Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Ynditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Ngororero bakomeje kwibaza impamvu Hoteli yubakishijwe miliyoni 730 yamezemo ibyatsi mu gihe bari babwiwe ko izatahwa muri 2017 none imyaka 6 ikaba yirihiritse ntacyo ikoreshwa.
Ni Hoteli yubatse ku gasozi kitwa "Umukore wa Rwabugiri", kabumbatiye amateka y’Umwami Rwabugiri ndetse ninaho ku Ngoro ye yakiriyemo Umudage Von Götzen. Kuri ubu iyo uhageze usanga inyubako nziza ariko zimeze nk’amatongo zamezemo ibyatsi ari zo Hoteli (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ba-Ofisiye 24 mu ngabo z’u Rwanda batangiye amahugurwa mu Kigo cy’amahoro i Musanze agiye kubongerera ubundi bumenyi bazajyana mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye.
Ni amahugurwa yatangiye kuri uyu wa mbere, tariki ya 13 Werurwe 2022, yiswe UNSOC yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy) ifatanyije n’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ndetse n’Igihugu cy’Ubwongereza binyuze mu kigo cy’Ingabo gifasha afurika na British Support (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuturage witwa Nyirurugo Jean de Dieu wo mu karere ka Musanze, umurenge wa Shingiro, arasaba kurenganurwa nyuma yaho Gitifu w’umurenge wa Shingiro amusenyeye inzu.
Mu kiganiro uyu muturage yagiranye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo, yavuze ko inzu ye yasenywe nanubu akaba akomeje kwimwa uburengazira bwo kubaka mu isambu ye igenewe guturwamo, mu gihe Gitifu w’umurenge avuga ko aho hantu hagenewe amashyamba.
Ati: "Mfite icyangombwa cy’ubutaka (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, imiryango isaga 4000 yo mu Ntara y’Amajyaruguru yasezeranye kubana byemewe n’amategeko.
Muri yo harimo imiryango 211 yo mu murenge wa Kinigi, mu karere ka Musanze yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko, nyuma yo kwigishwa yasezeranye hagamijwe kubaka umuryango utekanye.
Ubwo Mamaurwagasabo yaganiraga na bamwe mu bagabo n’abagore basezeranye, bavuga ko ubu bagiye kubasha guharanira iterambere ry’umuryango (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, Umurenge wa Shingiro Akagari ka Gakingo mu mudugudu wa Burengo baravuga ko hari abayobozi bo mu nzego z’ibanze bakomeje kubarenganya bababuza kubaka mu bibanza biri mu isambu zabo.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga muri uyu murenge wa Shingiro abatuye mu mudugudu wa Burengo bamubwiye ko bifuza ko barenganurwa kuri ibi bikorwa bise ibyo gukandamizwa mu iterambere.
Umwe muri aba baturage witwa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu nama yateguwe n’Intara y’Amajyaruguru yagarutse ku mihigo y’iyi ntara n’iy’uturere tuyigize ndetse barebeye hamwe imbogamizi bahuye nazo mu mihigo ya 2021/2022, n’uko imihigo ya 2022/2023 ihagaze n’ingamba zikwiye gufatwa mu kwesa imihigo y’uyu mwaka.
Iyi nama kandi yari yatumiwemo Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu, abaperezida b’inama njyanama z’uturere, abagize komite nyobozi z’uturere, inzego z’umutekano, abafatanyabikorwa n’abakozi b’uturere, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ababyeyi bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Kanama barasaba ko ikiraro cyahuzaga utugari twa Nkomane na Karambo cyasanwa abana bakajya babona uko bajya ku ishuri batagowe no kubanza gukambakamba mu manga yacyo.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho iki kiraro cyahoze muri uyu murenge wa Kanama, bagasaba ko cyasanwa vuba bikajya byorohereza abana kwambuka bagiye ku ishuri.
Umwe muri aba baturage witwa Ishimwe Eric yagize (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ku nshuro ya mbere u Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahangaku yiswe (ASFM23) izitabirwa n’inzobere mu gutanga serivisi z’ibimenyetso bya gihanga bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga byifashshwa mu butabera.
Byatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Werurwe 2023, ubwo Umuyobozi mukuru wa Laboratwari y’Igihugu y’ibimenyetso bya gihanga bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga byifashshwa mu butabera, Dr Karangwa Charles yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru aho (…)
Perezida Kagame yagize Dr. Musafiri Ildephonse Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi asimbuye Dr. Mukeshimana Geraldine wari umaze imyaka 8 kuri uwo mwanya.
Dr Musafiri, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mushya yari asanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi guhera muri Kanama 2022.
Mbere yaho yari Dr Ildephonse Musafiri yari asanzwe ari umuyobozi w’akanama gashinzwe ingamba na politiki za leta mu biro bya Perezida.
Ni umwe mu bagize inama y’ubutegetsi ya Banki (…)
Mu kiganiro n’Abanyamakuru, kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yasubije abibaza niba Congo itazashyira igashoza intambara yeruye ku Rwanda.
Ababyibwira, kimwe na Kakooza Nkuriza Charles, uzwi mu itangazamakuru nka KNC, babihera ku magambo y’abasirikare ba Congo bajya bumvikana bavuga ko biteguye gutera u Rwanda mu mugambwi wo kurwoneka kuri Congo tukaba intara ya 8 yindi yarwo.
Yababije agira ati: "Umubaga Mukuru wungirije w’ingabo za Congo, Gen Chiwewe Chiko yitangarije yuko amaze (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















