Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Ubwo hasozwaga icyiciro cya 3 cy’ amahugurwa y’urubyiruko yiswe "Irerero ry’umuryango wa RPF Inkotanyi mu karere ka Musanze, urubyiruko rwavuze ko bagiye kubyaza umusaruro imbaraga n’amahirwe bahawe bubaka ejo hazaza baganisha ku iterambere rirabye.
Icyiciro cya 3 cyasojwe kuri iki cyumweru, tariki ya 19 Werurwe 2023 cyitabiriwe n’abasaga 600 baturutse mu mirenge 15 igize akarere ka Musanze muribo 45 nibo bari bahagarariye abandi mu mirenge yose. (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe mu gihugu hagenda hagaragara umubare munini w’abakobwa babyariye iwabo bahutazwa abandi bagahohoterwa mu buryo butandukanye, ubuyobozi bw’intara y’Amajyaruguru bwaasabwe guhangana n’icyo kibazo.
Babisabwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Iyubahirizwa ry’Ihame ry’uburinganire mu nzego za Leta, Rose RWABUHIHI ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe uburinganire n’ubwuzuzanye (Gad).
Iyo usuye uduce dutandukanye tw’igihugu ahagaragara umubare munini w’abakobwa (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere umuntu umwe yarasiwe mu myigaragambyo irimo kuba, abo bari kumwe batangaza ko polisi yamwibeshyehi kuko atari umwe mu bigaragambya.
Iyi ni imyigaragambyo ikomeye yatumijwe na Kandida Perezida Raila Odinga ku mpamvu yavuze ko ari izo kwerekana ko barambiwe izamuka ry’ibiciro n’ubuzima buhenze ku banya-Kenya, ndetse n’uburiganya avuga ko bwakozwe mu matora yagejeje Perezida William Ruto Samouel ku butegetsi.
Uyu warashwe yarasiwe ahari kubera imyigaragambyo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Urubyiruko rusaga ibihumbi bine (4904) rwo mu karere ka Rulindo rwo mu rugaga rw’Umuryango muryango FPR Inkotanyi basabwe kuba bandebereho mu mico no mu myifatire.
Babisabwe kuri iki cyumweru taliki ya 19 Werurwe 2023 ubwo basozwaga amahugurwa bamazemo amezi 3 bigishwa amahame ngengamyitwarire, indagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda yateguwe n’intara y’Amajyaruguru.
Abitabiriye aya mahugurwa bavuga ko mubyo bigishijwe muri ayo mezi bagiye (…)
Bitunguranye Perezida W’Uburusiya Vladimir Putin yagaragaye mu Mujyi wa Mariupol wo muri Ukraine, umwe mu Migi imaze kwigarurirwa n’ingabo ze kuva zatangira gusenya Ukraine.
Ibitangazamakuru bya Leta mu Burusiya byatangaje ko Perezida, Vladimir Putin yasuye atunguranye umujyi wa Mariupol wo muri Ukraine, washegeshwe n’intambara ariko ugwa mu maboko y’ingabo ze.
Amashusho agaragaza Perezida Putin atwaye imodoka mu muhanda, ndetse aganira n’abaturage.
BBC ivuga ko hataramenyekana igihe (…)
Ku wa Kane nibwo uwitwa Mutesi Scovia Tv yakoze ikiganiro cy’ibitekerezo bye yibaza icyabaye nyuma yo kubona ibikubiye mu ibaruwa itomoye abafite imodoka zitwara abagenzi mu Rwanda bandikiye Minisitiri w’Intebe bamumenyesha ko bategereje uruhare Leta yemeye rw’inyunganizi mu giciro cy’umugenzi bakarubura, bakanzura ko ubushobozi bwabo burangiye.
Nyuma yo kugerwaho n’ubwo butumwa, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yasobanuye ko nubwo habayeho ubukererwe mu kwishyura (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Madamu Jeanette Kagame n’umugore wa Perezida wa FIFA, Leena Infantino, basuye ishuri ryigisha abana umupira w’amaguru ryashinzwe na Jimmy Mulisa ryitwa "Umuri Foundation".
Ni igikorwa cyahuriranye no kuba mu Rwanda harimo kubera Inteko Rusange ya 73 ya FIFA aho yitabiriwe n’ibihangage bikomeye ku Isi muri ruhago ndetse yamaze no kwemeza ko uyu Infantino ariwe ugomba gukomeza kuyiyobora kugeza muri 2027.
Jimmy Mulisa washinze Umuri Foundation avuga (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Bamwe mu bakorera mu isoko ry’ibiribwa rya Kariyeri riherereye mu karere ka Musanze bavuga ko nubwo barimo kwitegura kwimurwa bajyanwa aho isoko rigiye kwimurirwa,ariko batewe impungenge n’imisoro iri hejuru ikaba igiye gutuma bamwe gusubira ku isuka kandi bari bitunze ndetse n’imiryango yabo.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yaganiraga n’aba bacuruzi bakorera muri iryo soko, bagarutse kuri byinshi bibateye inkeke aho bavuga ko nubwo barimo gushaka (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku gicamusi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 15 Werurwe 2023 nibwo Perezida w’u Rwanda Paul Kagame n’umuyobozi w’ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) Gianni Infantino bafunguye Kigali Pelé Stadium yahoze yitwa Stade Regional de Kigali iherereye i Nyamirambo.
Ni umuhango wabaye habura amasaha make kugira ngo u Rwanda rwakire Kongere ya 73 igiye kubera mu Rwanda guhera tariki ya 16 Werurwe 2023.
Kigali Pele Stadium bayifunguye nyuma y’uko bari (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Burera batangaje ko bifuza gusanirwa umuhanda Gahunga-Gitovu ugana ku karere ka Burera bikaborohera kugeza umusaruro ku isoko, bikorohera na bamukerarugendo bajya ku kiyaga cya Twin-lakes.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Gitovu anyuze muri uwo muhanda utoroheye abagenzi cyane muri ibi bihe by’imvura.
Umwe muri aba baturage witwa Mukanoheli Olive, yavuze ko uyu muhanda ukozwe (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















