Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bazayavuga Vedriyana w’imyaka 94, ubarizwa mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe utuye mu murenge wa Mukamira, umudugudu kibugazi, Akagari Rurengeri, aravuga ko amaze igihe kirekire abayobozi b’inzego zibanze bamubeshya kuzamushakira icumbi none aba mu gikoni yatijwe nuwo basengana.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Mukamira yasanze uyu mukecuru aba mu gikoni avuga ko yatijwe na Ntezehose basengana bityo akaba yifuza ko yashakirwa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abayeyi bo mu Ntara y’Iburengerazuba, mu karere ka Nyabihu baravuga ko bishimira kuba baregerejwe ibigo mbonezamikurire y’abana bato kuri ubu ngo bakaba baremeye gutunganya indyo yuzuye.
Babisabwe kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Gashyantare 2023, ubwo hizihizwaga Umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato (ECD day) mu Ntara y’Iburengerazuba wizihirijwe mu Karere ka Nyabihu.
Bamwe mu babyeyi bavuga ko bishimira kuba bafite ingo mbonezamikurire zaje (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasezeranyije Abanyarwanda n’Isi muri rusange ko azakora ibishoboka byose umutwe w’Iterabwoba wa FDLR ntukomeze kugaba ibitero ku Rwanda, kandi ko na Jenoside itazongera kuba ukundi.
Yabivuze kuri uyu wa Gatatu ubwo yakiraga Abahagarariye Ibihugu byabo n’Imiryango Mpuzamahanga mu Rwanda, mu musangiro usanzwe uba mu ntangiriro z’umwaka.
Wabaye mu gihe umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuzamba, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu kagari ka Rukaragata mu karere ka Rutsiro mu murenge wa Kigeyo baravuga ko umwaka ugiye gushyira batagira umunyabanga nshingwabikorwa w’akagari.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri ako kagari, bibaza icyabuze kugira ngo Gitifu aboneke bakabura igisubizo.
Umwe muri aba baturage witwa Habiyambere Jean Pierre yagize ati: "Nta Gitifu hano muri Rukaragata tugira, imyaka igiye kuba ibiri kandi utundi tugari (…)
Guverinoma ya Congo imaze kwemeza ko kajugujugu ya MONUSCO yahanuwe n’inyeshyamba za M23 arizo zahanuye indege ya MONUSCO.
Iyi ndege y’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye yarashwe ivuye i Beni igana i Goma.
M23 yahakanye ibyo kurasa kuri iyi ndege ivuga ko yarasiwe mu gace kagenzurwa n’ingabo za Leta ya Congo, ndetse ko byakozwe n’ingabo za Leta mu rwego rwo gushora MONUSCO mu ntambara na M23.
Guverinoma ya Congo ivuga ko yamaganye iki gikorwa cyo kurasa ku ndege ya MONUSCO mu gihe ku wa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Kinigi baravuga ko irimbi bifashishaga mu gushyingura ababo ryuzuye bakaba barasubiye gushyingura mu rugo.
Bamwe mu baganiye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo basabye ubuyobozi bw’Akarere ko bwabafasha bukabashakira ahandi bajya bashyingura.
Umwe muri aba baturage yitwa Alphonsine Mukamana yagize ati: "Irimbi ryacu hano mu kinigi rimaze igihe ryaruzuye, ubu nta muntu wemerewe kurishyinguramo nawe (…)
Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Gashyantare Abakongomani batuye i Goma babyukiye mu mihanda bigaragambya basaba ko ingabo z’Umuryango wa Afurika ’Iburasirazuba EAC (EACRF) zimesa kamwe, zikarwana na M23 cyangwa zigataha.
Ni imyigaragambyo ikorwa n’abiganjemo urubyiruko, itewe inkunga na sosiyete sivile yaho, yatangiye ku wa Gatanu ubwo bumvaga ko Abakuru b’Ibihugu bya EAC batumijwe igitaraganya na Perezida Nkurunziza uyoboye EAC muri uyu mwaka, mu mama idasanzwe yiga ku (…)
Ubwo yari mu nama yiga ku Iterambere ry’Ibikorwaremezo muri Afurika, Perezida Kagame yasabye ko hakorwa ibishoboka byose hagakusanya ubushobozi bugamije kubaka ibikorwaremezo ku mugabane wa Afurika kuko ari rumwe mu nzego zikiri inyuma.
Ni inama ikomeye iri kubera i Dakar muri Sénégal, ariyo kandi nk’Umuyobozi wa gahunda ya AUDA-NEPAD yashinzwe mu buryo bwo kwimakaza intego ya Afurika y’uko mu 2063 uyu mugabane uzaba warageze ku iterambere rirambye.
Kagame yavuze ko mu myaka myinshi (…)
Yanditswe na Jean Claude Ndayambaje
Abatuye mu Murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze batangaje ko badateze gutezuka ku gihango bafitanye n’Inkotanyi zabakijije bitero by’abacengezi bitwikiraga Pariki y’Ibirunga.
Babitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya Mbere Gashyantare ubwo Abanyarwanda n’ishuti z’u Rwanda bizihizaga umunsi w’Intwari, ku nsanganyamatsiko igira iti "Ubutwari mu Banyarwanda Agaciro Kacu"
Ku rwego rw’akarere ka Musanze ibirori byabereye mu murenge wa kinigi, mu kagari (…)
Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari z’Igihugu, Nkusi Deo, yatangaje ko u rwanda rugifite abaturage bazavamo intwari muri ibi bihe ndetse n’ibizaza hakurikijwe indangagaciro bagaragaza.
Yabitangarije RBA ubwo Umukuru w’igihugu Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari bamaze gushyiraga indabo ku kimenyetso cy’Intwari giherereye ku Gicumbio cy’intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali mu muhango wo kwizihiza Intwari z’u rwanda uba buri tariki ya Mbere (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















