mu bice bitandukanye mu Rwanda uhereye muri uku kwezi gushize, kwa Mata ndetse bikaba biteganyijwe ko izakomeza muri uku kwa Gucurasi, by’umwihariko mu karere ka Rutsiro, gakunze kwibasirwa n’inkuba n’ibindi biza.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Mushonyi, Ntihinyuka Janvier uyobora umurenge wa Mushonyi, aho (…)
Bisabwe na Guverinoma ya DRC, Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kemeje ko MONUSCO ifunga ibikorwa byayo mu buryo bwa Burundu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo kuri uyu wa kabiri, 30 Mata 2024.
Ni nyuma y’uko n’ubundi MONUSCO yatangiye kugabanya ibikorwa byayo muri Kivu y’Amajyepfo muri Mutarama 2024 ndetse ingabo zayo zimwe zikaba zarazinze utwangushye.
Si rimwe, si kabiri Abaturage b’Abakongomani na bamwe mu banyapolitiki bibaza icyo MONUSCO imaze ku butaka bwabo, (…)
Byasaga naho kugerwaho bizakomeza kugorana ukurikije ibihato byagaragaye muri Gahunda Ubwongereza bwasinyanye n’u Rwanda yo kurwoherereza abimukira n’abasaba ubuhungiro mu Bwongereza ariko uwa mbere wo ku mugabane w’Afurika yabimburiye abandi barebwa n’ayo masezerano.
Gahunda y’ubwongereza n’u Rwanda ni uko abageze ku butaka bw’Ubwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko mbere yo kwiga ku kibagenza bazajya boherezwa mu Rwanda aho bazajya basuzumirwa dosiye zabo bakabona kwemererwa (…)
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bo mu karere ka Musanze bashengurwa n’imibiri y’abiciwe mu bitaro bya Ruhengeri kugeza ubu itaraboneka ngo ishyingurwe mu cyubahiro.
Babivuze ubwo Abakozi b’ibitaro bya Ruhengeri bari mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , hibhkwa abahoze ari abakozi b’ibi bitaro, abarwayi n’abarwaza bishwe ariko kugeza uyu munsi ababishe bakaba baratsimbaraye mu gutanga amakuru y’ahantu hari imibiri yabo.
Umwe mu (…)
Bamwe mu bahoze mu mashyamba ya DRCongo mu mitwe yitwaje intwaro ahanini ifite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda bavuga ko babeshywaga ko ugeze mu Rwanda bamwica bityo bamwe akaba ariyo mpamvu banga gutaha mu rwababyaye.
Babibwiye itangazamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Mata 2024 ubwo hasozwaga icyiciro cya 71 cy’abasezerewe i Mutobo, mu karere ka Musanze, bahoze mu mitwe yitwaje intwaro mu mashyamba ya DRCongo, aho benshi biberaga mu mutwe wa FDLR urimo abakoze Jenoside (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















