Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Ngororero: Hoteli yatwaye arega miliyoni 730 ubu ntacyo ikoreshwa
Ngororero: Hoteli yatwaye arega miliyoni 730 ubu ntacyo ikoreshwa

Ynditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Ngororero bakomeje kwibaza impamvu Hoteli yubakishijwe miliyoni 730 yamezemo ibyatsi mu gihe bari babwiwe ko izatahwa muri 2017 none imyaka 6 ikaba yirihiritse ntacyo ikoreshwa.
Ni Hoteli yubatse ku gasozi kitwa "Umukore wa Rwabugiri", kabumbatiye amateka y’Umwami Rwabugiri ndetse ninaho ku Ngoro ye yakiriyemo Umudage Von Götzen. Kuri ubu iyo uhageze usanga inyubako nziza ariko zimeze nk’amatongo zamezemo ibyatsi ari zo Hoteli (…)

424 Shares 4 Comments
Aba-Ofisiye 24 batangiye amahugurwa azabafasha mu butumwa bw'amahoro
Aba-Ofisiye 24 batangiye amahugurwa azabafasha mu butumwa bw’amahoro

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ba-Ofisiye 24 mu ngabo z’u Rwanda batangiye amahugurwa mu Kigo cy’amahoro i Musanze agiye kubongerera ubundi bumenyi bazajyana mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye.
Ni amahugurwa yatangiye kuri uyu wa mbere, tariki ya 13 Werurwe 2022, yiswe UNSOC yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy) ifatanyije n’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ndetse n’Igihugu cy’Ubwongereza binyuze mu kigo cy’Ingabo gifasha afurika na British Support (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Kuvuguruzanya hagati ya Gitifu na Meya bikomeje gushyira umuturage mu gihombo
Musanze: Kuvuguruzanya hagati ya Gitifu na Meya bikomeje gushyira umuturage mu gihombo

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuturage witwa Nyirurugo Jean de Dieu wo mu karere ka Musanze, umurenge wa Shingiro, arasaba kurenganurwa nyuma yaho Gitifu w’umurenge wa Shingiro amusenyeye inzu.
Mu kiganiro uyu muturage yagiranye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo, yavuze ko inzu ye yasenywe nanubu akaba akomeje kwimwa uburengazira bwo kubaka mu isambu ye igenewe guturwamo, mu gihe Gitifu w’umurenge avuga ko aho hantu hagenewe amashyamba.
Ati: "Mfite icyangombwa cy’ubutaka (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Imiryango isaga 4000 yabanaga mu burya butemewe n' amategeko yasezeranye
Amajyaruguru: Imiryango isaga 4000 yabanaga mu burya butemewe n’ amategeko yasezeranye

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, imiryango isaga 4000 yo mu Ntara y’Amajyaruguru yasezeranye kubana byemewe n’amategeko.
Muri yo harimo imiryango 211 yo mu murenge wa Kinigi, mu karere ka Musanze yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko, nyuma yo kwigishwa yasezeranye hagamijwe kubaka umuryango utekanye.
Ubwo Mamaurwagasabo yaganiraga na bamwe mu bagabo n’abagore basezeranye, bavuga ko ubu bagiye kubasha guharanira iterambere ry’umuryango (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Barinubira akarengane bakomeje gukorerwa na bamwe mu bayobozi
Musanze: Barinubira akarengane bakomeje gukorerwa na bamwe mu bayobozi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, Umurenge wa Shingiro Akagari ka Gakingo mu mudugudu wa Burengo baravuga ko hari abayobozi bo mu nzego z’ibanze bakomeje kubarenganya bababuza kubaka mu bibanza biri mu isambu zabo.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga muri uyu murenge wa Shingiro abatuye mu mudugudu wa Burengo bamubwiye ko bifuza ko barenganurwa kuri ibi bikorwa bise ibyo gukandamizwa mu iterambere.
Umwe muri aba baturage witwa (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Nyuma yo kuba abanyuma mu mihigo Minisitiri w'ubutegetsi bw'Igihugu hari icyo yabasabye
Amajyaruguru: Nyuma yo kuba abanyuma mu mihigo Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu hari icyo yabasabye

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu nama yateguwe n’Intara y’Amajyaruguru yagarutse ku mihigo y’iyi ntara n’iy’uturere tuyigize ndetse barebeye hamwe imbogamizi bahuye nazo mu mihigo ya 2021/2022, n’uko imihigo ya 2022/2023 ihagaze n’ingamba zikwiye gufatwa mu kwesa imihigo y’uyu mwaka.
Iyi nama kandi yari yatumiwemo Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu, abaperezida b’inama njyanama z’uturere, abagize komite nyobozi z’uturere, inzego z’umutekano, abafatanyabikorwa n’abakozi b’uturere, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Abana bagorwa no kujya ku ishuri kubera ikiraro cyacitse ntigisanwe
Rubavu: Abana bagorwa no kujya ku ishuri kubera ikiraro cyacitse ntigisanwe

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ababyeyi bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Kanama barasaba ko ikiraro cyahuzaga utugari twa Nkomane na Karambo cyasanwa abana bakajya babona uko bajya ku ishuri batagowe no kubanza gukambakamba mu manga yacyo.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho iki kiraro cyahoze muri uyu murenge wa Kanama, bagasaba ko cyasanwa vuba bikajya byorohereza abana kwambuka bagiye ku ishuri.
Umwe muri aba baturage witwa Ishimwe Eric yagize (…)

424 Shares 4 Comments
Abarenga 400 bagiye guhurira i Kigali mu nama Mpuzamahanga yiswe ASFM23
Abarenga 400 bagiye guhurira i Kigali mu nama Mpuzamahanga yiswe ASFM23

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya mbere u Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahangaku yiswe (ASFM23) izitabirwa n’inzobere mu gutanga serivisi z’ibimenyetso bya gihanga bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga byifashshwa mu butabera.
Byatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Werurwe 2023, ubwo Umuyobozi mukuru wa Laboratwari y’Igihugu y’ibimenyetso bya gihanga bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga byifashshwa mu butabera, Dr Karangwa Charles yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru aho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w'Ubuhinzi n'ubworozi
Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Ubuhinzi n’ubworozi

Perezida Kagame yagize Dr. Musafiri Ildephonse Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi asimbuye Dr. Mukeshimana Geraldine wari umaze imyaka 8 kuri uwo mwanya.
Dr Musafiri, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mushya yari asanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi guhera muri Kanama 2022.
Mbere yaho yari Dr Ildephonse Musafiri yari asanzwe ari umuyobozi w’akanama gashinzwe ingamba na politiki za leta mu biro bya Perezida.
Ni umwe mu bagize inama y’ubutegetsi ya Banki (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yamuhurije abakeka ko Congo yatera u Rwanda
Perezida Kagame yamuhurije abakeka ko Congo yatera u Rwanda

Mu kiganiro n’Abanyamakuru, kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yasubije abibaza niba Congo itazashyira igashoza intambara yeruye ku Rwanda.
Ababyibwira, kimwe na Kakooza Nkuriza Charles, uzwi mu itangazamakuru nka KNC, babihera ku magambo y’abasirikare ba Congo bajya bumvikana bavuga ko biteguye gutera u Rwanda mu mugambwi wo kurwoneka kuri Congo tukaba intara ya 8 yindi yarwo.
Yababije agira ati: "Umubaga Mukuru wungirije w’ingabo za Congo, Gen Chiwewe Chiko yitangarije yuko amaze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru